My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

uwahiga umuhigo w’ubuhinzi bw’icyayi muri Gicumbi,yatahana
intsinzi,nkurikije, uruhari gifite mu bukungu bw’iki gihugu, n’ukuntu His Excellence,adukangurira kwiga kukinywa(orthodox tea,flavored).

siboniyo theophile yanditse ku itariki ya: 16-10-2013  →  Musubize

rusizi nzahaha.nyenji.dufitikibazocyumuriro.kandi urugomerorwa.kojefale.duhuriyehona.kongo.uburundi.rwubatswemu.murengewa.nzahaha.homukagalikanyenji.nukuvugako umurirujya.iburundi.ucanyenji.ugakomeza.arikontamuriro.ntamuhanda.gusayubajije.umuyoboziwakarere.bwana Nzeyimana Oscali w’akubwirako,birimur,prog yakarere.

vainqueur olivier yanditse ku itariki ya: 15-10-2013  →  Musubize

kinihira sawa uretse ko abanyakigali bahinjiriye ngo nabatechnicien aruguteka imitwe bagateranya abo bahasanze;GS KINIHIRAYO YIYEMEJE KWAMBURA BASHAKA IBYUBUNU NAKAGA

Freddy yanditse ku itariki ya: 12-10-2013  →  Musubize

MUTUBARIZE MTN YARATWAMBUYE AMAFARANGA TWAKOREYE TWANDIKA SIMUKADI ZA MTN , BARATURANGARANYE TWABUZE AHO TUBARIZA , NAGIYE KURI CENTER ZA MTN BAKATUBWIRA KO ATARIBO BABISHINZWE, TURATABAZA . NDABIZI MUZI GUTOHOZA INKURU NI MUTOHOZE KUKO BIRABABAJE PE! IMVURA,IZUBA ,INZARA, TWAHUYE NABYO TWIZEYE NGO TURAKORERA AMAFARANGA .

NKOLE yanditse ku itariki ya: 11-10-2013  →  Musubize

MUTUBARIZE M TN YATWAMBUYE AMAFARANGA YACU TWANDIKIYE AMASIMUKADI AHAAAAA! BIRABABAJE PEE!

NSENGIYUMVA yanditse ku itariki ya: 11-10-2013  →  Musubize

mwarakoze cyane kutujyezaho iki kinyamakuru ariko nkasaba retako yakoze umuhanda uva kurikaburimbo ugana rukoma,gusa ntikore ujya kayenzi.ubwo sakarengane kwiterambere ryubucuruzi bwikayenzi?

levis yanditse ku itariki ya: 10-10-2013  →  Musubize

aha?????? ywe abanyakigali ni danger::::::::::

rwabuzisoni yanditse ku itariki ya: 8-10-2013  →  Musubize

Mbashimiye ku bw’ibyiza n’amakuru agezweho muduha,mukomereze aho

Tuyizere Sean Philippe yanditse ku itariki ya: 8-10-2013  →  Musubize

Natwe muri Nyamasheke umurenge wa Nyabitekeri amapoto asaziye mu butaka kandi umuriro turawukeneye

UWIMANA ANNE MARIE yanditse ku itariki ya: 7-10-2013  →  Musubize

Mwadukoreye Ubuvugizi Nkabantu Twubatse Isoko Ry’ I Nyanza,hakaba Hashize Imyaka Ibiri Tutarahembwa Rwiyemeza Mirimo Hitiyaremye Afrodisjust Size Avugako Akarere Katarayamuha.Mwatubariza Icyo Tuzira Mukarere Prz Isoko Ryaruzuye Barikoremo Ni Mudutabare Mbaye Mbashimiye

Imanaturikumwe Emmanuel yanditse ku itariki ya: 7-10-2013  →  Musubize

Ko abanyamakuru tubrmera; mwadukoreye ubucukumbuzi bwimbitse ku kibazo kiri mu karere ka Ngoma aho Nambaje Aphrodise akomeje guteranya abakorera ? ?
ako karere bakaryana kugira ngo we akomeze yinjize bene wabo bazamufashe gucengeza amatwara ya PSD. Utugero yazanye murumuna we gukorera muri Kibungo amuhungishije i Kirehe aho yariye mutuelle yabaturage muri Gahara; ubu agiye gutwara mushiki we Nyirabagenzi kuyobora poste de sante ya Kazo bitanyuze mu mucyo. Genda Ngoma warakubititse!

Rusarika yanditse ku itariki ya: 6-10-2013  →  Musubize

Mwadukorera ubuvugizi bakadukorera umuhanda wa Ruhango-Kinazi, nahantu umuhanda wacitse kinazi-Mutima. Turabashimiye!

Mbonabucya Gerard a.k.a DOGNOSE yanditse ku itariki ya: 5-10-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka