My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1423 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Iryo kusanyirizo rya mata mwatubwiye muri BURERA riri mu wuhe murenge?
Muge mutugezaho amakuru yo mumirenge murakoze
Birababaje kugeza uyu munsi hari ahantu mu Rwanda hatari network nimwe ,FM itavuga kandi ubuyobozi bwa karere ka kirehe bubizi gusa ntibugire icyo bubikoraho ni MURI MPANGA KIREHE especially muri NASHO MUTUVUGANIRE KABISA
Yesterdy,i attended church services at Saint Famille as usual.In a third Mass,for the first time, i was astonished when,believers,were not able to have access on Holly communion,as" Austia" were not enough,long queu had to go home without,having Jesus Christ!!!.
natwe irusizi mudukorere ubuvugizi kukibazo cyumuriro nkomumurenge wankungu ntanisinga iba muyumurenge mutubarize?
RWAMAGANA IBURA RY, UMURIRO RIRAKABIJE EWASA ITABARE ABOGOSHA BO BARARIRA ABIFASHISHA AMASHANYARAZI INZARA IRATUMARA MUTUBARIZE,NI JUSTIN NGABO
Mbanje kubasuhuza mwebanyamakuru ba KIGALI TOday
twishimiramakuru mutugezaho arikomujye mutunyarukira no mumirenge nahomutubwire ukobyifashe
uwo muntu imana imwakire yashakaga imibereho
KONASABYE KO MWADUKORERA UBUVUGIZI KURI KUMUYOBOZI W’IKIGO NDERABUZIMA CYA NDORA MU KARERE KA GISAGARA AHO YIGIZE AKAMANA KUBURYO ABARAYE IZAMU ATABASIGIRA IMITI YO GUHA ABARWAYI KANDI N’ABAFOROMO ABAKATA PBF MUDUTABARE N’ABATURAGE TUZASHIRA
Banyamakuru tubashimiye amakuru meza mutugezaho aho iwacu kandi ndongera gushimira ubuyobozi bwadukuye mu mwigunge bakatwubakira ikiraro cya RWONDO uruzi rwarirugiye gutumarira abaturage murakaramba.
mujye mutugezaho amukuru uko bikwiye
Muraho , ndabasaba kuba mwamfasha kobona insanganyamatsiko zose uko ari 19 z’igihe cyo kwibuka zaranze ibihe byo kw’ibuka mu Rwanda .kubibona muraba mumbyaye murakoze ndategereje.