My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1298 )

Mu ntara yamajyaruguru iGICUMBI mu murenge wa kaniga urukiko ruhakorera abacamanza baho kurya ruswa babigize akamenyero, mutabare abaturage abo bantu bahindurirwe ahandi.Iyo utatanze akantu ntacyo ugeraho.

yanditse ku itariki ya: 7-06-2013  →  Musubize

twasabagako muriyigahunda ya vision2025 nibura buri kagari kagira poste desate kukoharahabaturage kugerakwamuganga bibagorakuberaimiterere yuturere nkomujaruguru rurindo gakenke nahandi cg byaba bidashoboka mukarebako hakorwa imihanda

nshakirahe henerco yanditse ku itariki ya: 6-06-2013  →  Musubize

Ese?i NYABIHU haba abayobozi munyarukireyo mu Murenge wa Jenda .Akagari ka Nyirakigugu,Umudugudu wa Nteranya mwiyumvire ukuntu ubujura bwo kwiba Inka nijoro hanyuma bakazibagira kugasozi ese? kuki bidatangazwa kandi aborozi barembye?

MANISHIMWE SAMUEL yanditse ku itariki ya: 6-06-2013  →  Musubize

Ese?i NYABIHU haba abayobozi munyarukireyo mu Murenge wa Jenda .Akagari ka Nyirakigugu,Umudugudu wa Nteranya mwiyumvire ukuntu ubujura bwo kwiba Inka nijoro hanyuma bakazibagira kugasozi ese? kuki bidatangazwa kandi aborozi barembye?

MANISHIMWE SAMUEL yanditse ku itariki ya: 6-06-2013  →  Musubize

amakuru yintore zo mukarere ka rusizi zi mezegute?

yanditse ku itariki ya: 4-06-2013  →  Musubize

Ndabaza abayobozi b’akarere ka Nyanza igituma iteme rya Mpanga ridakorwa.Harabura iki koko?

mahirwe Aime yanditse ku itariki ya: 31-05-2013  →  Musubize

mutubarize SFAR impamvu umuntu yohabwa amafaranga yicumbi ukwezikumwe gusa akagira umwaka atarabona andi kandi acumbikiwe na sfar,ayomafaranga yumwakawose ntabonye bizagendabite?murakoze kumbariza

byiringiro yanditse ku itariki ya: 26-05-2013  →  Musubize

MUTUBARIZE KIE IMPAMVU YANZE KUDUSUBIZA AMAFARANGA YACU YA CAUTION YA LIBRARY N’AYO TWARISHYE TWENDA KU GRADUA MU MWAKA WA 2012 NUBU TWARAHEBYE

ombeni yanditse ku itariki ya: 24-05-2013  →  Musubize

ABAKOZI BIBIGO NDERABUZIMA TURASABAKO MWADUHINDURIRA ABA TITULAIRE KUBERAKO HARI ABAMAZE KUBIGIRA AKARIMA KABO,BIRUKANA ABAKOZI UKO BISHAKIYE HANYUMA BIKAGIRA INGARUKA KUBANDI BAKOZI BASIGAYE,URUGERO NI NKO KUKIGO NDERABUZIMA CYA NTARUKA ABAKOZI BASIGAYE BAHEMBWA BIGORANYE KUBERA KWISHYURA ABAKOZI BIRUKANWE KUMAHERERE BAJYA KUREGA BAGATSINDA NONE NUBU ICYO KIBAZO KIRAHARI,NIYO MPAMVU TWASABAGA ABAYOBOZI KO BAKWIHUTITA GUKEMURA ICYO KIBAZO,ABAKOZI NTIBAKIVUGA KUBERAKO UMUYOBOZI,ABATERA UBWOBA CYANE MUTABARE

yanditse ku itariki ya: 24-05-2013  →  Musubize

urubyiruko rw’u rwanda bararufungira éducation vaste?!burya nta kitagira resultat(action)

yanditse ku itariki ya: 22-05-2013  →  Musubize

urubyiruko rw’u rwanda bararufungira éducation vaste?!

yanditse ku itariki ya: 22-05-2013  →  Musubize

MURAHO!NYAMARA NUBWO BAVUGANGO TWE GUSIMBUKA IMYAKA IMWE NIMWE YAMASHURI HARI ABAFITE ISHINGIRO AHA NDAVUGA ABIGA MU ISHURI RYSUMBUYE RYA GASENYI /KARONGI/ MUTUNTU SECTOR KUKO HABA ABARIMU BASHEKEJE CYANE UWITWA MUKAMANA ZELDA KUKO UBUYOBOZI BURAMUKUNDWAKAZA BUKANMUHA AMASOMO YINGENZI YOSE ATYABISHOBOYE, ATABONEKA TWABAZA BATI MUZAGE KUREGA AHO MUSHAKA NUKO UGAHITAMO KWIGENDERA UDATAYE IGIHE CYAWE.MUDUTABARE

anice yanditse ku itariki ya: 22-05-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka