My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1370 )
Ohereza igitekerezo
|
turasaba meya wa nyagatare ko yadusabira EWSA ko yaduha umuriro mukagari ka RUTARE Umurenge wa Rwempasha bahutunyujije ejuru ugana mumurenge wa rwempasha
ubwigunge butumereye nabi murakoze muzabitugerezeyo merici
Turasaba meya wa nyagatare yatuvuganira kuri EWSA ko yatunyujije umuriro ejuru mukagari ka RUTARE umurenge wa Rwempasha turasaba ko bahuduha murakoze
umudugudu wa gihira akagari ka nyabitare umurenge wa gacurabwenge akarere ka kamonyi turagaya ewasa yatubeshye umuriro muri 2011 nanubu amaso yaheze mukirere kandi twaratanze amafranga yibanze baratubaruye kera
gusa mukomerezaho nikorana buhanga ryacu kuko biradufasha mugutera imbere good
ndasaba ko mwatubariza reb(rwanda education board)igihe ibizamini bya leta bizasohokera.
Turabashimira umwanya mwaduhaye wo gutanga ibitekerezo ndetse nibyifuzo.murabantu babagabo pe.!none ndagirango mbatume kuri EWASA.hano irwamagana mu murenge wa gishari mukagali ka kavumu.bakomeje kuduheza mwicura bucuraburindi kuko nitwe twenyine dusigaye mukarere tudafite amashanyarazi kdi bahashyize transifon igiye kuhamara umwaka,nimubarize mwakabyaramwe uyu mwaka natwe ducanirwe ibyo byiza natwe bitugereho.tx
Nuko imikorere arimyiza
Abana Bakoze Icyiciro Rusange Rwisumbuye Ibizamini Biza Soka Ryari Sawa Murakoze
urubyiriko rwa Kicukiro-RYOSD turashimira H.E.Paul Kagame uburyo akomeje gutoza urubyiruko kwigira no kwihesha agaciro twe twabigezeho hehe na chomage.
Dushimiye umuryango w urubyiruko RYOSD ukomeje kwimakaza indangagaciro na kirazira ariko ubikesha umutoza e intore Richard arasobanutse pe!!
si igitekerezo ndashima EWSA mu karere ka musanze umurenge wa cyuve ko yakemuye ikibazo cy’amashanyarazi yaburaga buri mugoroba
ruswa isaniyacitse mugihugu cyacu,ariko mwitangwa ryakazi ntiracika,ababishinzwe mudufashe mukarere ka bugesera umurenge wa nyarugenge.