My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1423 )

mwatubarije

claude ckodelo yanditse ku itariki ya: 29-09-2013  →  Musubize

Turashima byimazeyo Equipe iyoboye Kamonyi,ku imikoranire myiza n’abaturage.DUKORANE UMURAVA DUTERE IMBERE.

S. Jpaul yanditse ku itariki ya: 27-09-2013  →  Musubize

mudufashe natwe dukeneye kaburimbo imusamvu hashize igihe kinini kobazawuduha mutubarize ni ngoma kibungo

petit yanditse ku itariki ya: 26-09-2013  →  Musubize

Nimwihangane namwe umuriro muzawubona bidatinze.i Gikomero mu karere ka Gasabo turawubona mukanya gato.Amazi ni four hehe na rwakobo ndavuga ku isooko.buji bay bay!!

bonfils kn yanditse ku itariki ya: 25-09-2013  →  Musubize

I GIKOMERO UMURIRO TURAWUKOZAHO IMITWE Y’INTOKI

ARIAS yanditse ku itariki ya: 25-09-2013  →  Musubize

Nukuri mugerageze mutworohereze tubashe kwiga kukobirakomeye, wenda leta iduhe inguzanyo

hodari yanditse ku itariki ya: 23-09-2013  →  Musubize

natwe mu karere ka nyanza,umurenge wa rwabicuma akagari ka runga turasaba abayobozi ba MTN gukemura ikibazo cya netuok dufite, maze tukikorera akazi neza.

alias yanditse ku itariki ya: 21-09-2013  →  Musubize

Mudufashe natwe mudukuremukizima muduhe amashanyarazi mumurenge wa CYANIKA natwe twiteze imbere.

Mbonigaba François yanditse ku itariki ya: 19-09-2013  →  Musubize

NATWE MUMURENGE WA GASANGE WOSE MURI GATSIBO WAGIRANGO TWAHEJWE NAMATEKA NTAMAZI DUFITE NTA NUMURIRO KANDI DUTANGA IMISORO YA LETA!

Alias yanditse ku itariki ya: 19-09-2013  →  Musubize

nibyiza gukora gahunda nkizi zifasha mwu iterambere.
ariko hazabeho gukurikirana abahuguwe

muhire yanditse ku itariki ya: 19-09-2013  →  Musubize

nukuri ndashimira abayobozi ba gasabo iterambere batugezaho!

epimaque sengabo yanditse ku itariki ya: 19-09-2013  →  Musubize

mwatubwirira umuyobozi w’akarere ka nyamagabe akadusubiza abakozi bari bashinzwe amashyamba ko amaze gushiraho nyuma y’uko babirukanye

maniraho theo yanditse ku itariki ya: 18-09-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka