My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1370 )

Muhorane Imana!turasaba ubuvugizi Mayor w’akarere ka Rusizi munyungu z’uburezi n’uburere yamanutse mubushishozi bwe ko twiteguye kumuha ukuri kw’ibivugwa ku rwunge rw’amashuri rwa mutagatifu pawulo Muko:ibyifuzwa_1gukurikirana amafranga ya computers,2 inyerezwa ry’amafranga y’inkunga yari yatewe ishuli ry’incuke 3 akarengane kakorewe ushinzwe amasomo nushinzwe umutungo 4 imyitwarire idahwitse y’umuyobozi wicyo kigo.N.B amakuru yaboneka neza hubahirijwe umutekano wuyasabwe,mudutabare

Umurezi yanditse ku itariki ya: 24-03-2014  →  Musubize

NTUYEMUKAREKAYONZA DUFITE IKIBAZO UMUYOBOZIWIKIGOCYABU BAHIZIFOKASIYATWIMYERAPUTORUKANDIBARAZIMUHAYENGOTUJYETUZIGIRAHO MURAKOZEBANYAKUBAWA

KABEBE yanditse ku itariki ya: 23-03-2014  →  Musubize

Abarimu bakora mu murenge wa nkungu/rusizi [ college de matare] twabuze amafaranga twakoreye kuva 9 kugeza 12 muwa 2013 hamwe na prime zumwaka wose N B:Ubwo ni bwo burezi bufite ireme ? MUDUTABARIZE

Amaganya yanditse ku itariki ya: 23-03-2014  →  Musubize

Turabashimira kudatenguha tubasaba kuzadusura!Muduhere VIATEUR kalibu mu murenge wa Bugarama,akurikirane akarengane kari kuhavugwa cyane cyane ku kigo cy’amashuli cya groupe saint paul muko ninyerezwa ry’akayabo k’amafranga yakwa ababyeyi yitwa ko agura computers ubu akaba ntayaguzwe hari izo MINEDUCyatanze gusa,amakuru aboneka aruko hitawe kumutekano wuyatanze!

Welcome yanditse ku itariki ya: 22-03-2014  →  Musubize

Mukomere cyane!impamvu imihigo igora abayobozi benshi ni akarengane na munyangire. ba Mayors mukurikiranire hafi amabaruwa yandikwa mu izina ryanyu agasinywa n’abungirije,kko abaturage barengana ntiwababonamo imihigo!Bigire kuri Nyamasheke

Soso yanditse ku itariki ya: 22-03-2014  →  Musubize

murakoze kubuvugizi mukora ku babiyambaje! Muri Rusizi akarengane karabica mwatubariza mayor ko amabaruwa yandikwa mu izina rye agasinywa n’abungirije ayakorera suivi! ingero;akarengane kakorewe-ushinzwe amasomo kuri groupe saint paul(muko)bugarama,nushinzwe umutungo ubwo bagambaniwe numuyobozi w’ikigo yitwaje Gatera egide(gitifu) bizwiko bibanira nk,inshoreke na seo waho.byabayehe ko umubyeyi twakoranye neza tukazamura umubare w’abana batsinda tukaba abambere mu karere yiturwa gutabwa kugasozi ninda y:amezi 8,nyuma yigenzura ryakozwe na Bazile (mayor social)ryarangiye ari umwere,ntibyabuza ko ariwe wamusinyiye ngo ashingiye ku ibaruwa ya padiri wabyihishe inyuma ashakira uwo biganye gukora hafi basinyira umutegarugori guta urugo n’abana ninda y,imvutsi?ese umukozi uhembwa na leta padiri amufataho icyemezo ntategeko yishe gute akarere ko ari aka mayor?nyamara kuri icyo kigo hariwe 15millions,nibindi byinshi.twe abarimu mudukomye munkokora turabona gukoraneza bigiringaruka

gitimujisho yanditse ku itariki ya: 22-03-2014  →  Musubize

TURANENGA UBURYO SEC.EX.NYABIHU ARIMO ARENGANA YARUMUNTU URWANIRA ISHAKA AKARERE.

NKURUNZIZA yanditse ku itariki ya: 21-03-2014  →  Musubize

Kamonyi EWSA itumereye nabi kutwima umuriro kumanwa naninjoro buri munsi nuko bimeze pe! mudutabarize murakoze

Alias yanditse ku itariki ya: 20-03-2014  →  Musubize

Ndashimira ubuyobozi bw’Akarere ka Ngoma uburyo barimo bagerageza guteza imbere umugi wabo nubwo bigaragara ko hagikenewe gukorwa byinshi ngo Ngoma ijye kuri standards z’indi mijyi imaze gutera imbere mu Rwanda.

GAUCHEE yanditse ku itariki ya: 20-03-2014  →  Musubize

turashimira ikinyamakuru cya Kigali today kuko amakuru arimo n’ibitekerezo ari ibyubaka.
ndashimira igitekerezo cya Kagabo Joseph koko kuki hari abadaha agaciro gahunda ya NDI UMUNYARWANDA kubitwibutsa ni ngombwa nkuko umuntu atagira aho yibagirwa izina rye

RUTAGANIRA Bernard yanditse ku itariki ya: 18-03-2014  →  Musubize

ndanshimira meya wa karere ka kayonza kubera igisushanyo mbondera cyu mugi,ubushobozi byumuntu nibwo bumuha gutura ahantu adashoye kubaka umugi bajye mucyaro, murakoze.

kansiime janet yanditse ku itariki ya: 14-03-2014  →  Musubize

Muraho?Mwatubariza abashinzwe uburezi mu karere ka Rusizi,umurenge wa Bugarama,paroisse Mashyuza,impamvu hariwe millions zitagira ingano kukigo cyamashuli, mutagatifu Pawulo(Muko)ya computers,niba nyuma yigenzura rya mutation zahawe ushinzwe amasomo nushinzwe umutungo aribo icyaha cyahamye ko umuyobozi wikigo wayariye tubona yigaramiye?ese akarengane ntangaruka gafite kuburezi?ese iyo umuyobozi wo hasi arenganije umuntu uwo hejuru akabiha umugisha,ubwo amaherezo azaba ayahe?tugiye gukora nabi kuko nibyo bitagira ingaruka rero!

Gitimujisho yanditse ku itariki ya: 14-03-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka