My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

Turasaba meya wa nyagatare yatuvuganira kuri EWSA ko yatunyujije umuriro ejuru mukagari ka RUTARE umurenge wa Rwempasha turasaba ko bahuduha murakoze

THEOGENI yanditse ku itariki ya: 21-01-2014  →  Musubize

umudugudu wa gihira akagari ka nyabitare umurenge wa gacurabwenge akarere ka kamonyi turagaya ewasa yatubeshye umuriro muri 2011 nanubu amaso yaheze mukirere kandi twaratanze amafranga yibanze baratubaruye kera

Nizeyimana Manasse yanditse ku itariki ya: 21-01-2014  →  Musubize

gusa mukomerezaho nikorana buhanga ryacu kuko biradufasha mugutera imbere good

kayiranga inncent yanditse ku itariki ya: 18-01-2014  →  Musubize

ndasaba ko mwatubariza reb(rwanda education board)igihe ibizamini bya leta bizasohokera.

mugisha christian yanditse ku itariki ya: 15-01-2014  →  Musubize

Turabashimira umwanya mwaduhaye wo gutanga ibitekerezo ndetse nibyifuzo.murabantu babagabo pe.!none ndagirango mbatume kuri EWASA.hano irwamagana mu murenge wa gishari mukagali ka kavumu.bakomeje kuduheza mwicura bucuraburindi kuko nitwe twenyine dusigaye mukarere tudafite amashanyarazi kdi bahashyize transifon igiye kuhamara umwaka,nimubarize mwakabyaramwe uyu mwaka natwe ducanirwe ibyo byiza natwe bitugereho.tx

Samuel BIGIRIMANA(bebe,kang to) yanditse ku itariki ya: 6-01-2014  →  Musubize

Nuko imikorere arimyiza

Dadi yanditse ku itariki ya: 4-01-2014  →  Musubize

Abana Bakoze Icyiciro Rusange Rwisumbuye Ibizamini Biza Soka Ryari Sawa Murakoze

Munyaneza Patrick yanditse ku itariki ya: 4-01-2014  →  Musubize

urubyiriko rwa Kicukiro-RYOSD turashimira H.E.Paul Kagame uburyo akomeje gutoza urubyiruko kwigira no kwihesha agaciro twe twabigezeho hehe na chomage.

RYOSD yanditse ku itariki ya: 2-01-2014  →  Musubize

Dushimiye umuryango w urubyiruko RYOSD ukomeje kwimakaza indangagaciro na kirazira ariko ubikesha umutoza e intore Richard arasobanutse pe!!

alias yanditse ku itariki ya: 2-01-2014  →  Musubize

si igitekerezo ndashima EWSA mu karere ka musanze umurenge wa cyuve ko yakemuye ikibazo cy’amashanyarazi yaburaga buri mugoroba

faustin kagenzi yanditse ku itariki ya: 1-01-2014  →  Musubize

ruswa isaniyacitse mugihugu cyacu,ariko mwitangwa ryakazi ntiracika,ababishinzwe mudufashe mukarere ka bugesera umurenge wa nyarugenge.

nyandwi yanditse ku itariki ya: 29-12-2013  →  Musubize

ndashakaumukunyi

uwumviyimana jdye yanditse ku itariki ya: 28-12-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka