My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1423 )
Ohereza igitekerezo
|
|
urwo ruganda rwari rukenewe cyane
muraturyohereza pe kuko mwaje mukenewe 2
kw’i centre ya Migina hazwi nko mu Kabuga kw’isoko ;haramutse hageze umuriro w’amashanyarazi iterambere mu karere ka Gisagara ryarusha ho kwihuta kuko hari société nini icyeneye services nk’iza’papeteries,studios,secretaria’salons’n’izindi nyinsi abaturage bagombera kujya gushaka mu mugi wa Huye.OK UBUVUGIZI
mutubarize ubuyobozi bwakarere karubavu niba ririyasoko ryagisenyi nibarizarangizanya nuyumwaka ryuzuye
Turasaba ko akarere ka nyarugenge ka kwishyura amafaranga yabubatshe amashuri namacumbi ya mwarimu 2012 kuko guhora babeshya abaturage birarambiranye \mageragere\burema
nyarugenge yambuye abubatse amacumbi yabarimu namashuri
Akagali ka RUTARE Karihakurya yu muvumba ugana mumurenge wa Rwempasha aruguru yaho bahinga umuceri nu mudugudu ukomeye ufite amazu arenga mironga 70 kandi abaturage barahukeneye cyane mutuvuganire kandi tufite ubushobozi byo kuyishura tufite nu ubushake cyaneeeeeeeee! murakoze
Muraho bavandimwe turishimiye urubuga rwibitekerezo mwaduhaye none ndasaba reta y’urwanda bakuru bacu na barumuna bacu bamaze iminsi baburirwa irengero abandi tukabasanga mumiringoti bapfuye nuwabikoze ntagaragare nasabaga ko ibyo bikorwa byubugizi bwanabi babuhagarika murakoze
Dufite ikibazo cy’amazi muri Nyamirambo ahantu bita Rwarutabura nukuri tuvoma Ruhurura ariko n’imyanda gusa. Mudufashe mutubwirire EWASA
TURASHIMA H.E PAUL KAGAME KUBWITERAMBERE RY’IGIHUGU!
uru rumuri muri kamonyi twarwakiriye neza kandi ruzadufasha gutegura imitima yacu hakiri kare mbere yuko itariki yo gutangira icyunamo igera turashimira abayobozi bakarere kacu uburyo bagaragaza gukorana imbaraga nubushishozi baharanira iterambere rirambye.murakozr
EWSA mbona ikwiye ubuyobozi bushya ndetse nabakozi kuko abo dufite ubu birabagoye gukemura ikibazo dufite cyamashanyarazi kandi byabaye akarande "iterambere tudafite umuriro ntirishoboka "