My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1424 )

Munsuhurize Peresenda Wacu Ndamukunda Cyane Mumubwire Azadusura Ryari Nyamasheke

Erie yanditse ku itariki ya: 28-04-2014  →  Musubize

ubucamanza bwomukarere karere ka rulindo murukiko rwabyumba rwariganije umuryango wa gituku ,kabagarambe claver na rucibigango murubanza rwo kuburanira abana babiri bavukana kugirango babone umunani mumutungo wase nkabo aribo akayezu maria na musazawe urukiko rukemezako batagomba kubona umunani nkabandi bana ngo kuberako ibyasigaye byarazwe undi mwana witwa kamonyo alexes tukaba dukomeje kwibaza niba umurage uruta umunani mudukorere ubuvugizi aho ni mukagali ka sayo ,umudugudu wa cyasuli,umurenge wa buyuga ho muntara yamayjaruguru.

kubwimana jeannepomscene yanditse ku itariki ya: 23-04-2014  →  Musubize

turabibutsa mwatubwiriye meya wa nyagatare na EWAS ko icuraburindi ritumereyenabi muka gaki ka RUTARE umuriro bahutunyujije ejuru ugana mumurenge wa RWEMPASHA nyamuneka nimutuvuganire wenda bazadushingire amapoto gusa tuzawikurira MURAKOZE!

Alias yanditse ku itariki ya: 22-04-2014  →  Musubize

ino i rusizi îbyiciro byubudehe bizasubirwamo ryari kubanyeshuri bazajya kwiga muri kaminuza?,

mukeshimana iddy yanditse ku itariki ya: 18-04-2014  →  Musubize

Ndabasuhuje cyane nabamenyeshaga ko ubutumwa twatanze kubibera kuri st paul muko bugarama rusizi bwatumye harigushakishwa identification hagenderewe kutugirira nabi,gusa twizere ko namwe muharanira inyungu zabaturarwanda numutekano wababagana(customer’s security)tkx kigali to day turabakunda

SOSO yanditse ku itariki ya: 17-04-2014  →  Musubize

Turashimira urwego rw’umuvunyi kuruzinduko bagiriye mukarere ka Rusizi le16/04/2014,ariko amazi atararenga inkombe mudusabire mayor gukoresha igenzura ku ikoreshwa ry’umutungo n’imyitwarire idahwitse y’umuyobozi w’ikigo ivugwa murwunge rw’amashuli rwa st paul Muko:inyito y’imikoreshereze ya capitation grand,imisanzu yakwa Ababyeyi turerera kuri iri shuri.urugero 7000 byakwa buri munyeshuri uhiyandikishije wese yitwa aya compter,ayiswe aya cloture ubu ibyaho byose nugutekinika wagirango uravuze akagushyira blacklist ubu akoresheje umutungo w’ikigo agambiriye guhitana uwo ariwe wese utabariza muko!mudutabare byose hitawe kumutekano wuwabazwa ntawe utabibona.

SOSO yanditse ku itariki ya: 17-04-2014  →  Musubize

Nje nasabaga kurebana ubushishozi kukibazo cyubunini bw’umuhanda wapimweuzaba ufite metero44zubugari;twe abaturiye uwomuhanda byaratuyobeye,twarumiwe kuko ntanumwe uzasigara adasenyewe;nkabaziko ubutaka bw’Rd aributo ndumva ziriyamwarimukwiye kugira icyo mubikoraho mumaguru mashya!MURAKOZE!

SILIKI@gmail yanditse ku itariki ya: 16-04-2014  →  Musubize

Yes leader! Mashesha Health Center is in RUSIZI district, Gitambi sector.

NURSE yanditse ku itariki ya: 14-04-2014  →  Musubize

Ndasaba Ubuvugizi: Nadepoje Diplome Yanjye Ya Orginal Muri HEC Nshaka Equivelence Hanyuma Bampamagara Bambwira Ko Byabonetse , Ngezeyo Babimpaye Sanga Harimo Equivelence Gusa Nta Diplome Irimo,ndabibabwira Barayishaka Barayibura Ubwo Ni Muri Secretariat Byari Biri Bambwira Ko Ishobora Kuba Iri Muri Archive Hashize Umwaka Ndababaza Bakambwirako Bakiyisha. Ndasaba Ko Mwamfasha Nkabona Iyo Diplome Yanjye.Murakoze Nitwa Mukaniyonsenga Lea Nize Muri D.R.C

Mukaniyonsenga Lea yanditse ku itariki ya: 12-04-2014  →  Musubize

NITWA ALIS,IGITEKEREZO CYANGE NI:DUSHAKAUMUHANDA

GPK yanditse ku itariki ya: 11-04-2014  →  Musubize

Yes ikigonderabuzima cya Mashesha iherereyehe gerageza udufashe uduhe Akarere n’Umurenge gusa ibindi ubiturekere urakoze kuba ijisho ry’Igihugu n’Abanyarwanda.

inyoni yanditse ku itariki ya: 11-04-2014  →  Musubize

Umuvunyi afatanije n’ inzego zibifite munshingano zabo bihitire kureba ukuntu ikoreshwa nabi ry’ umutungo wa leta donc w’ abaturage uriho urakoreshwa nabi. aho umucungamari yasimbuye umuyobozi w’ ikigonderanuzima cya Mashesha, nawe ugaragara nk’ udahari, aho amasoko agera kuri 2000000 akarwa akanama k’ amasoko katabizi
Aho fagitire zihimbwa zikinjizwa muri comptabilite y’ ivuriro( isinga yajyanye umuriro kuruganda rw’ ibigori rw’abajyenama b’ ubuzima)........

FILS yanditse ku itariki ya: 7-04-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka