My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1296 )
Ohereza igitekerezo
|
Mbanje kubasuhuza.nashaka kubibaza ese umuntu yabona ubutumwa binyuze muribunoburyo mtrakoze
EWASA nitabare ibura ryumuriro kayonza birakabije buri mugoroba
Abaturage batuye Centre ya Nyagahita,akagari ka Mahoro ,umurenge wa MIMULI,akarere ka NYAGATARE, barasaba ubuvugizi bwo kuva mucuraburindi,bakeneye umuriro w’amashanyarazi,baribaza niba atari abanyarwanda kuko ntaterambere rigera aho batuye.
Mumurenge wamukarange harimo coperative yurubyiruko
ikora Umwuga w’ubudozibw’imyenda bugezweho biguriye imashine zijyanye nigihe mubakorere ubuvgizi mubijyanye namasoko. Kandi baterwe inkunka gushira mubikorwa ibitekerezo byabo fafite intego yo guteza imbere umwuga wubudozi bigisha nababyifuza udozi bugezweho bihesha agaciro coop girimbereheza Muri Mukarange.
Ndashima cyane KIGALI today uburyo utugezaho amakuru kugihe kandi bagakora ubuvugizi aho bikwiye dufite ikibazo Muri Rwamagana mumurenge warubona Akagali Ka kabuye aho Ewsa yadutemeye urutoki Muri gahunda yikwirakwizwa ry’umuriro hakabarurwa ibyangijwe ariko ntibyishyurwe mudukorere ubuvugizi hishyurwe ibyagiye byangiza baduhe igurane murakoze
Iryo kusanyirizo rya mata mwatubwiye muri BURERA riri mu wuhe murenge?
Muge mutugezaho amakuru yo mumirenge murakoze
Birababaje kugeza uyu munsi hari ahantu mu Rwanda hatari network nimwe ,FM itavuga kandi ubuyobozi bwa karere ka kirehe bubizi gusa ntibugire icyo bubikoraho ni MURI MPANGA KIREHE especially muri NASHO MUTUVUGANIRE KABISA
Yesterdy,i attended church services at Saint Famille as usual.In a third Mass,for the first time, i was astonished when,believers,were not able to have access on Holly communion,as" Austia" were not enough,long queu had to go home without,having Jesus Christ!!!.
natwe irusizi mudukorere ubuvugizi kukibazo cyumuriro nkomumurenge wankungu ntanisinga iba muyumurenge mutubarize?
RWAMAGANA IBURA RY, UMURIRO RIRAKABIJE EWASA ITABARE ABOGOSHA BO BARARIRA ABIFASHISHA AMASHANYARAZI INZARA IRATUMARA MUTUBARIZE,NI JUSTIN NGABO
Mbanje kubasuhuza mwebanyamakuru ba KIGALI TOday
twishimiramakuru mutugezaho arikomujye mutunyarukira no mumirenge nahomutubwire ukobyifashe