My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

Nagira ngo mutubarize mu Ruhango impamvu iyo mayor ari muri conge,dossier zibura uzisinya.Thx

Elias yanditse ku itariki ya: 20-10-2013  →  Musubize

Dukeneye amazi meza, mumudugudu wa ruhanga akagari ka ruhanga umurenge wa rusororo akarere ka kagasabo 80% bakoresha igishanga cyo kwisumo, ayo mazi arikuli kaburimbo namwe muzirebere

aias yanditse ku itariki ya: 18-10-2013  →  Musubize

mutubarize natwe kobatwemereye umuriro kucyigo cyamashuri y,E.P,KAGEYO nonehashize imwaka 2 tutarawubona mutubarize

niyomuremyi yanditse ku itariki ya: 17-10-2013  →  Musubize

MWIRIWE ;MWADUKORERA UBUVUGIZI MU KARERE KA GISAGARA KO HARI AKARENGANE AHO TWASENYEWE NTA MPAMVU ; KANDI DUTUYE KUMIHANDA AHUBWO TUKAJYANWA GUTUZWA MUMISOZI UBU HATANGIYE KUBONEKA INGARUKA NYINSHI MBI KUBANTU BATARABONA UBUSHOBOZI BWO KUBAKA ’TURI KURENGANA CYANE MUZADUSURE MUZUMIRWA ;SECTEUR MAMBA ;CELLULE GATARE. MURAKOZE.

mimi yanditse ku itariki ya: 16-10-2013  →  Musubize

uwahiga umuhigo w’ubuhinzi bw’icyayi muri Gicumbi,yatahana
intsinzi,nkurikije, uruhari gifite mu bukungu bw’iki gihugu, n’ukuntu His Excellence,adukangurira kwiga kukinywa(orthodox tea,flavored).

siboniyo theophile yanditse ku itariki ya: 16-10-2013  →  Musubize

rusizi nzahaha.nyenji.dufitikibazocyumuriro.kandi urugomerorwa.kojefale.duhuriyehona.kongo.uburundi.rwubatswemu.murengewa.nzahaha.homukagalikanyenji.nukuvugako umurirujya.iburundi.ucanyenji.ugakomeza.arikontamuriro.ntamuhanda.gusayubajije.umuyoboziwakarere.bwana Nzeyimana Oscali w’akubwirako,birimur,prog yakarere.

vainqueur olivier yanditse ku itariki ya: 15-10-2013  →  Musubize

kinihira sawa uretse ko abanyakigali bahinjiriye ngo nabatechnicien aruguteka imitwe bagateranya abo bahasanze;GS KINIHIRAYO YIYEMEJE KWAMBURA BASHAKA IBYUBUNU NAKAGA

Freddy yanditse ku itariki ya: 12-10-2013  →  Musubize

MUTUBARIZE MTN YARATWAMBUYE AMAFARANGA TWAKOREYE TWANDIKA SIMUKADI ZA MTN , BARATURANGARANYE TWABUZE AHO TUBARIZA , NAGIYE KURI CENTER ZA MTN BAKATUBWIRA KO ATARIBO BABISHINZWE, TURATABAZA . NDABIZI MUZI GUTOHOZA INKURU NI MUTOHOZE KUKO BIRABABAJE PE! IMVURA,IZUBA ,INZARA, TWAHUYE NABYO TWIZEYE NGO TURAKORERA AMAFARANGA .

NKOLE yanditse ku itariki ya: 11-10-2013  →  Musubize

MUTUBARIZE M TN YATWAMBUYE AMAFARANGA YACU TWANDIKIYE AMASIMUKADI AHAAAAA! BIRABABAJE PEE!

NSENGIYUMVA yanditse ku itariki ya: 11-10-2013  →  Musubize

mwarakoze cyane kutujyezaho iki kinyamakuru ariko nkasaba retako yakoze umuhanda uva kurikaburimbo ugana rukoma,gusa ntikore ujya kayenzi.ubwo sakarengane kwiterambere ryubucuruzi bwikayenzi?

levis yanditse ku itariki ya: 10-10-2013  →  Musubize

aha?????? ywe abanyakigali ni danger::::::::::

rwabuzisoni yanditse ku itariki ya: 8-10-2013  →  Musubize

Mbashimiye ku bw’ibyiza n’amakuru agezweho muduha,mukomereze aho

Tuyizere Sean Philippe yanditse ku itariki ya: 8-10-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka