My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Nyamagabe,Twishimiye amahugurwa ari gutangwa na Rwanda Women Network muri Nyungwe Forest Garden Hotel.Aho INGABIRE Immaculee ari kuduhugura ku kurwanya ihohoterwa,gucunga umutungo kw’abashakanye,impano n’izungura.
Aya mahugurwa yitabiriwe n’abashinzwe uburezi,irangamimerere,abagenzacyaha,abakuriye ingaga z’abagore na ba perezida b’abajyanama b’ubuzima baturutse mu mirenge ya Gasaka,Musange,Kaduha,Tare na Buruhukiro.
mudufashe hano mukarere ka nyagatare umurenge wa Gatunda akagari ka Rwensheke!tumaze umwaka ntamazi meza tugira!!!
mudufashe hano mukarere ka nyagatare umurenge wa Gatunda akagari ka Rwensheke!tumaze umwaka ntamazi meza tugira!!!
NATWE HANO MURENGE WA RUGERERO TWABUZE UMURIRO MUDUFASHE NI ERIC
MWARAMUTSE MWESE BAKUNZI BIYI PAGE!
NANJYE NASABA KO ABAYOBOZI BO MURI Ngoma District BAJYA BADUSURA MU MIDUGUDU BAKATWUNGANIRA MUKWITEZA IMBERERE MU BITEKEREZO!
Thanks!
Mudukurikirane mukarere ka Nyamagabe, Umurenge wa Musange ku Kigo nderabuzima cya Jenda; kuko wagirango abivuza usanga babuze ababitaho biryamiye muri JARIDE.
Murakoze Njyewe Ndisabira Abayobozi Ba Rwamagana Ko Batwubakira Parking Yi Modoka Ijyanye Ni Gihe Kuko Ihari Irasebya Umugi Wacu,muzatubarize Mwaba Mukoze!!
Umurenge wa Rubaya umudugudu Ngange hari akarengane gaterwa na chef w’umudugudu(MATABARO) mudufashe.
Nibyiza ko tuva muri analoge tukajya muri digitol ariko hariho ikibazo cya reason(signal) badufashe babikosore murakoze
Turifuriza nyakubahwa president wacu paul kagame isabukuru nziza.
Mukazi Kacu Turaho Turakomeye,abanyibuka ku izina rya kingwengwe ndabasuhuje cyane.
Natwe turashimira abayobozi ba kar
ere ka Gatsibo intambwe bamaze kutegezaho mayor wacu arakora ariko abamunaniza nibeshi ahubwo mumufashe