My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Turabashimira umwanya mwaduhaye wo gutanga ibitekerezo ndetse nibyifuzo.murabantu babagabo pe.!none ndagirango mbatume kuri EWASA.hano irwamagana mu murenge wa gishari mukagali ka kavumu.bakomeje kuduheza mwicura bucuraburindi kuko nitwe twenyine dusigaye mukarere tudafite amashanyarazi kdi bahashyize transifon igiye kuhamara umwaka,nimubarize mwakabyaramwe uyu mwaka natwe ducanirwe ibyo byiza natwe bitugereho.tx

Samuel BIGIRIMANA(bebe,kang to) yanditse ku itariki ya: 6-01-2014  →  Musubize

Nuko imikorere arimyiza

Dadi yanditse ku itariki ya: 4-01-2014  →  Musubize

Abana Bakoze Icyiciro Rusange Rwisumbuye Ibizamini Biza Soka Ryari Sawa Murakoze

Munyaneza Patrick yanditse ku itariki ya: 4-01-2014  →  Musubize

urubyiriko rwa Kicukiro-RYOSD turashimira H.E.Paul Kagame uburyo akomeje gutoza urubyiruko kwigira no kwihesha agaciro twe twabigezeho hehe na chomage.

RYOSD yanditse ku itariki ya: 2-01-2014  →  Musubize

Dushimiye umuryango w urubyiruko RYOSD ukomeje kwimakaza indangagaciro na kirazira ariko ubikesha umutoza e intore Richard arasobanutse pe!!

alias yanditse ku itariki ya: 2-01-2014  →  Musubize

si igitekerezo ndashima EWSA mu karere ka musanze umurenge wa cyuve ko yakemuye ikibazo cy’amashanyarazi yaburaga buri mugoroba

faustin kagenzi yanditse ku itariki ya: 1-01-2014  →  Musubize

ruswa isaniyacitse mugihugu cyacu,ariko mwitangwa ryakazi ntiracika,ababishinzwe mudufashe mukarere ka bugesera umurenge wa nyarugenge.

nyandwi yanditse ku itariki ya: 29-12-2013  →  Musubize

ndashakaumukunyi

uwumviyimana jdye yanditse ku itariki ya: 28-12-2013  →  Musubize

Uwiteka akomeze abagende imbere mubyo mukora byose.

Turabashima pe! yanditse ku itariki ya: 27-12-2013  →  Musubize

muraturyohereza

wilson yanditse ku itariki ya: 26-12-2013  →  Musubize

umudugudu wa karambi, akagari ka kigarama, umurenge wa kanjongo, akarere ka nyamasheke,abajura bibye inka bayihisha munzu ukwezi kuzima none bafashwe bari kuyibaga le24/12/2013 saa07;00 za mugitondo.

Honore’ yanditse ku itariki ya: 25-12-2013  →  Musubize

33#ese Ko Abakozi Bubatse I poste De Sante Mwezi/gasayo Abakozi Ntibahembwe Ikiciro Cyagatatu Ubu Aho Bafashe Idene Ntibabaye Abahemu Kubera Kudahebwa Sinabura Kurangiza Ndashimiye Paul Kagame Kuko Umutekano Dufite Tuwukesha We! Hamwe Nabaturage Bizaniye Umuriro Harimo Mbonabucya Romouard Misago Fabien Karisite Ndereya Barihuta Mathias Nabontabashe Kuvuga Nabo Mbashimiye Ubwitange Nigikorwa Bakoze Murakoze

072863266307886326640785632664 yanditse ku itariki ya: 24-12-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka