My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

mujye mutugezaho amukuru uko bikwiye

kimenyiakram yanditse ku itariki ya: 31-10-2013  →  Musubize

Muraho , ndabasaba kuba mwamfasha kobona insanganyamatsiko zose uko ari 19 z’igihe cyo kwibuka zaranze ibihe byo kw’ibuka mu Rwanda .kubibona muraba mumbyaye murakoze ndategereje.

HATEGEKIMANA Charles yanditse ku itariki ya: 31-10-2013  →  Musubize

mbashimiye kubwamakuru y,anyu

manshya mutugezaho

ndabemera pe.
murakoze!

kwizera yanditse ku itariki ya: 29-10-2013  →  Musubize

iriya modoka no kuyireba ku jisho nta buziranenge buyirangwaho nibura kandi iyo iba ikorera mu mihanda myiza naho yaratinze.ahubwo sinzi ukuntu yarengaga kamarashavu.gusa nihanganishije abakozweho n’iyo mpanuka.

alfa yanditse ku itariki ya: 29-10-2013  →  Musubize

ndi umwe mubatuye mumurenge waGIKOMERO koko imvugoniyongiro turashima president ko umuriro twa wubonye ubu gikomero irakeye. tugashima numuyobozi wumurenge ko ata hwemye kwihutisha ibikorwa.

karuyonga emmanuel yanditse ku itariki ya: 23-10-2013  →  Musubize

Gikomero mu karere ka Gasabo twatashye umuriro.Bravo Paul Kagame.Iterambere i Gikomero oyeeeeeeee!!!!!!

alias kn2 yanditse ku itariki ya: 22-10-2013  →  Musubize

ndumunyeshuri muri kaminuza mugihugucyabaturanyi cy,ubugande uburubyirukonizombaragazigihucyacu tugomba tugombaguharanira ubumwebwabanyarwa dushingiye kumurimo,ubumwe no gukunda igihugucyacu ibibizadufasha kwiteza imbere twigira tunirinda gusabiriza no gutega amaso amahanga

nshimiyimana aime yanditse ku itariki ya: 22-10-2013  →  Musubize

MWIRIWE ESE IKIBAZO CYO MUKARERE KA GISAGARA AKAGARI GAKOMA UMUDUGUDU GATARE CYO KUBA TWARASENYEWE ’NABAGEJEJEHO MWABA MUGIYE KUTURENGANURA CYANGWA UWO TUREGA NIWE TUREGERA? NYAMARA TURABABAYE .MURAKOZE DUTEGEREJE UBUVUGIZI BWANYU.

mimi yanditse ku itariki ya: 21-10-2013  →  Musubize

Nagira ngo mutubarize mu Ruhango impamvu iyo mayor ari muri conge,dossier zibura uzisinya.Thx

Elias yanditse ku itariki ya: 20-10-2013  →  Musubize

Dukeneye amazi meza, mumudugudu wa ruhanga akagari ka ruhanga umurenge wa rusororo akarere ka kagasabo 80% bakoresha igishanga cyo kwisumo, ayo mazi arikuli kaburimbo namwe muzirebere

aias yanditse ku itariki ya: 18-10-2013  →  Musubize

mutubarize natwe kobatwemereye umuriro kucyigo cyamashuri y,E.P,KAGEYO nonehashize imwaka 2 tutarawubona mutubarize

niyomuremyi yanditse ku itariki ya: 17-10-2013  →  Musubize

MWIRIWE ;MWADUKORERA UBUVUGIZI MU KARERE KA GISAGARA KO HARI AKARENGANE AHO TWASENYEWE NTA MPAMVU ; KANDI DUTUYE KUMIHANDA AHUBWO TUKAJYANWA GUTUZWA MUMISOZI UBU HATANGIYE KUBONEKA INGARUKA NYINSHI MBI KUBANTU BATARABONA UBUSHOBOZI BWO KUBAKA ’TURI KURENGANA CYANE MUZADUSURE MUZUMIRWA ;SECTEUR MAMBA ;CELLULE GATARE. MURAKOZE.

mimi yanditse ku itariki ya: 16-10-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka