My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
UMUDUGUDU NGANZO AKAGARI MATABA UMURENGE GIHANGO:ITERAMBERE TURIGEZE KURE KDI TWESE TWAVUYE MURI HIGH RISKS ZONE. ICYO TUBURA AMASHANYARAZI ; KDI TURASHIMIRA GAHUNDA YA LETA ITUGEJE KU ITERAMBERE,ARAREKWA NTASHIRA :NGANZO NI PARADIZO PARADIZO(MU CYEREKEZO 2020).
turabemera cyane rwose kubwa service nziza muduha.ariko mu murenge wa remera umuriro ntago watugezeho rwose si nzi icyo mwadufasha rero!!!!!!!!
murakoze cyane!
mwatubarije
Turashima byimazeyo Equipe iyoboye Kamonyi,ku imikoranire myiza n’abaturage.DUKORANE UMURAVA DUTERE IMBERE.
mudufashe natwe dukeneye kaburimbo imusamvu hashize igihe kinini kobazawuduha mutubarize ni ngoma kibungo
Nimwihangane namwe umuriro muzawubona bidatinze.i Gikomero mu karere ka Gasabo turawubona mukanya gato.Amazi ni four hehe na rwakobo ndavuga ku isooko.buji bay bay!!
I GIKOMERO UMURIRO TURAWUKOZAHO IMITWE Y’INTOKI
Nukuri mugerageze mutworohereze tubashe kwiga kukobirakomeye, wenda leta iduhe inguzanyo
natwe mu karere ka nyanza,umurenge wa rwabicuma akagari ka runga turasaba abayobozi ba MTN gukemura ikibazo cya netuok dufite, maze tukikorera akazi neza.
Mudufashe natwe mudukuremukizima muduhe amashanyarazi mumurenge wa CYANIKA natwe twiteze imbere.
NATWE MUMURENGE WA GASANGE WOSE MURI GATSIBO WAGIRANGO TWAHEJWE NAMATEKA NTAMAZI DUFITE NTA NUMURIRO KANDI DUTANGA IMISORO YA LETA!
nibyiza gukora gahunda nkizi zifasha mwu iterambere.
ariko hazabeho gukurikirana abahuguwe