My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
Akarera ka Ngoma karimo gutera imbere rwose,haba mu mireho myiza y’abaturage,ubutabera ndetse n’ubukungu,ariko iterambere ryari rikwiriye no kugaragarira mu rubyiruko.Mudusabire ababishinzwe begere urubyiruko rwo nk’imbaraga z’igihugu kandi zubaka kuko rurasinziriye. MURAKOZE
muri rusange rubavu ibura ubwisanzure mumyubakire yumugi wayo congraturation kubimaze kugerwaho
Hari bintu nibaza bikanyobera, mukarere ka rusizi biyubakiye imihanda yo mukengero zumugi ariko kubaka mumugi rwagati byarabananiye nibaza ikibura kikanyobera nakumiro!!!
Muraho Muzatubarize impamvu akarere ka Gatsibo katadukorera umuhanda Muhura Ndatemwa turi u bwigunge cyane urebye muri Gatsibo niho dusigaye tutagira umuhand akandi buri gihe abayobozi twumva babihiga ariko ntagikorwa Murakoze!!
mwiriwe mute?njyewe niwefurije ko nazabona young grince kubera namukunze ubundi nahoraga mutora muri sper star2 iyagatatu niyigeze aboneka.ubusanzwe ndi umufana we wa muzika nkahorandeba amafoto ye uretse ni amashusho ye ya video shya yitwa "Like a boy"njyewe nashakaga kumenya number ye phone,nkaba narifuzagako azegukana salax a ward.murakoze
mutubarize aho umuriro w’amashanyarazi ugeze kuko igihe batubwiye cyararenze. murakoze kudutumikira.
Mwiriwe, ese ko mutavuga ku iterambere rya ngoma ,rigomba kwitabwaho hibandwa kuhantu nyaburanga mutubarize mayor uko bimeze.
mubyukuri dukeneye amazi meza mukagali ka mbogo kuko twabonye umuriro ariko amazi mabi aratumara kubera umwanda. ubu turacyavoma amazi mumiferege yo mugishanga.
Muraho?mbona haruturere wagirango ntabayobozi ntagikorwa cyamajyambere gihari urugero ni nka karere ka Ngoma
ariko se ko kabarondo yo ko itavugwa koko kariya kagali ka kabura katagira umuriro,amazi na yo ni ningorabahizi abcitse kwicumu amazu arendakubagwira,imitungo yabo banzekwishyurizwa
byaheze mu mumpapuro leta nitabare itangaza makuru rimanuke rirebe maze turusheho kwiyubakira igihugu!!!!
Murakoze turambiwe ni jambo ko umuhanda uzakorwa mu byumweru bibiri turabirambiwe nkuko turambiwe gusuka amazii pee mu muhanda umujyi bawukoze icyaro peee,ese ubundi mwa kwandiste ko munaniwe
Muraho, Ese ikitwa kurwanya ihohoterwa n’ihezwa n’iki? ko abantu babana n’ubumuga usanga bahezwa inyuma y’imiryango y’aho bifuza kugana, hakorwa iki kugirango iyo nzitizi ivanweho, ko ahao kubishakira umuti bii gukomeza kuzamurwa muntera?