My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

ndashimira ubuyobizizi bwakarere ka kamonyi kubwibyiza byose batugezaho

habimana samuel happy yanditse ku itariki ya: 5-03-2014  →  Musubize

mwiriwe umutekano ni mucye I mihanga

mutesi yanditse ku itariki ya: 4-03-2014  →  Musubize

hano mu bigo bya mashuri abana bagiye kwicwa ninzara aho abana barya uturyo ukagira ngo nutwo urihinja

habinshuti alfred yanditse ku itariki ya: 3-03-2014  →  Musubize

murakoze kubwa amakuru meza mutugezaho,arko mukarere ka nyabihu hari ikibazo cyokuba hari abantu bashimuswe bakaba bari abaprofesser bakaba baraburiwe irengero none c ko ntabayoz babikurina bizagenda gute

evagreen eva yanditse ku itariki ya: 2-03-2014  →  Musubize

Mwaramutse,mwatubariza mayor wa karere ka kayonza
icyo ateganyiriza abaturage bu murenge wa kabarondo
akagali ka ka kabura,
bategereje umuriro none amaso yaheze mukirere
kdi barimo bararushaho kwitezimbere
bikorera umuhanda.

ELIAS yanditse ku itariki ya: 1-03-2014  →  Musubize

Mwiriwe neza? mudukorere ubuvugizi ku kibazo cy’umutekano muke duterwa n’ibisambo byibisha imbunda n’ibikoresho gakondo kubera umwijima urangwa mu murenge wa rugerero na nyundo mu karere ka rubavu mu gihe bakagombye kugeza ahantu hose umuriro buri wese agacana agatara tukareba ko twa barwanya umutekano ukaboneka.

Alias yanditse ku itariki ya: 28-02-2014  →  Musubize

Mwiriwe neza? mudukorere ubuvugizi ku kibazo cy’umutekano muke duterwa n’ibisambo byibisha imbunda n’ibikoresho gakondo kubera umwijima urangwa mu murenge wa rugerero na nyundo mu karere ka rubavu mu gihe bakagombye kugeza ahantu hose umuriro buri wese agacana agatara tukareba ko twa barwanya umutekano ukaboneka.

Alias yanditse ku itariki ya: 28-02-2014  →  Musubize

mutubarize ewasa na meya wa akarere ko mukarere ka nyanza imidugudu iri kure y’umugi yabonye umuriro nka rugari b yegereye umugi yo yazize iki?bawutwemereye tugifata amazi 2012 mu kwa 12,umwaka ushize batwemerera ko le5/2/2014 tuzaba dufite umuriro byagiye nka za hene.turazira iki ibigo by’amashuri birahari,centre y’ubucuruzi ..

alias yanditse ku itariki ya: 28-02-2014  →  Musubize

mwatubariza abakozi ba EWSA Rubavu kuko baturangarana bikabije tuhagera dutegesheje amafaranga arenga 6000fr(kugenda no kugaruka) bakatubwira ngo konegisiyo yabuze. ngo tuzagaruke ejo nabwo bikaba uko ngo konegisiyo iragenda buhoro ngo tuzagaruke ejo twagaruka ngo konegisiyo yatinze ubundi ngo iraza nabi.YEMWE MWA BAHANGA MWE!!! IYO KONEGISIYO NI IKI? NGO TUBIMENYE KO IGIYE KUZACA IBINTU cyane kuri twe tudasobanukiwe nicyo konegisiyo aricyo.

alias yanditse ku itariki ya: 25-02-2014  →  Musubize

akarere ka nyagatare ndibuntsa EWAS akagari ka RUTARE Umurenge wa rwempasha UBWIGUNGE BUTUMEREYE NABI UMURIRO BAHUTUNYUJIJE EJURU UGANA RWEMPASHA MURAKOZE

alias yanditse ku itariki ya: 24-02-2014  →  Musubize

mutubarize meya waka rere karu hango icyo aziza amagare kandi atunze benci

alias yanditse ku itariki ya: 23-02-2014  →  Musubize

Turabashimira Amakuru Meza Mutugezaho

Ndayisenga Emmy yanditse ku itariki ya: 21-02-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka