My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1370 )
Ohereza igitekerezo
|
Abarezi bo ku ishuri Kabarondo Vision Junior School i Kayonza ntibatangirwa amafaranga muri RSSB.Mubafashe barenganurwe.
Nyagasani Yezu nabane namwe!Urugo rubuze umugore ntirubarizwaho impuhwe!uti kuki?Bwambere mumateka ya CIMERWA Ltd uruganda rukora ciment ruri mukarere ka Rusizi,ruyobowe numutegarugori!uwo ni Madame BUSI LEGODI wo muri afurika y’epfo.dore udushya:akunda abantu bose cyane cyane aboroheje.ntakunda kwicara muri place d’honneur.ataramara ukwezi kumwe yari afite abana batishoboye yishyurira amashuri.bureau ye ihora ikinguye.iyo ashaka gusokoza ntarenga aho kuri centre ya CIMERWA,dore agahebuzo bwa mbere mumateka yuru ruganda yaherekeje neza abakozi 5 bageze igihe cyibiruhuko byizabukuru.mubirori yishimye cyane yabaga yiyicaraniye nimiryango yabo bakorerwaga ibirori!icyo byanyigishije:umunyabwenge arangwa nurukundo,kwicisha bugufi n’ubuntu.
Nyagasani Yezu nabane namwe!Urugo rubuze umugore ntirubarizwaho impuhwe!uti kuki?Bwambere mumateka ya CIMERWA Ltd uruganda rukora ciment ruri mukarere ka Rusizi,ruyobowe numutegarugori!uwo ni Madame BUSI LEGODI wo muri afurika y’epfo.dore udushya:akunda abantu bose cyane cyane aboroheje.ntakunda kwicara muri place d’honneur.ataramara ukwezi kumwe yari afite abana batishoboye yishyurira amashuri.bureau ye ihora ikinguye.iyo ashaka gusokoza ntarenga aho kuri centre ya CIMERWA,dore agahebuzo bwa mbere mumateka yuru ruganda yaherekeje neza abakozi 5 bageze igihe cyibiruhuko byizabukuru.mubirori yishimye cyane yabaga yiyicaraniye nimiryango yabo bakorerwaga ibirori!icyo byanyigishije:umunyabwenge arangwa nurukundo,kwicisha bugufi n’ubuntu.
burera turabashima ariko bagabanye ironda karere mubuyobozi kuko hayobora umurenge yumwe gusa abandi ntibamenya aho ibizaminimbyakorewe murakoze
Nshimiye iyigahundamwashizeho y okugaragarizamo icyo umuntu atekereza nkabamboneyeho umwanya w ogushimira maiya w akarere ka rubavu uburyo agumya kwita kubibazobyabaturage kandi akababonera ibisubizobibanyuze :
Turishimira sec ex wa Bugarama twamaze kumenyako ari umugabo wukuri,turamusaba kutwibagiza akarengane na munyangire Gatera adusigiye!kdi yihutire gukurikirana ibyo umuyobozi w’ikigo cy’urwunge rw’amashuri cya Muko kko nyuma yo kwirenza uwari amwungirije ushinzwe amasomo,n’ushinzwe umutungo yamaze gukora icyo yise liste noir y’abarimu atiyumvamo,kdi abandi arikubahuriza mukabari vip buri mugoroba (means udutsiko)kdi arigamba gushora imari(y’ikigo)mugushakisha uwo ariwe wese watanze amakuru y’ibibera mukarima ke yarazwe na Egide(ajya kujya i Giheke)yasize avuzeko azirenza uwo ashatse wese atitaye kuburezi nuburere bw,abana ashinzwe!!our new leader burizamo impamvu yose yatuma udashyika kunshingano wemereye mayor wacu,gira uruhare rukomeye mugufasha mayor gusubiza Rusizi mu myanya ya mbere kurwego rw’igihugu tubikesha umurenge wacu.kigali to day hari abaje gushakira identification yacu aho!
ARIKO IGIHE TWATAKAMBIYE NGO MUTUBARIZE AKARERE KA MUHANGA ICYO GAKORA NGO ABATURAGE BAMBUWE NA CT MUHANGA AMAFARANGA YABO HASHIZE IMYAKA ITATU BAYABONE KO BAHEZE MU GIHIRAHORO MWABAFASHA MUKABAGIRA INAMA KO AKARERE KICECEKEYE BIZAGENDA BITE KOKO?UBWO ICYO KIBAZO NACYO KIZATEGEREZE MUZEHE WACU PEREZIDA KO YAGOWE?
college urumuri tumaze imyaka 2 tudatangirwa CSR,no Kubona Umushahara Ninduru.Mutubarize
Akarere ka Gatsibo ariko kanjye ndagashimira cyane k,uburezi bufite ireme kakomeje kugeza kubana babanyarwanda,utundi turere turebereho,uburezi bw,abana babakobwa ntago turinyuma cyane usibyo kowenda kazareba niba hari abatajya kwiga bakamenya impamvu zabo,Gatsibo yacu komerezaho.
Muri nyabihu umurenge wa Rugera tumaze amezi atatu nta muriro mutubarize ewasa,uko tuzawubona.
Turibaza twe abaturage bo mumurenge wa jomba ho mukarere ka nyabihu akarere katihutisha gahunda yo kuduha umuriro kd baraje gupima aho bazashyira amapoto arko amaso yaheze mukirere mutubarize ni mukagari ka gasura kuko barikutundindiza cyane!thx
Umuvunyi yongere imbaraga mukazi ke ndabona ifi nini zatsembyeho udutoya nugutabara amagi zitarayamira bunguri!Icyo wakibaza niki gitumye mu karere ka Rusizi haduka akarengane no kunyereza ibya rubanda?mwibutse Mayor discour yavuze nyuma yo kwegura(kweguzwa)kwa Francoise na Marcel.Mayor don’t forget your speech please!Kigali to day thanks for your careful.