My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1370 )
Ohereza igitekerezo
|
imishahara itajyanye n ibiciro by amasoko kubakozi bashinzwe umutekano
ndashima cyane maire wa kirehe arko nkasaba ko ko yakwigisha abayobozi butugali kuba intumwa na moteur za H E PAUL KAGAME ndahamya ko nawe (maire)yakoroherwa nakazi kuko arakora cyane. Ikindi birakwiye ko yakwita cyane kubikorwa remezo byimirenge iri mucyaro nka MPANGA,MUSHIKIRI NYARUBUYE bigora cyane muri mpanga huhuza ibikorwa byaho ex w,umurenge bimusaba gukoresha imbaraga gusa ntakoatagira. Nkuko bavuga ngo dukwiye kwita kumurwayi mbere yo gusura(visit) umuzima "says :H E PAUL KAGAME"
Mu tubarize Maire wa Rulindo icyo bateganyiriza umuhanda NZOVE -RULI warapfuye cyene.
Abayobozi ba nyarugenge bakemure akarengane gatandukanye gahari cyane cyane vice mayor sociale
Ab israel bamaze kwambuka inyanja itukura bibagiwe ibyo Imana yabakoreye uburyo yabahaye Manu bashonje uburyo yabatabaye mu butayu.Abo basirikare batangiye kugambaniea H.E.Kagame wazuye kino gihugu bimeze nk ab israel bibagiwe ineza.Ariko Ntamwanya tuzabaha wo kudusubiza inyuma turabamaganye n ababitekereza bandi babyumvireho INTORE ni umurinzi w ibyo yagezeho ntacyabisenya ireba.Mugire Amahoro
uyumunsi nyabugogo dina yahagongeye umwana w’umukobwa avuye ku ishuri .ari mukigero cy’imyaka 10years
ko ntakisubizo mwaduhaye akagari ka rutare umurenge wa Rwempasha ikisubizo cyanyu kyiza turategereze merci
urwo ruganda rwari rukenewe cyane
muraturyohereza pe kuko mwaje mukenewe 2
kw’i centre ya Migina hazwi nko mu Kabuga kw’isoko ;haramutse hageze umuriro w’amashanyarazi iterambere mu karere ka Gisagara ryarusha ho kwihuta kuko hari société nini icyeneye services nk’iza’papeteries,studios,secretaria’salons’n’izindi nyinsi abaturage bagombera kujya gushaka mu mugi wa Huye.OK UBUVUGIZI
mutubarize ubuyobozi bwakarere karubavu niba ririyasoko ryagisenyi nibarizarangizanya nuyumwaka ryuzuye
Turasaba ko akarere ka nyarugenge ka kwishyura amafaranga yabubatshe amashuri namacumbi ya mwarimu 2012 kuko guhora babeshya abaturage birarambiranye \mageragere\burema