My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1370 )

RWAMAGANA IBURA RY, UMURIRO RIRAKABIJE EWASA ITABARE ABOGOSHA BO BARARIRA ABIFASHISHA AMASHANYARAZI INZARA IRATUMARA MUTUBARIZE,NI JUSTIN NGABO

NGABO JUSTIN,M.CJUSTIN yanditse ku itariki ya: 1-11-2013  →  Musubize

Mbanje kubasuhuza mwebanyamakuru ba KIGALI TOday
twishimiramakuru mutugezaho arikomujye mutunyarukira no mumirenge nahomutubwire ukobyifashe

NIYONZIMA jeanbaptiste yanditse ku itariki ya: 1-11-2013  →  Musubize

uwo muntu imana imwakire yashakaga imibereho

MANIRIHO ERNEST yanditse ku itariki ya: 1-11-2013  →  Musubize

KONASABYE KO MWADUKORERA UBUVUGIZI KURI KUMUYOBOZI W’IKIGO NDERABUZIMA CYA NDORA MU KARERE KA GISAGARA AHO YIGIZE AKAMANA KUBURYO ABARAYE IZAMU ATABASIGIRA IMITI YO GUHA ABARWAYI KANDI N’ABAFOROMO ABAKATA PBF MUDUTABARE N’ABATURAGE TUZASHIRA

PAUL yanditse ku itariki ya: 1-11-2013  →  Musubize

Banyamakuru tubashimiye amakuru meza mutugezaho aho iwacu kandi ndongera gushimira ubuyobozi bwadukuye mu mwigunge bakatwubakira ikiraro cya RWONDO uruzi rwarirugiye gutumarira abaturage murakaramba.

UGIZWENAYO Samuel yanditse ku itariki ya: 31-10-2013  →  Musubize

mujye mutugezaho amukuru uko bikwiye

kimenyiakram yanditse ku itariki ya: 31-10-2013  →  Musubize

Muraho , ndabasaba kuba mwamfasha kobona insanganyamatsiko zose uko ari 19 z’igihe cyo kwibuka zaranze ibihe byo kw’ibuka mu Rwanda .kubibona muraba mumbyaye murakoze ndategereje.

HATEGEKIMANA Charles yanditse ku itariki ya: 31-10-2013  →  Musubize

mbashimiye kubwamakuru y,anyu

manshya mutugezaho

ndabemera pe.
murakoze!

kwizera yanditse ku itariki ya: 29-10-2013  →  Musubize

iriya modoka no kuyireba ku jisho nta buziranenge buyirangwaho nibura kandi iyo iba ikorera mu mihanda myiza naho yaratinze.ahubwo sinzi ukuntu yarengaga kamarashavu.gusa nihanganishije abakozweho n’iyo mpanuka.

alfa yanditse ku itariki ya: 29-10-2013  →  Musubize

ndi umwe mubatuye mumurenge waGIKOMERO koko imvugoniyongiro turashima president ko umuriro twa wubonye ubu gikomero irakeye. tugashima numuyobozi wumurenge ko ata hwemye kwihutisha ibikorwa.

karuyonga emmanuel yanditse ku itariki ya: 23-10-2013  →  Musubize

Gikomero mu karere ka Gasabo twatashye umuriro.Bravo Paul Kagame.Iterambere i Gikomero oyeeeeeeee!!!!!!

alias kn2 yanditse ku itariki ya: 22-10-2013  →  Musubize

ndumunyeshuri muri kaminuza mugihugucyabaturanyi cy,ubugande uburubyirukonizombaragazigihucyacu tugomba tugombaguharanira ubumwebwabanyarwa dushingiye kumurimo,ubumwe no gukunda igihugucyacu ibibizadufasha kwiteza imbere twigira tunirinda gusabiriza no gutega amaso amahanga

nshimiyimana aime yanditse ku itariki ya: 22-10-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka