My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Natwe turasaba network ya tigo na airtel mu karere ka Gisagara

network ya tigo na airtel mu karere ka Gisagara

MURWANASHYAKA Pascal yanditse ku itariki ya: 10-09-2013  →  Musubize

Mwatubwiriye ababishinzwe koko bakaturwanaho
bakaduka umuhanda wakaburimbo mukarere ka Nyaruguru koko?

alias djuma yanditse ku itariki ya: 9-09-2013  →  Musubize

Nibibyiza konyaruguru amajyambere ahagera koko ariko se haburiki ngo hagere kaburimbo nkahandi m’uturere rw’u Rwanda ? aritwizere neza ko ababishizwe babikurikiranira hafi.

hirwa jean claude yanditse ku itariki ya: 9-09-2013  →  Musubize

iterambere kuri boseeeee turabashyigikiye

gasaba yanditse ku itariki ya: 9-09-2013  →  Musubize

Nyamasheke Turabasaba Gutora Neza Apana Birya Byabaye Ntibizongere

Karuhije yanditse ku itariki ya: 5-09-2013  →  Musubize

twongere amasengesho

habiyonizeye francois yanditse ku itariki ya: 3-09-2013  →  Musubize

Abanyabugesera ndabakunda kdi mukomerezaho iterambere mwitabire umurimo

Mpejwiki aboubakar yanditse ku itariki ya: 3-09-2013  →  Musubize

Turabashimira urubuga muduha mugutanga ibitekerezo.

patric yanditse ku itariki ya: 2-09-2013  →  Musubize

congo nireke kwiyenza kurwanda!ngo ishakira igisubizo aho kitari

Andrew MURWANASHYAKA yanditse ku itariki ya: 31-08-2013  →  Musubize

ariko nibo cong ishaka gutera urwanda niyerure ibivuge
tubimenye natwe twiteguye kwirwanaho nkabanyarwanda.
naho ubundi nibaturekere amahoro yacu nkabanyarwanda,
mu mahoro yacu dusanzwemo <GUSA IMANA ITUBE HAFI NKUKO
TUYIZERA>.

rwanyamugabo k fred yanditse ku itariki ya: 30-08-2013  →  Musubize

Jye ndabona amaherezo bakwiye kuduha ibikoresho tukerekerayo,kuko ibi si ibintu. Mu Rubavu ntibagire ubwoba.

Misigaro hussein yanditse ku itariki ya: 30-08-2013  →  Musubize

Tubashimira uburyo mubasha kumva ibibazo by,abaturage mureberera.Ariko hano mu karere ka Gisagara,abanyeshuri bakaminuza turacyafite ikibazo cyokwiga bitewe n,ubushobozi buke dufite kandi tukaba tubona n,ubuyobozi ntacyo bubivugaho busa nkaho bwadutereranye.

Niyirema jean Pierre yanditse ku itariki ya: 28-08-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka