My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

Akagali ka RUTARE Karihakurya yu muvumba ugana mumurenge wa Rwempasha aruguru yaho bahinga umuceri nu mudugudu ukomeye ufite amazu arenga mironga 70 kandi abaturage barahukeneye cyane mutuvuganire kandi tufite ubushobozi byo kuyishura tufite nu ubushake cyaneeeeeeeee! murakoze

murenzi yanditse ku itariki ya: 24-01-2014  →  Musubize

Muraho bavandimwe turishimiye urubuga rwibitekerezo mwaduhaye none ndasaba reta y’urwanda bakuru bacu na barumuna bacu bamaze iminsi baburirwa irengero abandi tukabasanga mumiringoti bapfuye nuwabikoze ntagaragare nasabaga ko ibyo bikorwa byubugizi bwanabi babuhagarika murakoze

Jyeshe ngoyagoye yanditse ku itariki ya: 24-01-2014  →  Musubize

Dufite ikibazo cy’amazi muri Nyamirambo ahantu bita Rwarutabura nukuri tuvoma Ruhurura ariko n’imyanda gusa. Mudufashe mutubwirire EWASA

alias yanditse ku itariki ya: 24-01-2014  →  Musubize

TURASHIMA H.E PAUL KAGAME KUBWITERAMBERE RY’IGIHUGU!

NKWAKUZI ERIC yanditse ku itariki ya: 24-01-2014  →  Musubize

uru rumuri muri kamonyi twarwakiriye neza kandi ruzadufasha gutegura imitima yacu hakiri kare mbere yuko itariki yo gutangira icyunamo igera turashimira abayobozi bakarere kacu uburyo bagaragaza gukorana imbaraga nubushishozi baharanira iterambere rirambye.murakozr

Muvunyi yanditse ku itariki ya: 24-01-2014  →  Musubize

EWSA mbona ikwiye ubuyobozi bushya ndetse nabakozi kuko abo dufite ubu birabagoye gukemura ikibazo dufite cyamashanyarazi kandi byabaye akarande "iterambere tudafite umuriro ntirishoboka "

alias yanditse ku itariki ya: 23-01-2014  →  Musubize

Mutubwirire R.C.S(Rwanda Collection Service)muti abaturage ba Macuba-Nyamasheke bifuzako mwabishyura ingurane zaho muzubaka gereza kuko bategereje igihe kirekire kandi mwarababujije gukora ibikorwa biramba,ubwo rero turi gusigara mu iterambere.Murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 23-01-2014  →  Musubize

ndagirango mutubarize mayor wa Kamonyi igihe akagali ka Kagarama,umurenge wa Mugina tuzabonera amashanyarazi kuko nitwe dusigaranye umwijima gusa kandi muti tukuri inyuma mu iterambere ryose wifuriza abaturage bawe natwe turimo.murakoze

safari alexis yanditse ku itariki ya: 23-01-2014  →  Musubize

Ndasaba ko mwatubariza. ewasa impamvu itaduha amazi Muri Nyakabanda mu akarere ka Nyarugege hashize igihe tutayabona.

Bingwa yanditse ku itariki ya: 23-01-2014  →  Musubize

twabasabaga amakuru y,omukagari ka rutare umurege wa rwemasha.murakoze

kampala yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

mutubarize meya wa kirehe umuriro yatwemereye umurenge wa musaza tukaba amaso yaraheze hejuru, aha ewsa akazi karayinani pee!!

alias yanditse ku itariki ya: 22-01-2014  →  Musubize

turasaba meya wa nyagatare ko yadusabira EWSA ko yaduha umuriro mukagari ka RUTARE Umurenge wa Rwempasha bahutunyujije ejuru ugana mumurenge wa rwempasha
ubwigunge butumereye nabi murakoze muzabitugerezeyo merici

murenzi simeon yanditse ku itariki ya: 21-01-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka