My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1296 )

Mbanje kubasuhuza.nashaka kubibaza ese umuntu yabona ubutumwa binyuze muribunoburyo mtrakoze

Nduwayezu bonaventure yanditse ku itariki ya: 10-11-2013  →  Musubize

EWASA nitabare ibura ryumuriro kayonza birakabije buri mugoroba

G.G yanditse ku itariki ya: 10-11-2013  →  Musubize

Abaturage batuye Centre ya Nyagahita,akagari ka Mahoro ,umurenge wa MIMULI,akarere ka NYAGATARE, barasaba ubuvugizi bwo kuva mucuraburindi,bakeneye umuriro w’amashanyarazi,baribaza niba atari abanyarwanda kuko ntaterambere rigera aho batuye.

HABAMAHIRWE Jacques yanditse ku itariki ya: 10-11-2013  →  Musubize

Mumurenge wamukarange harimo coperative yurubyiruko
ikora Umwuga w’ubudozibw’imyenda bugezweho biguriye imashine zijyanye nigihe mubakorere ubuvgizi mubijyanye namasoko. Kandi baterwe inkunka gushira mubikorwa ibitekerezo byabo fafite intego yo guteza imbere umwuga wubudozi bigisha nababyifuza udozi bugezweho bihesha agaciro coop girimbereheza Muri Mukarange.

mugenzi jean claude yanditse ku itariki ya: 7-11-2013  →  Musubize

Ndashima cyane KIGALI today uburyo utugezaho amakuru kugihe kandi bagakora ubuvugizi aho bikwiye dufite ikibazo Muri Rwamagana mumurenge warubona Akagali Ka kabuye aho Ewsa yadutemeye urutoki Muri gahunda yikwirakwizwa ry’umuriro hakabarurwa ibyangijwe ariko ntibyishyurwe mudukorere ubuvugizi hishyurwe ibyagiye byangiza baduhe igurane murakoze

mugenzi jean Claude yanditse ku itariki ya: 7-11-2013  →  Musubize

Iryo kusanyirizo rya mata mwatubwiye muri BURERA riri mu wuhe murenge?

kKURADUSENGE ISAAC yanditse ku itariki ya: 7-11-2013  →  Musubize

Muge mutugezaho amakuru yo mumirenge murakoze

Ntakirutimana Thomas yanditse ku itariki ya: 6-11-2013  →  Musubize

Birababaje kugeza uyu munsi hari ahantu mu Rwanda hatari network nimwe ,FM itavuga kandi ubuyobozi bwa karere ka kirehe bubizi gusa ntibugire icyo bubikoraho ni MURI MPANGA KIREHE especially muri NASHO MUTUVUGANIRE KABISA

Mugabe Angelo Gilbert yanditse ku itariki ya: 4-11-2013  →  Musubize

Yesterdy,i attended church services at Saint Famille as usual.In a third Mass,for the first time, i was astonished when,believers,were not able to have access on Holly communion,as" Austia" were not enough,long queu had to go home without,having Jesus Christ!!!.

siboniyo theophile yanditse ku itariki ya: 4-11-2013  →  Musubize

natwe irusizi mudukorere ubuvugizi kukibazo cyumuriro nkomumurenge wankungu ntanisinga iba muyumurenge mutubarize?

erneste yanditse ku itariki ya: 4-11-2013  →  Musubize

RWAMAGANA IBURA RY, UMURIRO RIRAKABIJE EWASA ITABARE ABOGOSHA BO BARARIRA ABIFASHISHA AMASHANYARAZI INZARA IRATUMARA MUTUBARIZE,NI JUSTIN NGABO

NGABO JUSTIN,M.CJUSTIN yanditse ku itariki ya: 1-11-2013  →  Musubize

Mbanje kubasuhuza mwebanyamakuru ba KIGALI TOday
twishimiramakuru mutugezaho arikomujye mutunyarukira no mumirenge nahomutubwire ukobyifashe

NIYONZIMA jeanbaptiste yanditse ku itariki ya: 1-11-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka