My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Natwe turasaba network ya tigo na airtel mu karere ka Gisagara
network ya tigo na airtel mu karere ka Gisagara
Mwatubwiriye ababishinzwe koko bakaturwanaho
bakaduka umuhanda wakaburimbo mukarere ka Nyaruguru koko?
Nibibyiza konyaruguru amajyambere ahagera koko ariko se haburiki ngo hagere kaburimbo nkahandi m’uturere rw’u Rwanda ? aritwizere neza ko ababishizwe babikurikiranira hafi.
iterambere kuri boseeeee turabashyigikiye
Nyamasheke Turabasaba Gutora Neza Apana Birya Byabaye Ntibizongere
twongere amasengesho
Abanyabugesera ndabakunda kdi mukomerezaho iterambere mwitabire umurimo
Turabashimira urubuga muduha mugutanga ibitekerezo.
congo nireke kwiyenza kurwanda!ngo ishakira igisubizo aho kitari
ariko nibo cong ishaka gutera urwanda niyerure ibivuge
tubimenye natwe twiteguye kwirwanaho nkabanyarwanda.
naho ubundi nibaturekere amahoro yacu nkabanyarwanda,
mu mahoro yacu dusanzwemo <GUSA IMANA ITUBE HAFI NKUKO
TUYIZERA>.
Jye ndabona amaherezo bakwiye kuduha ibikoresho tukerekerayo,kuko ibi si ibintu. Mu Rubavu ntibagire ubwoba.
Tubashimira uburyo mubasha kumva ibibazo by,abaturage mureberera.Ariko hano mu karere ka Gisagara,abanyeshuri bakaminuza turacyafite ikibazo cyokwiga bitewe n,ubushobozi buke dufite kandi tukaba tubona n,ubuyobozi ntacyo bubivugaho busa nkaho bwadutereranye.