My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

nibyiza koko urwanda rugomba kwihesha agaciro n,ubwo ari ruto si urwo gusuzugurwa

mahirwe alias yanditse ku itariki ya: 13-09-2013  →  Musubize

DUHORA TURI UPDATE KUBERA MWEBWE!!!! SO NATWE TUBARINYUMA!!!

RUHUMURIZA NARCISSE yanditse ku itariki ya: 12-09-2013  →  Musubize

turasaba ko mu murenge wa kivumu mwaduhereza connection ya airtel.turasaba ko abayobozi ba karere ka rutsiro ba dufasha mu guhinduza ibyiciro by’ubudehe kuko birimo bira bangamira abanyeshuri cyane kugeza naho bamwe muritwe tutazajya ku mashuri a couse y’ibyiciro by’ubudehe kandi batangaje ko bigomba guhindurwa

fran fran yanditse ku itariki ya: 11-09-2013  →  Musubize

Natwe turasaba network za tigo na airtel murakoze

MURWANASHYAKA Pascal yanditse ku itariki ya: 10-09-2013  →  Musubize

Natwe turasaba network ya tigo na airtel mu karere ka Gisagara

network ya tigo na airtel mu karere ka Gisagara

MURWANASHYAKA Pascal yanditse ku itariki ya: 10-09-2013  →  Musubize

Mwatubwiriye ababishinzwe koko bakaturwanaho
bakaduka umuhanda wakaburimbo mukarere ka Nyaruguru koko?

alias djuma yanditse ku itariki ya: 9-09-2013  →  Musubize

Nibibyiza konyaruguru amajyambere ahagera koko ariko se haburiki ngo hagere kaburimbo nkahandi m’uturere rw’u Rwanda ? aritwizere neza ko ababishizwe babikurikiranira hafi.

hirwa jean claude yanditse ku itariki ya: 9-09-2013  →  Musubize

iterambere kuri boseeeee turabashyigikiye

gasaba yanditse ku itariki ya: 9-09-2013  →  Musubize

Nyamasheke Turabasaba Gutora Neza Apana Birya Byabaye Ntibizongere

Karuhije yanditse ku itariki ya: 5-09-2013  →  Musubize

twongere amasengesho

habiyonizeye francois yanditse ku itariki ya: 3-09-2013  →  Musubize

Abanyabugesera ndabakunda kdi mukomerezaho iterambere mwitabire umurimo

Mpejwiki aboubakar yanditse ku itariki ya: 3-09-2013  →  Musubize

Turabashimira urubuga muduha mugutanga ibitekerezo.

patric yanditse ku itariki ya: 2-09-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka