My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1423 )
Ohereza igitekerezo
|
|
twishimiye abobana bomubu gande baje muruzindu ko murwanda.mugihe baramara murwanda turaba tubigi yeho byishi
Ishuri Apaeta ry’ikinyinya rifitanye ibibazo n’abaturage rishaka kubambura amasambu yabo. Ngo barahawe da!abo ni bande batanga ibyamunyarwanda atabizi?? Ngaho nguko
NDASHIMA.ABAYOBOZI.BAGEZAHO.IBIGANIRO.BYANDUMUNYA RWANDA
ndabakundape!!!
NIBYO KOKO CHUB NIKOSORE! ARIKO HARI NAHANDI HACYENEWE KUKOSARWA. NKO MU,MASOKO. NAHO ICYO CYIRAHARI NKANO I HUYE.
abubatse amacumbi yaba mwarimu na 12 years bo muri nyarugenge barabogoza bank zibamazeho amazu
JYE GUSA NABONYE HARI ABAYOBOZI BIKORER KUBA UMUYOBOZI AFATIRA ITUNGO RYUMUNTU UTISHOBOYE RIKAJYA KWANAGARIRA IMBERE YIBIRO AZIRA UMUSANZU NGO NUWO KUBAKA IBIRO, AMASHURI KDI BAKAMUCA NAMANDE YUWAYIZITUYE MUKIRARO AKAYISHORERA! SINZI NIBA YABARIYO BONNE GOUVERNANCE. NATEMBEREYE I BUSENGO MBIBONYE NUMVA BIRABABAJE, AKARUSHO NUKO NTAMUTURAGE WAVUGA BATINYA UBUYOBOZI.
hano mukarere ka rubavu abayobozi banezeza abayobozi Bagakandamizabaturage babikorez’imitwaro bobatakwikorera!
akarere ka kicukiro ko ni sawa kuko dufite abayobozi batwitaho kd twihagije no miribwa murakoze
AHAHA AKARE KARUSIZI KO NI BOMBORI BOMBORI
Rutsiro ibisambo bitatu byafashwe byibye amafaranga byitwaje pisitori ebyiri mu murenge sacco ICYEREKEZO RU
SEBEYA mu cyumweru gishije.
Mukare ka ngoma umurenge wa remera turishimira ijambo umuyobozi wakarere yabwiye abaturage kubirebana namaterasi nubusabane bwateguwe kandi tugasangira ARASOBANUTSE