My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
MUTUBARIZE MEYA WA NGOMA UMUHANDA UHUZA NGOMA NA KIREHE UZAKORWA BIGENZE BITE?TURABAZA UMUHANDA UHUZA UMURENGE WA MURAMA NA GATORE?
mutubarize maire wa kirehe impamvu mu kagari ka nyabigega batahabwa amazi n’umuriro kuko icyibazo cy’amazi gihangayikishije abahatuye.thx.
Mutubarize maire wa Gatsibo igihe umuhanda wa Ndatemwa-Muhura igihe uzakorerwa kuko uheruka gusanwa bitegura H.E president yenda kuza gutangiza ICT muri G.S MUHURA.Mutubarize kwigunga birarambiranye.
mutubarize na mayor wakarongi igihe umuhanda karongi gisovu bazawukorera?
MUTUBARIZE MAIRE WA NYAMAGABE IMPAMVU ADAHEMBA ABAKOZI
GIHENGERI hujujwe cumbi rya mwalimu ariko banze ko abarimu barijyamo!
Mutubarize akarere ka nyamasheke rwiyemezamirimo wari watsindiye isoko mugusoresha2012 2013 iryo soko ryitwa rugali na centre zose z’umurenge wa macuba zose,mwatuvuganiye rwose bakatwisha uwo rwiyemeza mirimo yitwa habiyaremye emmanuel murakoze.
imishahara itajyanye n ibiciro by amasoko kubakozi bashinzwe umutekano
ndashima cyane maire wa kirehe arko nkasaba ko ko yakwigisha abayobozi butugali kuba intumwa na moteur za H E PAUL KAGAME ndahamya ko nawe (maire)yakoroherwa nakazi kuko arakora cyane. Ikindi birakwiye ko yakwita cyane kubikorwa remezo byimirenge iri mucyaro nka MPANGA,MUSHIKIRI NYARUBUYE bigora cyane muri mpanga huhuza ibikorwa byaho ex w,umurenge bimusaba gukoresha imbaraga gusa ntakoatagira. Nkuko bavuga ngo dukwiye kwita kumurwayi mbere yo gusura(visit) umuzima "says :H E PAUL KAGAME"
Mu tubarize Maire wa Rulindo icyo bateganyiriza umuhanda NZOVE -RULI warapfuye cyene.
Abayobozi ba nyarugenge bakemure akarengane gatandukanye gahari cyane cyane vice mayor sociale
Ab israel bamaze kwambuka inyanja itukura bibagiwe ibyo Imana yabakoreye uburyo yabahaye Manu bashonje uburyo yabatabaye mu butayu.Abo basirikare batangiye kugambaniea H.E.Kagame wazuye kino gihugu bimeze nk ab israel bibagiwe ineza.Ariko Ntamwanya tuzabaha wo kudusubiza inyuma turabamaganye n ababitekereza bandi babyumvireho INTORE ni umurinzi w ibyo yagezeho ntacyabisenya ireba.Mugire Amahoro