My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
nibyiza koko urwanda rugomba kwihesha agaciro n,ubwo ari ruto si urwo gusuzugurwa
DUHORA TURI UPDATE KUBERA MWEBWE!!!! SO NATWE TUBARINYUMA!!!
turasaba ko mu murenge wa kivumu mwaduhereza connection ya airtel.turasaba ko abayobozi ba karere ka rutsiro ba dufasha mu guhinduza ibyiciro by’ubudehe kuko birimo bira bangamira abanyeshuri cyane kugeza naho bamwe muritwe tutazajya ku mashuri a couse y’ibyiciro by’ubudehe kandi batangaje ko bigomba guhindurwa
Natwe turasaba network za tigo na airtel murakoze
Natwe turasaba network ya tigo na airtel mu karere ka Gisagara
network ya tigo na airtel mu karere ka Gisagara
Mwatubwiriye ababishinzwe koko bakaturwanaho
bakaduka umuhanda wakaburimbo mukarere ka Nyaruguru koko?
Nibibyiza konyaruguru amajyambere ahagera koko ariko se haburiki ngo hagere kaburimbo nkahandi m’uturere rw’u Rwanda ? aritwizere neza ko ababishizwe babikurikiranira hafi.
iterambere kuri boseeeee turabashyigikiye
Nyamasheke Turabasaba Gutora Neza Apana Birya Byabaye Ntibizongere
twongere amasengesho
Abanyabugesera ndabakunda kdi mukomerezaho iterambere mwitabire umurimo
Turabashimira urubuga muduha mugutanga ibitekerezo.