My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

MUraho, mutubarize ikibazo kubijyanye n’umuco, n’imkino ngororangingo y’abantu babana n’ubumuga mukarere ka NGOMA, ESE BO NTIBAKENERA KWIDAGADURA NO KUGARAGAZA UMUCO NK’ABANDI? Ababikurikiranira hafi iyo gahunda igezehe?

WAKATI yanditse ku itariki ya: 21-07-2013  →  Musubize

ibinu kamishibamukorera sibyizanamba mbaye nkawe nabarenga!

nkaka biko yanditse ku itariki ya: 19-07-2013  →  Musubize

CNJR YA NYAMASHEKE IRASINZIRIYE PE!

CELESTIN yanditse ku itariki ya: 17-07-2013  →  Musubize

Ndabaza ushinzwe kushyira abantu mugi-police bicahe?? bikorwa ryari??ko tubyifuza ariko tukabura uwo twabaza information. adress: [email protected]

JADO C. yanditse ku itariki ya: 17-07-2013  →  Musubize

imikorere yibitaro byagisirikare ikanombe ni myiza ariko uko bagabura rwose birutw anuko bareka abarwaza bakajya bagemurira abantu babo kuko umushora mari babihaye ntabyo ashoboye kuo agabura nabi cyane nde no mubintu bibi cyane agaburiramo

amani yanditse ku itariki ya: 15-07-2013  →  Musubize

ibibazo biri mubitaro bya kirehe bibere isomo ibitaro bya Kacyiru police kuko aho bukera kubera ikibazo cy’abakozi bake bafite kdi bafite ababagana benshi biraza kuba nkibyaho namwe muzanyarukireyo murebe

gasore emmy yanditse ku itariki ya: 15-07-2013  →  Musubize

ndabasuhuje,nagirango basomyi namwe banyamakuru muzanyarukire Ikanombe murebe uko ibitaro byaho bimaze gutera imbere (RMH)ariko rero nubwo byateye imbere ikibazo cyo kugaburira abarwayi cyarabananiye rwose twabasabaga ko bashaka rwiyemeza mirimo ubishoboye kuko n’uburyo bagemurira abarwayi ntabwo bijyanye nigihe ndetse nuburyo abarwayi barya ndetse nokunywa bikubite agashyi kdi babikosore vuba ba DR bavuye king faisol bazababwire uko ho bikorwa

muvugizi yanditse ku itariki ya: 15-07-2013  →  Musubize

mukomereze aho kayonza

alias yanditse ku itariki ya: 9-07-2013  →  Musubize

Ndabasuhuje! mu karere ka nyaruguru umuhanda huye-kibeho ibyo kuwukora bijyezehe? mutubarize.

alias yanditse ku itariki ya: 8-07-2013  →  Musubize

Turabashuhuje soko yibyishimo tuvomaho ubwenge nubushobozi.ndi mukarere ka nyagatare ariko mutuvuganire rwose ubu ntahotel tugira igezweho,imihanda rekada inyubako zibereye umugi ntazo nizubatswe ziragwa. nta vuriro rigezweho mbese birababaje mutubarize rwose murakoze.

alias Turabashimiye yanditse ku itariki ya: 5-07-2013  →  Musubize

Muraho? mutubarize ikibazo cya CIP ishami rya nyagatare kigeze ko amasa yaheze mukirere kndi semester yari irangiye.

nmugabofrank yanditse ku itariki ya: 5-07-2013  →  Musubize

ndabasuhuje banyarwanda namwe banyarwandakazi! ubu mperereye kumugabane wa amerika ariko numvise ijambo president yavuze numva niryiza kuburyo numva ko twese twarisangira! duhorane uburyaryate mubiganza bidutera gushaka gukora ibyiza!icyo nifuriza abanyarwanda kandi nuko twagira imyumvire myiza tukareka gukina nubuzima bwacu!murakoze mbifurije umunsi mwiza natwe abari hanze yarwo turaruzirikana.

yvette kayirangwa yanditse ku itariki ya: 5-07-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka