My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
nukuri ndashimira abayobozi ba gasabo iterambere batugezaho!
mwatubwirira umuyobozi w’akarere ka nyamagabe akadusubiza abakozi bari bashinzwe amashyamba ko amaze gushiraho nyuma y’uko babirukanye
FPR oyee!!! andabemera kd ndashaka kuzajya kubonana na paul tukaganira nkamugezaho ikibazo abanyarwanda bafite nkuko bantumye nk’umuvugizi wabo.
Ndacyekako Amatora Yaba Yagenze Neza
Natwe Mukarere Ka Rutsiro Reseau Y’airtel Turayikeneye.
natwe abayapani batugezeho ayo mashanyarazi hano i KAVUMU ka RWAMAGANA.murakoze rwose.kdi twizeyeko muri budutumikire
natwe abayapani batugezeho ayo mashanyarazi hano i KAVUMU ka RWAMAGANA.murakoze rwose.kdi twizeyeko muri budutumikire
Turabashimira uyu umwanya mwaduhaye nukuri murabo gushimirwa pe! nagirango mbatume kuri EWASA hano iRWAMAGANA mu murenge wa gishari akagari ka KAVUMU,ko baduha amashanyarazi natwe ibyo byiza bitugereho. hari transfor ariko ntamuturage urawuhabwa sinzi ikibura rero.mutubarize kabisa.thanks
nibyiza koko urwanda rugomba kwihesha agaciro n,ubwo ari ruto si urwo gusuzugurwa
DUHORA TURI UPDATE KUBERA MWEBWE!!!! SO NATWE TUBARINYUMA!!!
turasaba ko mu murenge wa kivumu mwaduhereza connection ya airtel.turasaba ko abayobozi ba karere ka rutsiro ba dufasha mu guhinduza ibyiciro by’ubudehe kuko birimo bira bangamira abanyeshuri cyane kugeza naho bamwe muritwe tutazajya ku mashuri a couse y’ibyiciro by’ubudehe kandi batangaje ko bigomba guhindurwa
Natwe turasaba network za tigo na airtel murakoze