My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1370 )
Ohereza igitekerezo
|
ndashimira police y urwanda uburyo ikora akazi kayo kaburi munsi?
umunyamabanganshingwabikorwa wa Giheke NDUWAYO Viateur bamwimuye vuba kandi twari tumutezeho byinshi KUKO giheke yasigaye inyuma
Dushimire mayor wa nyanza ,batangiye igikorwa cyo kuduha umuriro AMAYAGA BUSORO.
Mumugi Wakigali Turanenga Ibiciro Bya Transpor Bahindagura Burimusi
mwaramuste mberena merembajekubasuhuza twebwe twarumiwe umurenge wa ruhango mukarere karustiro hariruswa ikabije kuri porice impamvu. mbivuze hari uwitwa mukarurangwa kidamage numuntu ukundakugira urugomocyane police yije kutabara bamujyezayo bagahibamurekura akaza avugango turuswyanubusa ngo ifranga rirako rwosendagirango mudufashe turababaye murakoze
ndashimira ubuyobizizi bwakarere ka kamonyi kubwibyiza byose batugezaho
mwiriwe umutekano ni mucye I mihanga
hano mu bigo bya mashuri abana bagiye kwicwa ninzara aho abana barya uturyo ukagira ngo nutwo urihinja
murakoze kubwa amakuru meza mutugezaho,arko mukarere ka nyabihu hari ikibazo cyokuba hari abantu bashimuswe bakaba bari abaprofesser bakaba baraburiwe irengero none c ko ntabayoz babikurina bizagenda gute
Mwaramutse,mwatubariza mayor wa karere ka kayonza
icyo ateganyiriza abaturage bu murenge wa kabarondo
akagali ka ka kabura,
bategereje umuriro none amaso yaheze mukirere
kdi barimo bararushaho kwitezimbere
bikorera umuhanda.
Mwiriwe neza? mudukorere ubuvugizi ku kibazo cy’umutekano muke duterwa n’ibisambo byibisha imbunda n’ibikoresho gakondo kubera umwijima urangwa mu murenge wa rugerero na nyundo mu karere ka rubavu mu gihe bakagombye kugeza ahantu hose umuriro buri wese agacana agatara tukareba ko twa barwanya umutekano ukaboneka.
Mwiriwe neza? mudukorere ubuvugizi ku kibazo cy’umutekano muke duterwa n’ibisambo byibisha imbunda n’ibikoresho gakondo kubera umwijima urangwa mu murenge wa rugerero na nyundo mu karere ka rubavu mu gihe bakagombye kugeza ahantu hose umuriro buri wese agacana agatara tukareba ko twa barwanya umutekano ukaboneka.