My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1300 )
Ohereza igitekerezo
|
ndabakundape!!!
NIBYO KOKO CHUB NIKOSORE! ARIKO HARI NAHANDI HACYENEWE KUKOSARWA. NKO MU,MASOKO. NAHO ICYO CYIRAHARI NKANO I HUYE.
abubatse amacumbi yaba mwarimu na 12 years bo muri nyarugenge barabogoza bank zibamazeho amazu
JYE GUSA NABONYE HARI ABAYOBOZI BIKORER KUBA UMUYOBOZI AFATIRA ITUNGO RYUMUNTU UTISHOBOYE RIKAJYA KWANAGARIRA IMBERE YIBIRO AZIRA UMUSANZU NGO NUWO KUBAKA IBIRO, AMASHURI KDI BAKAMUCA NAMANDE YUWAYIZITUYE MUKIRARO AKAYISHORERA! SINZI NIBA YABARIYO BONNE GOUVERNANCE. NATEMBEREYE I BUSENGO MBIBONYE NUMVA BIRABABAJE, AKARUSHO NUKO NTAMUTURAGE WAVUGA BATINYA UBUYOBOZI.
hano mukarere ka rubavu abayobozi banezeza abayobozi Bagakandamizabaturage babikorez’imitwaro bobatakwikorera!
akarere ka kicukiro ko ni sawa kuko dufite abayobozi batwitaho kd twihagije no miribwa murakoze
AHAHA AKARE KARUSIZI KO NI BOMBORI BOMBORI
Rutsiro ibisambo bitatu byafashwe byibye amafaranga byitwaje pisitori ebyiri mu murenge sacco ICYEREKEZO RU
SEBEYA mu cyumweru gishije.
Mukare ka ngoma umurenge wa remera turishimira ijambo umuyobozi wakarere yabwiye abaturage kubirebana namaterasi nubusabane bwateguwe kandi tugasangira ARASOBANUTSE
Abaturage bo mu murenge wa Minazi, akarere ka Gakenke, banejejwe n’uko bwa mbere babonye ifumbire mvaruganda yo gushyira ku’ikawa zabo kuko n’ubwo ahandi yatangwaga bo ntiyabageragaho. Iyo fumbire yatanzwe kumugaragaro Le20/11/2013
Muri Ewasa Serevice Yabontago Arinziza Kubonabishya Amafranga Ya Cachpower 2mukwezi?Bisubireho
mukarere ka kayonza umurenge nyamirama akagali ka rurambi umudugudu wa ntinnyi ewsa idufashe kukibazo cy’umuriro ntitukireba amakuru kumugoroba saa8hoo umuriro uba wagiye,murakoze