My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1423 )

mutubarize MADAMU MUTAKWASUKU YVONNE;ese abantu batabonye ibyangobwa by’ubutaka bya burundu muri NYAMABUYE bamwandikiye umwaka ukaba ushize ntagisubizo bazasiragira muri service y’ubutaka kugera ryari?(ubaza muri service y,ubutaka ngo muzategereze umwanzuro w’akarere)

nsabimana aphrodis yanditse ku itariki ya: 26-06-2013  →  Musubize

Mutubarize Muzuka impamvu yatanze atatanze ibirarane by’abarimu bagiye baha bamwe abandi barabareka? bakurukije iki kandi MINEDUC iba yatubwiye ko twese bazayaduha???Birababaje ntakuvamvura abana kandi bose aba ari bamwe?

niyoyita M. claire yanditse ku itariki ya: 25-06-2013  →  Musubize

Mutubarize muri GENERATIONRWANDA Ko badusaba ibyangombwa tukabitanga twujuje nibisabwa ngo duhabwe promotion yo kwiga baba batangaje ubwabo kandi bikanaduhenda kugirango tu deposer ariko nta yego nta na oya tujya tubona kandi criteres zose tujujuje

NDAYISENGA Wellars yanditse ku itariki ya: 24-06-2013  →  Musubize

NASABAGA ABANA BIGAKU KIGO CY’ABYIMANA KO BIRINDA IGIKORWA CYUBUGIZI BWANABI CYO GUTWIKA AMASHURI BIGIRAMO BAZAJYEGUKORERA AMAHUGURWA KUKIGO CYA CIKUKIRO IPRC KIGALI TSS.

will williams yanditse ku itariki ya: 23-06-2013  →  Musubize

Mudutabarize natwe EWSA mu karere ka BUGESERA Centre ya BATIMA dukeneye umuriro kandi birakwiye.

Simfeli yanditse ku itariki ya: 21-06-2013  →  Musubize

nibyiza ko tunga tv bayitekere gusa niba dukangurirwa gukora 24/24 ndabo bamwe bashobora kwiherera mumakuru bareba ntibakore kd abana no gukunda amashusho sinzi niba batazimurira ibyumba by’amashuri mumadirishya hahengeza aho kwiga bikoramwe ubushishozi.

alias yanditse ku itariki ya: 20-06-2013  →  Musubize

Ndatabaza kuri EWASA nimudutabare mu murenge wa Ngeruka mukarere ka Bugesera twabuze amazi inzara igiye kutwica none n’amatungo yacu amerewe nabi.

Mukamutesi m chantal yanditse ku itariki ya: 19-06-2013  →  Musubize

ESE NIBATICUGIRA UMUTEKANO BAWUCUNGIRWA NANDE?NIBAFASHE INGABO Z’IGIHUNGU NA POLCE Y,U RWANDA KUBABERA AHO BATARI
MUREBE KO TUDATURA MU RWATUBYAYE NEZA TWICUNGIRA UMUTEKANO EREGANAWE UMUTEKANO WI GIHUGU URAKUREBA KUKO NTAMUTEKANO NAWE NTIWARYAMA CYANGWA NGO UGIREN ICYO WABA WAKORA NGO KIGUTEZE MBERE.

alias Sagaga yanditse ku itariki ya: 19-06-2013  →  Musubize

Bjr! Cip nanubu twarumiwe abantu bayigagamo. So wda ibyigeho badusubize.

Alias yanditse ku itariki ya: 17-06-2013  →  Musubize

Bjr! Cip nanubu twarumiwe abantu bayigagamo. So wda ibyigeho badusubize.

Alias yanditse ku itariki ya: 17-06-2013  →  Musubize

Dushimishwa nukuntu Igihugu cyacu kirimo cyihuta mu iterambera,haba mubikorwa remezo n,ibindi.Ariko hari uduce tumwe natumwe usanga kuzabona ibyo bikorwa remezo arihatari kandi byitwa ko bafite umuhanda nyabagendwa.Aha ndashaka kuvuga nko kubona Amazi n,umuriro. Aha ni mukarere ka Gisagara, Umurenge wa Save, Akagali ka Zivu, Umudugudu wa Ryarubayi. bivugango abaturage batuye mw,uyu mudugudu kubona amazi mw,iyimpeshyi ni ikibazo kibabangamiye cyanee.Aba baturage babonye amazi cyane cyane byarushaho kuba byiza cyane.

Niyirema Jean Pierre yanditse ku itariki ya: 14-06-2013  →  Musubize

Akarere ka Gisagara, Umurenge wa Save, Akagali ka Zivu. Umudugudu wa Ryarubayi. Twashimishijwe nuko tubonye umuhanda uva muri Ndora wambuka muri Save ariko kurubu duhangayikishijwe namazi agiye kuzadusenye bitewe nuko abantu barikudukorera umuhanda batashakiye inzira ubu akaba ayoboka mungo z,Abaturage bomw,uwo mudugudu. byarushaho kuba byiza mutubarije.

Niyirema Jean Pierre yanditse ku itariki ya: 13-06-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka