My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

Amasoko mu karere ka Musanze arimo ruswa ikabije,n’abantu bamwe gusa bayahabwa,ubuyobozi ntacyo bumaze

NZAYAVUGA Paul yanditse ku itariki ya: 4-07-2013  →  Musubize

mwaramutse nshuti zitadutererana!mutubarize ubuyobozi bya ewsa impamvu badaha abakozi babo umushahara wemwnje mu igazeti ya leta guhera mu07/2012 batubeshya kugeza ubu!mudusesengurire ibibera muri iki kigo cyacu kuko birarambiranye

alias yanditse ku itariki ya: 3-07-2013  →  Musubize

Ni byiza ko ngororero itera imbere ariko ewasa iri kubasondeka matara yo kumuhanda none se nawe uragera kumuhanda ugasanga hari kwaka jmatara 2 mu matara 50 nayo kandi yaka nka twa dutara twa economique duto mbese nitara rimurika ipoto gusa ahaa! iyi visio yincinwa

Omali BIZIMANA yanditse ku itariki ya: 2-07-2013  →  Musubize

kubera umutekano wacu ntitubashije kwivuga izina ariko twasaga ko mukarere ka gatsibo umurenge wa kiziguro, akagali ka mbogo wadusabira amazi meza kuko tunywa amazi yo mumuferege niho hantu tugikoresha amazi yo kudasha intoki mugishanga.

Alphonse mukungwa yanditse ku itariki ya: 28-06-2013  →  Musubize

munyarukire i cyarwa urenze ku mukoni gato, ahapimirwa nyirantare hitwa kwa KIBWA bakubise umuntu aba indembe, ubu ari mu bitaro ibutare, ubuyobozi bw’umurenge bwafunze ako kabare none karimo karakora kandi umurenge uzi ko gakopra. BATWICE BAKOMEZE BAPIME BYA NYIRANTARE BYABO?? MURAKOZE!!!!

ayinkamiye enata yanditse ku itariki ya: 28-06-2013  →  Musubize

NDI J.PIERRE NDI MU KAGALI KA KABUGA UMURENGE WA MBAZI ABAYOBOZI BOMU KAGALI KAGABUGA NIBAKIRA ABAGANA NEZA KANDI BAGERA KU KAGARI SAA YINE

alias yanditse ku itariki ya: 28-06-2013  →  Musubize

mutubarize MADAMU MUTAKWASUKU YVONNE;ese abantu batabonye ibyangobwa by’ubutaka bya burundu muri NYAMABUYE bamwandikiye umwaka ukaba ushize ntagisubizo bazasiragira muri service y’ubutaka kugera ryari?(ubaza muri service y,ubutaka ngo muzategereze umwanzuro w’akarere)

nsabimana aphrodis yanditse ku itariki ya: 26-06-2013  →  Musubize

Mutubarize Muzuka impamvu yatanze atatanze ibirarane by’abarimu bagiye baha bamwe abandi barabareka? bakurukije iki kandi MINEDUC iba yatubwiye ko twese bazayaduha???Birababaje ntakuvamvura abana kandi bose aba ari bamwe?

niyoyita M. claire yanditse ku itariki ya: 25-06-2013  →  Musubize

Mutubarize muri GENERATIONRWANDA Ko badusaba ibyangombwa tukabitanga twujuje nibisabwa ngo duhabwe promotion yo kwiga baba batangaje ubwabo kandi bikanaduhenda kugirango tu deposer ariko nta yego nta na oya tujya tubona kandi criteres zose tujujuje

NDAYISENGA Wellars yanditse ku itariki ya: 24-06-2013  →  Musubize

NASABAGA ABANA BIGAKU KIGO CY’ABYIMANA KO BIRINDA IGIKORWA CYUBUGIZI BWANABI CYO GUTWIKA AMASHURI BIGIRAMO BAZAJYEGUKORERA AMAHUGURWA KUKIGO CYA CIKUKIRO IPRC KIGALI TSS.

will williams yanditse ku itariki ya: 23-06-2013  →  Musubize

Mudutabarize natwe EWSA mu karere ka BUGESERA Centre ya BATIMA dukeneye umuriro kandi birakwiye.

Simfeli yanditse ku itariki ya: 21-06-2013  →  Musubize

nibyiza ko tunga tv bayitekere gusa niba dukangurirwa gukora 24/24 ndabo bamwe bashobora kwiherera mumakuru bareba ntibakore kd abana no gukunda amashusho sinzi niba batazimurira ibyumba by’amashuri mumadirishya hahengeza aho kwiga bikoramwe ubushishozi.

alias yanditse ku itariki ya: 20-06-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka