My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

uyumunsi nyabugogo dina yahagongeye umwana w’umukobwa avuye ku ishuri .ari mukigero cy’imyaka 10years

ntibanyurwadismas yanditse ku itariki ya: 30-01-2014  →  Musubize

ko ntakisubizo mwaduhaye akagari ka rutare umurenge wa Rwempasha ikisubizo cyanyu kyiza turategereze merci

Alias yanditse ku itariki ya: 27-01-2014  →  Musubize

urwo ruganda rwari rukenewe cyane

Etienne yanditse ku itariki ya: 27-01-2014  →  Musubize

muraturyohereza pe kuko mwaje mukenewe 2

thar 6 yanditse ku itariki ya: 26-01-2014  →  Musubize

kw’i centre ya Migina hazwi nko mu Kabuga kw’isoko ;haramutse hageze umuriro w’amashanyarazi iterambere mu karere ka Gisagara ryarusha ho kwihuta kuko hari société nini icyeneye services nk’iza’papeteries,studios,secretaria’salons’n’izindi nyinsi abaturage bagombera kujya gushaka mu mugi wa Huye.OK UBUVUGIZI

Nkurunziza Félicien yanditse ku itariki ya: 26-01-2014  →  Musubize

mutubarize ubuyobozi bwakarere karubavu niba ririyasoko ryagisenyi nibarizarangizanya nuyumwaka ryuzuye

iyakaremye yanditse ku itariki ya: 25-01-2014  →  Musubize

Turasaba ko akarere ka nyarugenge ka kwishyura amafaranga yabubatshe amashuri namacumbi ya mwarimu 2012 kuko guhora babeshya abaturage birarambiranye \mageragere\burema

ALIAS yanditse ku itariki ya: 25-01-2014  →  Musubize

nyarugenge yambuye abubatse amacumbi yabarimu namashuri

Alias yanditse ku itariki ya: 25-01-2014  →  Musubize

Akagali ka RUTARE Karihakurya yu muvumba ugana mumurenge wa Rwempasha aruguru yaho bahinga umuceri nu mudugudu ukomeye ufite amazu arenga mironga 70 kandi abaturage barahukeneye cyane mutuvuganire kandi tufite ubushobozi byo kuyishura tufite nu ubushake cyaneeeeeeeee! murakoze

murenzi yanditse ku itariki ya: 24-01-2014  →  Musubize

Muraho bavandimwe turishimiye urubuga rwibitekerezo mwaduhaye none ndasaba reta y’urwanda bakuru bacu na barumuna bacu bamaze iminsi baburirwa irengero abandi tukabasanga mumiringoti bapfuye nuwabikoze ntagaragare nasabaga ko ibyo bikorwa byubugizi bwanabi babuhagarika murakoze

Jyeshe ngoyagoye yanditse ku itariki ya: 24-01-2014  →  Musubize

Dufite ikibazo cy’amazi muri Nyamirambo ahantu bita Rwarutabura nukuri tuvoma Ruhurura ariko n’imyanda gusa. Mudufashe mutubwirire EWASA

alias yanditse ku itariki ya: 24-01-2014  →  Musubize

TURASHIMA H.E PAUL KAGAME KUBWITERAMBERE RY’IGIHUGU!

NKWAKUZI ERIC yanditse ku itariki ya: 24-01-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka