My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1424 )
Ohereza igitekerezo
|
|
ARIKO IGIHE TWATAKAMBIYE NGO MUTUBARIZE AKARERE KA MUHANGA ICYO GAKORA NGO ABATURAGE BAMBUWE NA CT MUHANGA AMAFARANGA YABO HASHIZE IMYAKA ITATU BAYABONE KO BAHEZE MU GIHIRAHORO MWABAFASHA MUKABAGIRA INAMA KO AKARERE KICECEKEYE BIZAGENDA BITE KOKO?UBWO ICYO KIBAZO NACYO KIZATEGEREZE MUZEHE WACU PEREZIDA KO YAGOWE?
college urumuri tumaze imyaka 2 tudatangirwa CSR,no Kubona Umushahara Ninduru.Mutubarize
Akarere ka Gatsibo ariko kanjye ndagashimira cyane k,uburezi bufite ireme kakomeje kugeza kubana babanyarwanda,utundi turere turebereho,uburezi bw,abana babakobwa ntago turinyuma cyane usibyo kowenda kazareba niba hari abatajya kwiga bakamenya impamvu zabo,Gatsibo yacu komerezaho.
Muri nyabihu umurenge wa Rugera tumaze amezi atatu nta muriro mutubarize ewasa,uko tuzawubona.
Turibaza twe abaturage bo mumurenge wa jomba ho mukarere ka nyabihu akarere katihutisha gahunda yo kuduha umuriro kd baraje gupima aho bazashyira amapoto arko amaso yaheze mukirere mutubarize ni mukagari ka gasura kuko barikutundindiza cyane!thx
Umuvunyi yongere imbaraga mukazi ke ndabona ifi nini zatsembyeho udutoya nugutabara amagi zitarayamira bunguri!Icyo wakibaza niki gitumye mu karere ka Rusizi haduka akarengane no kunyereza ibya rubanda?mwibutse Mayor discour yavuze nyuma yo kwegura(kweguzwa)kwa Francoise na Marcel.Mayor don’t forget your speech please!Kigali to day thanks for your careful.
Muhorane Imana!turasaba ubuvugizi Mayor w’akarere ka Rusizi munyungu z’uburezi n’uburere yamanutse mubushishozi bwe ko twiteguye kumuha ukuri kw’ibivugwa ku rwunge rw’amashuri rwa mutagatifu pawulo Muko:ibyifuzwa_1gukurikirana amafranga ya computers,2 inyerezwa ry’amafranga y’inkunga yari yatewe ishuli ry’incuke 3 akarengane kakorewe ushinzwe amasomo nushinzwe umutungo 4 imyitwarire idahwitse y’umuyobozi wicyo kigo.N.B amakuru yaboneka neza hubahirijwe umutekano wuyasabwe,mudutabare
NTUYEMUKAREKAYONZA DUFITE IKIBAZO UMUYOBOZIWIKIGOCYABU BAHIZIFOKASIYATWIMYERAPUTORUKANDIBARAZIMUHAYENGOTUJYETUZIGIRAHO MURAKOZEBANYAKUBAWA
Abarimu bakora mu murenge wa nkungu/rusizi [ college de matare] twabuze amafaranga twakoreye kuva 9 kugeza 12 muwa 2013 hamwe na prime zumwaka wose N B:Ubwo ni bwo burezi bufite ireme ? MUDUTABARIZE
Turabashimira kudatenguha tubasaba kuzadusura!Muduhere VIATEUR kalibu mu murenge wa Bugarama,akurikirane akarengane kari kuhavugwa cyane cyane ku kigo cy’amashuli cya groupe saint paul muko ninyerezwa ry’akayabo k’amafranga yakwa ababyeyi yitwa ko agura computers ubu akaba ntayaguzwe hari izo MINEDUCyatanze gusa,amakuru aboneka aruko hitawe kumutekano wuyatanze!
Mukomere cyane!impamvu imihigo igora abayobozi benshi ni akarengane na munyangire. ba Mayors mukurikiranire hafi amabaruwa yandikwa mu izina ryanyu agasinywa n’abungirije,kko abaturage barengana ntiwababonamo imihigo!Bigire kuri Nyamasheke
murakoze kubuvugizi mukora ku babiyambaje! Muri Rusizi akarengane karabica mwatubariza mayor ko amabaruwa yandikwa mu izina rye agasinywa n’abungirije ayakorera suivi! ingero;akarengane kakorewe-ushinzwe amasomo kuri groupe saint paul(muko)bugarama,nushinzwe umutungo ubwo bagambaniwe numuyobozi w’ikigo yitwaje Gatera egide(gitifu) bizwiko bibanira nk,inshoreke na seo waho.byabayehe ko umubyeyi twakoranye neza tukazamura umubare w’abana batsinda tukaba abambere mu karere yiturwa gutabwa kugasozi ninda y:amezi 8,nyuma yigenzura ryakozwe na Bazile (mayor social)ryarangiye ari umwere,ntibyabuza ko ariwe wamusinyiye ngo ashingiye ku ibaruwa ya padiri wabyihishe inyuma ashakira uwo biganye gukora hafi basinyira umutegarugori guta urugo n’abana ninda y,imvutsi?ese umukozi uhembwa na leta padiri amufataho icyemezo ntategeko yishe gute akarere ko ari aka mayor?nyamara kuri icyo kigo hariwe 15millions,nibindi byinshi.twe abarimu mudukomye munkokora turabona gukoraneza bigiringaruka