My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

mutubarize umuyobozi wu murenge wa mbazi kukibazo cyumuriro mugasgaru kubona umuriro nguwushyire munzu nikibazo

ndagijimana issa yanditse ku itariki ya: 19-12-2013  →  Musubize

ese mutabarize umuyobozi wu murenge wa mbazi impamvu mumudugudu wa gasharu kotakivoma mumubande

ndagijimana issa yanditse ku itariki ya: 19-12-2013  →  Musubize

inilak komeza imbere wigisha abaturarwanda ubwenge ariko ntuzibagirwe gutanga ubwenge buganisha ku kubaha Imana.

alias yanditse ku itariki ya: 18-12-2013  →  Musubize

TURABASHIMYE

UWIZEYE yanditse ku itariki ya: 16-12-2013  →  Musubize

Mushoboye mwadusabira FARG igahereza ibyemezo byafashwe kumacumbi yubakiye Imfubyi mu karere ka Gisagara Umurenge wa Mamba kuko harabafite amategeko arenze aya FARG. Nyakubahwa Ruberangeyo ati" amacumbi agomba kubarurwa kubana kabone nubwo buri cyumba cyaba kirimyo umwana uwayibanjemo niwe ibarurwaho" Kayiranga Gerard,Kabera J.claude na Mugabo Ephrem bati" ntawe uyemerewe kuko niy’imfubyi z’umurenge." mudufashe kuko harabakuwe kumashuri nicyo kibazo.

Alias yanditse ku itariki ya: 15-12-2013  →  Musubize

Mudufashirize kumvisha abayobozi ba MAMBA aribo Mugabo Ephrem Kabera J.Claude na Kayiranga Gerard ngo bayora IBUKA ndetse n’Urubyiruko ko inzu zimfubyi za genocide zibarurwa kurizo kabone niyo inzu yaba irimo abana 5 ibarurwa kuwayibanjemo nkaswe izirimo umwe cg babiri ngo harizindi mfubyi zitaraza nimyaka ishize Genocide ihagaritswe wagirango nkibumva na Radio Ruberangeyo yaramutse abivuga arko wapi! ntakumva badusebereza akarere ngo bazi amategeko mudufashe.

Alias yanditse ku itariki ya: 14-12-2013  →  Musubize

twishimiye abobana bomubu gande baje muruzindu ko murwanda.mugihe baramara murwanda turaba tubigi yeho byishi

j ric yanditse ku itariki ya: 12-12-2013  →  Musubize

Ishuri Apaeta ry’ikinyinya rifitanye ibibazo n’abaturage rishaka kubambura amasambu yabo. Ngo barahawe da!abo ni bande batanga ibyamunyarwanda atabizi?? Ngaho nguko

Ndamage yanditse ku itariki ya: 12-12-2013  →  Musubize

NDASHIMA.ABAYOBOZI.BAGEZAHO.IBIGANIRO.BYANDUMUNYA RWANDA

MANIRIHO JAROUR yanditse ku itariki ya: 11-12-2013  →  Musubize

ndabakundape!!!

nzeyimana eric yanditse ku itariki ya: 5-12-2013  →  Musubize

NIBYO KOKO CHUB NIKOSORE! ARIKO HARI NAHANDI HACYENEWE KUKOSARWA. NKO MU,MASOKO. NAHO ICYO CYIRAHARI NKANO I HUYE.

JEAN DE DIEU yanditse ku itariki ya: 3-12-2013  →  Musubize

abubatse amacumbi yaba mwarimu na 12 years bo muri nyarugenge barabogoza bank zibamazeho amazu

Alias yanditse ku itariki ya: 3-12-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka