My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

INKURU ZANYU TURAZISHIMIRA ARIKO BISHOBOTSE MWAGABANYA AMAKOSA M’UBURYO ZIBA ZANDITSWE.Thank you very much.

yanditse ku itariki ya: 29-11-2012  →  Musubize

Porisi yigihu turashimira umutekano mumuhanda arko zebra closing abamotari bameze nabi kko ahokuguha akayira ucyizwa nogusimbuka hakaba igihe ugwa mumodoka ihaguru kire akokantu murakoze

Munyentwali eugene yanditse ku itariki ya: 20-11-2012  →  Musubize

nyamasheke bahisemo neza pe. urebye ukuntu amashyirahamwe yateje umugi wa karongi imbere munyubakire mugihe gito birashimishije.babirahure

mumu yanditse ku itariki ya: 15-11-2012  →  Musubize

turatabariza ubuyobozi bwite bwa leta kugarukira abaturage batuye umurenge wa bugarama mu karere ka rusizi bitewe nimvura yaguye yangiza umuhanda ndetse nimiceri mu gishanga cya bugarama!!

baby yanditse ku itariki ya: 10-11-2012  →  Musubize

ndashimira abateye inkuga igikorwa cyo gufasha abasenyewe na Burehe.

TUYIZERE Charles yanditse ku itariki ya: 9-11-2012  →  Musubize

Iri soko rya Bikingi mu murenge wa Bigogwe ubanza uwize iryo soko atari yabitekerejeho kuko yarishyize hirya cyane ya kaburimbo ahubwo azana iry’inka arishyira kumuhanda bazabigurane inka zijye hirya isoko nrize kumuhanda rizahita ryitabirwa.Nibitabako bazihanganire igihombo cy’amafranga yaryubatse

frederic yanditse ku itariki ya: 6-11-2012  →  Musubize

imbaraga nyinshi mubijya nye nubuta ka
zirakenewe cyane pe
mushyiremo imbaraga pe!

hakizimana pascal yanditse ku itariki ya: 25-10-2012  →  Musubize

akarere ka burera muzagerageze mudusure dufite igitekerezo tugomba kubagezaho ;kubyerekeye isuku muri rusange,

nsabimana evariste yanditse ku itariki ya: 17-10-2012  →  Musubize

akarere kagatsibo karakoze cyane ayo naya project yinka zifatirwa mucyigo cyagabiro

gasangwa theoneste yanditse ku itariki ya: 8-10-2012  →  Musubize

ayomafaranga akarere kagatsibo katanze kazayitirire abaturage banyazwe inkazabo zafatiwe mucyigo cyagisirikare cy’IGABIRO kuko barayarengeje muruyumwaka

gasangwa theoneste yanditse ku itariki ya: 8-10-2012  →  Musubize

ndashimira police y,igihugu idahwema kurwanya ikibi cyose mugihugu.murakoze.

niyibizi jados yanditse ku itariki ya: 7-10-2012  →  Musubize

umuyobozi w’akarere ka gicumbi Mvuyekure Alexandre n’abamwungirije bigaragara ko bafite ubushake bwo kuzamura aka karere,ariko ;abashinzwe gutanga serices baravanga.Nkawe se buriya muri Mwalimu Sacco! Education! Secretariat! aha!!

ombeni yanditse ku itariki ya: 6-10-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka