My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

MUTUBARIZE MEYA WA NGOMA UMUHANDA UHUZA NGOMA NA KIREHE UZAKORWA BIGENZE BITE?TURABAZA UMUHANDA UHUZA UMURENGE WA MURAMA NA GATORE?

VINCENT yanditse ku itariki ya: 12-02-2014  →  Musubize

mutubarize maire wa kirehe impamvu mu kagari ka nyabigega batahabwa amazi n’umuriro kuko icyibazo cy’amazi gihangayikishije abahatuye.thx.

alias turabashimiye yanditse ku itariki ya: 11-02-2014  →  Musubize

Mutubarize maire wa Gatsibo igihe umuhanda wa Ndatemwa-Muhura igihe uzakorerwa kuko uheruka gusanwa bitegura H.E president yenda kuza gutangiza ICT muri G.S MUHURA.Mutubarize kwigunga birarambiranye.

gedeo yanditse ku itariki ya: 10-02-2014  →  Musubize

mutubarize na mayor wakarongi igihe umuhanda karongi gisovu bazawukorera?

touram yanditse ku itariki ya: 10-02-2014  →  Musubize

MUTUBARIZE MAIRE WA NYAMAGABE IMPAMVU ADAHEMBA ABAKOZI

ALIAS yanditse ku itariki ya: 9-02-2014  →  Musubize

GIHENGERI hujujwe cumbi rya mwalimu ariko banze ko abarimu barijyamo!

RUGUMIRE Gaspard yanditse ku itariki ya: 7-02-2014  →  Musubize

Mutubarize akarere ka nyamasheke rwiyemezamirimo wari watsindiye isoko mugusoresha2012 2013 iryo soko ryitwa rugali na centre zose z’umurenge wa macuba zose,mwatuvuganiye rwose bakatwisha uwo rwiyemeza mirimo yitwa habiyaremye emmanuel murakoze.

Nyirahabimana julienne yanditse ku itariki ya: 5-02-2014  →  Musubize

imishahara itajyanye n ibiciro by amasoko kubakozi bashinzwe umutekano

k. dad yanditse ku itariki ya: 2-02-2014  →  Musubize

ndashima cyane maire wa kirehe arko nkasaba ko ko yakwigisha abayobozi butugali kuba intumwa na moteur za H E PAUL KAGAME ndahamya ko nawe (maire)yakoroherwa nakazi kuko arakora cyane. Ikindi birakwiye ko yakwita cyane kubikorwa remezo byimirenge iri mucyaro nka MPANGA,MUSHIKIRI NYARUBUYE bigora cyane muri mpanga huhuza ibikorwa byaho ex w,umurenge bimusaba gukoresha imbaraga gusa ntakoatagira. Nkuko bavuga ngo dukwiye kwita kumurwayi mbere yo gusura(visit) umuzima "says :H E PAUL KAGAME"

NTIRENGANYA yanditse ku itariki ya: 1-02-2014  →  Musubize

Mu tubarize Maire wa Rulindo icyo bateganyiriza umuhanda NZOVE -RULI warapfuye cyene.

umukunzi yanditse ku itariki ya: 31-01-2014  →  Musubize

Abayobozi ba nyarugenge bakemure akarengane gatandukanye gahari cyane cyane vice mayor sociale

alias yanditse ku itariki ya: 31-01-2014  →  Musubize

Ab israel bamaze kwambuka inyanja itukura bibagiwe ibyo Imana yabakoreye uburyo yabahaye Manu bashonje uburyo yabatabaye mu butayu.Abo basirikare batangiye kugambaniea H.E.Kagame wazuye kino gihugu bimeze nk ab israel bibagiwe ineza.Ariko Ntamwanya tuzabaha wo kudusubiza inyuma turabamaganye n ababitekereza bandi babyumvireho INTORE ni umurinzi w ibyo yagezeho ntacyabisenya ireba.Mugire Amahoro

Richard Hategekimana yanditse ku itariki ya: 31-01-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka