My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

uru rumuri muri kamonyi twarwakiriye neza kandi ruzadufasha gutegura imitima yacu hakiri kare mbere yuko itariki yo gutangira icyunamo igera turashimira abayobozi bakarere kacu uburyo bagaragaza gukorana imbaraga nubushishozi baharanira iterambere rirambye.murakozr

Muvunyi yanditse ku itariki ya: 24-01-2014  →  Musubize

EWSA mbona ikwiye ubuyobozi bushya ndetse nabakozi kuko abo dufite ubu birabagoye gukemura ikibazo dufite cyamashanyarazi kandi byabaye akarande "iterambere tudafite umuriro ntirishoboka "

alias yanditse ku itariki ya: 23-01-2014  →  Musubize

Mutubwirire R.C.S(Rwanda Collection Service)muti abaturage ba Macuba-Nyamasheke bifuzako mwabishyura ingurane zaho muzubaka gereza kuko bategereje igihe kirekire kandi mwarababujije gukora ibikorwa biramba,ubwo rero turi gusigara mu iterambere.Murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 23-01-2014  →  Musubize

ndagirango mutubarize mayor wa Kamonyi igihe akagali ka Kagarama,umurenge wa Mugina tuzabonera amashanyarazi kuko nitwe dusigaranye umwijima gusa kandi muti tukuri inyuma mu iterambere ryose wifuriza abaturage bawe natwe turimo.murakoze

safari alexis yanditse ku itariki ya: 23-01-2014  →  Musubize

Ndasaba ko mwatubariza. ewasa impamvu itaduha amazi Muri Nyakabanda mu akarere ka Nyarugege hashize igihe tutayabona.

Bingwa yanditse ku itariki ya: 23-01-2014  →  Musubize

twabasabaga amakuru y,omukagari ka rutare umurege wa rwemasha.murakoze

kampala yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

mutubarize meya wa kirehe umuriro yatwemereye umurenge wa musaza tukaba amaso yaraheze hejuru, aha ewsa akazi karayinani pee!!

alias yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

turasaba meya wa nyagatare ko yadusabira EWSA ko yaduha umuriro mukagari ka RUTARE Umurenge wa Rwempasha bahutunyujije ejuru ugana mumurenge wa rwempasha
ubwigunge butumereye nabi murakoze muzabitugerezeyo merici

murenzi simeon yanditse ku itariki ya: 21-01-2014  →  Musubize

Turasaba meya wa nyagatare yatuvuganira kuri EWSA ko yatunyujije umuriro ejuru mukagari ka RUTARE umurenge wa Rwempasha turasaba ko bahuduha murakoze

THEOGENI yanditse ku itariki ya: 21-01-2014  →  Musubize

umudugudu wa gihira akagari ka nyabitare umurenge wa gacurabwenge akarere ka kamonyi turagaya ewasa yatubeshye umuriro muri 2011 nanubu amaso yaheze mukirere kandi twaratanze amafranga yibanze baratubaruye kera

Nizeyimana Manasse yanditse ku itariki ya: 21-01-2014  →  Musubize

gusa mukomerezaho nikorana buhanga ryacu kuko biradufasha mugutera imbere good

kayiranga inncent yanditse ku itariki ya: 18-01-2014  →  Musubize

ndasaba ko mwatubariza reb(rwanda education board)igihe ibizamini bya leta bizasohokera.

mugisha christian yanditse ku itariki ya: 15-01-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka