My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1300 )

ndabakundape!!!

nzeyimana eric yanditse ku itariki ya: 5-12-2013  →  Musubize

NIBYO KOKO CHUB NIKOSORE! ARIKO HARI NAHANDI HACYENEWE KUKOSARWA. NKO MU,MASOKO. NAHO ICYO CYIRAHARI NKANO I HUYE.

JEAN DE DIEU yanditse ku itariki ya: 3-12-2013  →  Musubize

abubatse amacumbi yaba mwarimu na 12 years bo muri nyarugenge barabogoza bank zibamazeho amazu

Alias yanditse ku itariki ya: 3-12-2013  →  Musubize

JYE GUSA NABONYE HARI ABAYOBOZI BIKORER KUBA UMUYOBOZI AFATIRA ITUNGO RYUMUNTU UTISHOBOYE RIKAJYA KWANAGARIRA IMBERE YIBIRO AZIRA UMUSANZU NGO NUWO KUBAKA IBIRO, AMASHURI KDI BAKAMUCA NAMANDE YUWAYIZITUYE MUKIRARO AKAYISHORERA! SINZI NIBA YABARIYO BONNE GOUVERNANCE. NATEMBEREYE I BUSENGO MBIBONYE NUMVA BIRABABAJE, AKARUSHO NUKO NTAMUTURAGE WAVUGA BATINYA UBUYOBOZI.

j. damascene yanditse ku itariki ya: 2-12-2013  →  Musubize

hano mukarere ka rubavu abayobozi banezeza abayobozi Bagakandamizabaturage babikorez’imitwaro bobatakwikorera!

Robert patrick yanditse ku itariki ya: 27-11-2013  →  Musubize

akarere ka kicukiro ko ni sawa kuko dufite abayobozi batwitaho kd twihagije no miribwa murakoze

nikuze gisele yanditse ku itariki ya: 26-11-2013  →  Musubize

AHAHA AKARE KARUSIZI KO NI BOMBORI BOMBORI

BENIMANA EUGENE yanditse ku itariki ya: 25-11-2013  →  Musubize

Rutsiro ibisambo bitatu byafashwe byibye amafaranga byitwaje pisitori ebyiri mu murenge sacco ICYEREKEZO RU
SEBEYA mu cyumweru gishije.

NZABONIMPA Anastase yanditse ku itariki ya: 25-11-2013  →  Musubize

Mukare ka ngoma umurenge wa remera turishimira ijambo umuyobozi wakarere yabwiye abaturage kubirebana namaterasi nubusabane bwateguwe kandi tugasangira ARASOBANUTSE

NSENGIMANA DANIEL yanditse ku itariki ya: 23-11-2013  →  Musubize

Abaturage bo mu murenge wa Minazi, akarere ka Gakenke, banejejwe n’uko bwa mbere babonye ifumbire mvaruganda yo gushyira ku’ikawa zabo kuko n’ubwo ahandi yatangwaga bo ntiyabageragaho. Iyo fumbire yatanzwe kumugaragaro Le20/11/2013

alias yanditse ku itariki ya: 23-11-2013  →  Musubize

Muri Ewasa Serevice Yabontago Arinziza Kubonabishya Amafranga Ya Cachpower 2mukwezi?Bisubireho

Habimana yanditse ku itariki ya: 23-11-2013  →  Musubize

mukarere ka kayonza umurenge nyamirama akagali ka rurambi umudugudu wa ntinnyi ewsa idufashe kukibazo cy’umuriro ntitukireba amakuru kumugoroba saa8hoo umuriro uba wagiye,murakoze

Desire yanditse ku itariki ya: 22-11-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka