My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1378 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Yes ikigonderabuzima cya Mashesha iherereyehe gerageza udufashe uduhe Akarere n’Umurenge gusa ibindi ubiturekere urakoze kuba ijisho ry’Igihugu n’Abanyarwanda.
Umuvunyi afatanije n’ inzego zibifite munshingano zabo bihitire kureba ukuntu ikoreshwa nabi ry’ umutungo wa leta donc w’ abaturage uriho urakoreshwa nabi. aho umucungamari yasimbuye umuyobozi w’ ikigonderanuzima cya Mashesha, nawe ugaragara nk’ udahari, aho amasoko agera kuri 2000000 akarwa akanama k’ amasoko katabizi
Aho fagitire zihimbwa zikinjizwa muri comptabilite y’ ivuriro( isinga yajyanye umuriro kuruganda rw’ ibigori rw’abajyenama b’ ubuzima)........
muraho murakarama.mwatubarije impamvu diprome cyangwa seritifica zidata agaciro ariko provisaire ndashaka kuvuga uruhurya rwagateganyo rwogutwara ibinyabiziga nyuma yimyaka 2 rubarutaye agaciro kandi umuntu aba yarize muma eto ecol
Matare college yanze kuduha ayo twakoreye 2013 mutuvuganire Rusizi mayor
Turasaba urwego rw’umuvunyi na commission y’abakozi ba leta kujya gukurikirana akarengane kari kuvugwa muri Rusizi cyane cyane ahakomeje kugarukwaho (urwunge rw’amashuli Muko)byafasha leta kutikorera umuzigo w’imanza zikuruwe naba mpemuke ndamuke
umuhanda mashyuza site ntagitekerezo cyawo mwamenya?ko wagira umusaruro kubera uruganda rwa sima nimodoka ziwucamo kandi zipacyiye sim nizipa cyira imiceri ivamuri kariyarere ijya hanze nomumugi,wakigari nahandi .....
Harakorwa Iki Kugirango Kariya Karengane K’abarimu Bo Mu Karere Ka Rusisi Muri G S Muko Karagire Kdi Hatangwe Ubusobanuro Kugirango Tumenye Imvo N’imvano Yabyo?
Nyabuneka mudutabarize,mayor wacu(Rusizi) nadutabare,abarimu bo ku rwunge rw’amashuli muko yadusize kucyo we ubwe yise liste noire,kdi tumaze igihe dutaka mudutabare
Abarezi bo ku ishuri Kabarondo Vision Junior School i Kayonza ntibatangirwa amafaranga muri RSSB.Mubafashe barenganurwe.
Nyagasani Yezu nabane namwe!Urugo rubuze umugore ntirubarizwaho impuhwe!uti kuki?Bwambere mumateka ya CIMERWA Ltd uruganda rukora ciment ruri mukarere ka Rusizi,ruyobowe numutegarugori!uwo ni Madame BUSI LEGODI wo muri afurika y’epfo.dore udushya:akunda abantu bose cyane cyane aboroheje.ntakunda kwicara muri place d’honneur.ataramara ukwezi kumwe yari afite abana batishoboye yishyurira amashuri.bureau ye ihora ikinguye.iyo ashaka gusokoza ntarenga aho kuri centre ya CIMERWA,dore agahebuzo bwa mbere mumateka yuru ruganda yaherekeje neza abakozi 5 bageze igihe cyibiruhuko byizabukuru.mubirori yishimye cyane yabaga yiyicaraniye nimiryango yabo bakorerwaga ibirori!icyo byanyigishije:umunyabwenge arangwa nurukundo,kwicisha bugufi n’ubuntu.
Nyagasani Yezu nabane namwe!Urugo rubuze umugore ntirubarizwaho impuhwe!uti kuki?Bwambere mumateka ya CIMERWA Ltd uruganda rukora ciment ruri mukarere ka Rusizi,ruyobowe numutegarugori!uwo ni Madame BUSI LEGODI wo muri afurika y’epfo.dore udushya:akunda abantu bose cyane cyane aboroheje.ntakunda kwicara muri place d’honneur.ataramara ukwezi kumwe yari afite abana batishoboye yishyurira amashuri.bureau ye ihora ikinguye.iyo ashaka gusokoza ntarenga aho kuri centre ya CIMERWA,dore agahebuzo bwa mbere mumateka yuru ruganda yaherekeje neza abakozi 5 bageze igihe cyibiruhuko byizabukuru.mubirori yishimye cyane yabaga yiyicaraniye nimiryango yabo bakorerwaga ibirori!icyo byanyigishije:umunyabwenge arangwa nurukundo,kwicisha bugufi n’ubuntu.
burera turabashima ariko bagabanye ironda karere mubuyobozi kuko hayobora umurenge yumwe gusa abandi ntibamenya aho ibizaminimbyakorewe murakoze