My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Banyarwanda,Banyarwandakazi nikoko isi yabaye iy’amafaranga ariko ntitwaguma kurebera abanyaga ubutunzi by’ igihugu banyunyuza imitsi y’abaturage mwitwaje y’uko ngo mwazamuwe munzego zifata ibyemezo mu mirenge.Nkasaba leta gukurikirana icyo kibazo naho barigisha abana babo gushakira indonke mubyibano nka bitugukwaha.

KARAKE K. yanditse ku itariki ya: 29-04-2013  →  Musubize

Ntakibaho kitagira impamvu, njye nibaza icyatuma uwo etat civil wa Busoro avugwa bigeze aho? Ese ni imikorere myiza bamushima cyagwa ni ibikorwa bibi nk’ ibyi isiha rusahuzi cg nuko iyo bisa n’ibimenyekanye rimwe babona bimuwe bakajya kuyogoza ahandi bimuriwe? Nyje kubwange ibyavuzwe nabiha agaciro nkagenzura inkuru mbarirano dore ko ituba.Ubundi tukihesha agaciro dutanga service zinoze duteza imbere imiyoborere myiza.

INGORWA yanditse ku itariki ya: 29-04-2013  →  Musubize

TURASHIMA GITIFU WA BUSORO SECTOR/NYANZA,ATANGA SERVICE NZIZA,NTA MUTURAGE URENGANA YAMUGEZEHO,AHUBWO ABATURAGE NIBATINYUKE BAMWEREKE ABO BARUSAHURIRA MU NDURU BATUMA UMURENGE WACU UVUGWA NABI

bineza yanditse ku itariki ya: 29-04-2013  →  Musubize

NDUMVA HARIMO KUBARENGERA UBANZA IYO ETAT CIV.NA AFFAIRE SOC.BA BUSORO/NYANZA (CHARLES &JANVIER)BATSE RUSWA MUSHOBORA KUBA MUSANGIRA.IBYO UBARENGERABYO NINKO KWIKIRIGITA UGASEKA KUKO TWARABATAHUYE,BUSORO IZAGARURA ISURA NZIZA ARI UKO BAKUWE MURI BUSORO(MAYOR NATABARE INTAMA YARAGIJWE NA NYAKUBAHWA PAUL KAGAME.

OBAMA yanditse ku itariki ya: 29-04-2013  →  Musubize

ndashima ubuyobozi bwiza dufite kuko 85% abaturage duhabwa service neza gusa bakomerez’aho

william yanditse ku itariki ya: 26-04-2013  →  Musubize

Ariko ubundi nibarize, sociale na etat civil ni ibihe bibazo bahuriramo muvuga ko basaba abaturage kubaha akantu,ibi ntaho bitaniye na za njiji zandika tracts(inyandiko zitagira abazanditse) icyo gihe twarakirenze nta mpamvu yo kutavuga ikibazo cyawe; uko ubuyobozi bwubatse turabizi, reka gukorera mu mwijima diiiiii !!!!

yanditse ku itariki ya: 24-04-2013  →  Musubize

Yewe muntu uvuga Busoro ngo wabuze service, ko kuri buri rugi hariho nomero za telefone wahamagara igihe utanyuzwe na service uhawe, warabigerageje biranga ??? n’Umuyobozi w’Umurenge aguhaye servise mbi hari nomero uhamagara, warabikoze biranga ?? mumenye gukoresha inzego kuko zirahari

yanditse ku itariki ya: 24-04-2013  →  Musubize

Wowe uvuga kuri Civil Busoro niba utari indondogozi, uko inzego z’ubuyobozi zubatse wagaragaje ikibazo cyawe ubura uguha igisubizo ? Ese servise wasabye ukayibura ni iyihe? Ko abayobozi bacu tuzi imikorere kandi ko nta banga kujya kugaragaza akarengane, ubundi kuki utajya aharagara ?

Wenda uvuga ukuri ariko uko tuzi imitangirwe ya service ushobora kuba hari icyo ukinga abantu

yanditse ku itariki ya: 24-04-2013  →  Musubize

Gutanga igitekerezo nibyo, ariko kuvuga ibyo udafitiye gihamya nabyo ntabwo aribyo; kuvuga ngo Etasivire Busoro arya ruswa utavuze igihe yayiririye n’ikibazo runaka yayiriyemo, uratera urujijo; turamuzi uko akora ibyo uvuga ntaho bihuriye n’uko tumuzi. Niba hari icyo mupfa inzego zirahari kuva kubashinzwe umutekano kugeza no ku muyobozi w’akarere.
Va mu matiku !

mwubahamana yanditse ku itariki ya: 24-04-2013  →  Musubize

Kugaragaza ibitagenda ni byiza ariko gusobanura neza igihe Etat Civil Busoro yaba yaratse ruswa n’ icyo yayakiye byaba byiza kugira ngo tuve mu rujijo kuko dusanzwe tumugana kandi akadufasha ntakiguzi.

Murakoze

mwubahamana beata yanditse ku itariki ya: 24-04-2013  →  Musubize

Turashimira leta yacu,ariko Uyu muntu ushyize ahagaragara Etat civil Charles NKUNDAKOZERA na affaire social janvier bakorera kumurenge wa Busoro mu karere ka nyanza,arakoze kuko baranyunyuza abaturage cyane kdi tuzi ko service zose zitangwa zitakagombye gutangirwa inyoroshyo(bituga ukwaha)cyane cyane mu kwishyuriza abacitse ku icumu imitungo yabo yangijwe muri jenoside no gutanga ibyangombwa biva muri affaire social.turasaba mayor wacuWA NYANZA kudukurikiranira imikorere yabo bantu babiri bakorera muri Busoro.niba atati ibyo baravangira gahunda za nyakubahwa perezida wa repubulika y’uRwanda.niba mushaka kumenya amakuru neza muzabaze abaturage bose abantu bishe UMURENGE WA BUSORO,Bazababwira abo biyita abayobozi .

yanditse ku itariki ya: 23-04-2013  →  Musubize

Umwe mubayobozi b’umurenge wa BONEZA mu karere ka RUTSIRO yahitanywe n’impanuka y’imodoka.

Raymond DUSABE yanditse ku itariki ya: 23-04-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka