My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1296 )
Ohereza igitekerezo
|
uwo muntu imana imwakire yashakaga imibereho
KONASABYE KO MWADUKORERA UBUVUGIZI KURI KUMUYOBOZI W’IKIGO NDERABUZIMA CYA NDORA MU KARERE KA GISAGARA AHO YIGIZE AKAMANA KUBURYO ABARAYE IZAMU ATABASIGIRA IMITI YO GUHA ABARWAYI KANDI N’ABAFOROMO ABAKATA PBF MUDUTABARE N’ABATURAGE TUZASHIRA
Banyamakuru tubashimiye amakuru meza mutugezaho aho iwacu kandi ndongera gushimira ubuyobozi bwadukuye mu mwigunge bakatwubakira ikiraro cya RWONDO uruzi rwarirugiye gutumarira abaturage murakaramba.
mujye mutugezaho amukuru uko bikwiye
Muraho , ndabasaba kuba mwamfasha kobona insanganyamatsiko zose uko ari 19 z’igihe cyo kwibuka zaranze ibihe byo kw’ibuka mu Rwanda .kubibona muraba mumbyaye murakoze ndategereje.
mbashimiye kubwamakuru y,anyu
manshya mutugezaho
ndabemera pe.
murakoze!
iriya modoka no kuyireba ku jisho nta buziranenge buyirangwaho nibura kandi iyo iba ikorera mu mihanda myiza naho yaratinze.ahubwo sinzi ukuntu yarengaga kamarashavu.gusa nihanganishije abakozweho n’iyo mpanuka.
ndi umwe mubatuye mumurenge waGIKOMERO koko imvugoniyongiro turashima president ko umuriro twa wubonye ubu gikomero irakeye. tugashima numuyobozi wumurenge ko ata hwemye kwihutisha ibikorwa.
Gikomero mu karere ka Gasabo twatashye umuriro.Bravo Paul Kagame.Iterambere i Gikomero oyeeeeeeee!!!!!!
ndumunyeshuri muri kaminuza mugihugucyabaturanyi cy,ubugande uburubyirukonizombaragazigihucyacu tugomba tugombaguharanira ubumwebwabanyarwa dushingiye kumurimo,ubumwe no gukunda igihugucyacu ibibizadufasha kwiteza imbere twigira tunirinda gusabiriza no gutega amaso amahanga
MWIRIWE ESE IKIBAZO CYO MUKARERE KA GISAGARA AKAGARI GAKOMA UMUDUGUDU GATARE CYO KUBA TWARASENYEWE ’NABAGEJEJEHO MWABA MUGIYE KUTURENGANURA CYANGWA UWO TUREGA NIWE TUREGERA? NYAMARA TURABABAYE .MURAKOZE DUTEGEREJE UBUVUGIZI BWANYU.
Nagira ngo mutubarize mu Ruhango impamvu iyo mayor ari muri conge,dossier zibura uzisinya.Thx