My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1370 )

imishahara itajyanye n ibiciro by amasoko kubakozi bashinzwe umutekano

k. dad yanditse ku itariki ya: 2-02-2014  →  Musubize

ndashima cyane maire wa kirehe arko nkasaba ko ko yakwigisha abayobozi butugali kuba intumwa na moteur za H E PAUL KAGAME ndahamya ko nawe (maire)yakoroherwa nakazi kuko arakora cyane. Ikindi birakwiye ko yakwita cyane kubikorwa remezo byimirenge iri mucyaro nka MPANGA,MUSHIKIRI NYARUBUYE bigora cyane muri mpanga huhuza ibikorwa byaho ex w,umurenge bimusaba gukoresha imbaraga gusa ntakoatagira. Nkuko bavuga ngo dukwiye kwita kumurwayi mbere yo gusura(visit) umuzima "says :H E PAUL KAGAME"

NTIRENGANYA yanditse ku itariki ya: 1-02-2014  →  Musubize

Mu tubarize Maire wa Rulindo icyo bateganyiriza umuhanda NZOVE -RULI warapfuye cyene.

umukunzi yanditse ku itariki ya: 31-01-2014  →  Musubize

Abayobozi ba nyarugenge bakemure akarengane gatandukanye gahari cyane cyane vice mayor sociale

alias yanditse ku itariki ya: 31-01-2014  →  Musubize

Ab israel bamaze kwambuka inyanja itukura bibagiwe ibyo Imana yabakoreye uburyo yabahaye Manu bashonje uburyo yabatabaye mu butayu.Abo basirikare batangiye kugambaniea H.E.Kagame wazuye kino gihugu bimeze nk ab israel bibagiwe ineza.Ariko Ntamwanya tuzabaha wo kudusubiza inyuma turabamaganye n ababitekereza bandi babyumvireho INTORE ni umurinzi w ibyo yagezeho ntacyabisenya ireba.Mugire Amahoro

Richard Hategekimana yanditse ku itariki ya: 31-01-2014  →  Musubize

uyumunsi nyabugogo dina yahagongeye umwana w’umukobwa avuye ku ishuri .ari mukigero cy’imyaka 10years

ntibanyurwadismas yanditse ku itariki ya: 30-01-2014  →  Musubize

ko ntakisubizo mwaduhaye akagari ka rutare umurenge wa Rwempasha ikisubizo cyanyu kyiza turategereze merci

Alias yanditse ku itariki ya: 27-01-2014  →  Musubize

urwo ruganda rwari rukenewe cyane

Etienne yanditse ku itariki ya: 27-01-2014  →  Musubize

muraturyohereza pe kuko mwaje mukenewe 2

thar 6 yanditse ku itariki ya: 26-01-2014  →  Musubize

kw’i centre ya Migina hazwi nko mu Kabuga kw’isoko ;haramutse hageze umuriro w’amashanyarazi iterambere mu karere ka Gisagara ryarusha ho kwihuta kuko hari société nini icyeneye services nk’iza’papeteries,studios,secretaria’salons’n’izindi nyinsi abaturage bagombera kujya gushaka mu mugi wa Huye.OK UBUVUGIZI

Nkurunziza Félicien yanditse ku itariki ya: 26-01-2014  →  Musubize

mutubarize ubuyobozi bwakarere karubavu niba ririyasoko ryagisenyi nibarizarangizanya nuyumwaka ryuzuye

iyakaremye yanditse ku itariki ya: 25-01-2014  →  Musubize

Turasaba ko akarere ka nyarugenge ka kwishyura amafaranga yabubatshe amashuri namacumbi ya mwarimu 2012 kuko guhora babeshya abaturage birarambiranye \mageragere\burema

ALIAS yanditse ku itariki ya: 25-01-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka