My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Natwe turashimira abayobozi ba kar
ere ka Gatsibo intambwe bamaze kutegezaho mayor wacu arakora ariko abamunaniza nibeshi ahubwo mumufashe

elias yanditse ku itariki ya: 19-10-2014  →  Musubize

Turashimira his exellence uburyo adahwema gutekereza icyatuma umunyarwanda asubira inyuma ahubwo icyatuma arushaho gutera imbere, tukaba tubone yeho no kubasaba ba Nyakubaha ko mwakomeza gufasha Abaturage bo mu karere ka Bugesera kiriya kiraro cya Rwabusoro ku ruzi rw’Akanyaru kigakorwa vuba kuko kidufasha guhahrana n’Akarere ka NYANZA ndetse n’Intara y’Amajyepfo muri rusange.dukomeze imihigo#

NIYIRAGIRA yanditse ku itariki ya: 19-10-2014  →  Musubize

Turashimira his exellence uburyo adahwema gutekereza icyatuma umunyarwanda asubira inyuma tukaba tubone no kubasaba ba Nyakubaha ko mwakomexa gufasha Abaturage bo mu karere ka Bugesera kiriya kiraro cya Rwabusoro ku ruzi rw’Akanyaru kigakorwa vuba kuko kidufasha guhahrana n’Akarere ka NYANZA ndetse n’Intara y’Amajyepfo muri rusange.dukomeze imihigo#

NIYIRAGIRA yanditse ku itariki ya: 19-10-2014  →  Musubize

Twasabaga ngo natwe Ngororero mujye muduha amakuru yabayobozi bacu!

Jstin ngango yanditse ku itariki ya: 17-10-2014  →  Musubize

gicumbi nayo irimo kugenda iba nziza ugeranije nambere

umwiza yanditse ku itariki ya: 16-10-2014  →  Musubize

Muraho abakunzi ba kigalitoday,Tujye tunenga tunashime,kugeza ubu Akarere ka Kayonza Gasigaye gakora neza kuko abayobozi basigaye basura abaturage cyane,Ndetse muri abo bayobozi hakaba harimo nabasigaye bakoresha kandi bakanavugisha ukuri kugirango ibibazo bikemukire kumugaragaro aho mbere bamwe bari ntibindeba cg ntiteranya none kwesa imihigo bitangiye kujya kurugero rwiza(urugero kuva kumwanya wa cumi na..kugera kumwanya wa 6)Ntako bisa rwose.Murakoze

Kagabo Faustin yanditse ku itariki ya: 14-10-2014  →  Musubize

Muraho abakunzi ba kigalitoday,Tujye tunenga tunashime,kugeza ubu Akarere ka Kayonza Gasigaye gakora neza kuko abayobozi basigaye basura abaturage cyane,Ndetse muri abo bayobozi hakaba harimo nabasigaye bakoresha kandi bakanavugisha ukuri kugirango ibibazo bikemukire kumugaragaro aho mbere bamwe bari ntibindeba cg ntiteranya none kwesa imihigo bitangiye kujya kurugero rwiza(urugero kuva kumwanya wa cumi na..kugera kumwanya wa 6)Ntako bisa rwose.Murakoze

Kagabo Faustin yanditse ku itariki ya: 14-10-2014  →  Musubize

GATSIBO AMASHANYARAZINIME CYANECYANE KABARORE YAKABIRIYUMUGI MUTUVUGANIRE TUVEMUMWIJIMA

MUNANIRA J,M,S yanditse ku itariki ya: 13-10-2014  →  Musubize

natwe mu murenge wa mataba murebe uko umuriro watugeraho vuba

alias yanditse ku itariki ya: 7-10-2014  →  Musubize

Ngewe mba kenya nababwira banyarwanda bene wacu mukomerezaho mufite izina mu mahanga mukwamagana ruswa

nitwa angel yanditse ku itariki ya: 29-09-2014  →  Musubize

Murimukihekiganir

nitwahabiman.issa yanditse ku itariki ya: 27-09-2014  →  Musubize

Ntibisazwe Ahanomukarere KARUSIZI Mumurengewa MUGANZA Akagarika CYARUKARA Mugishangacyaho Niba umuntu ahinze amatunguru mugishanga umuntu ahitayamburwa umurimaburundu?Ese inzegozohejurumwabamubizi Mudufashe?Turasabamudufaje Nibura mutudohorerekumaperime Twe Urubyirukoturahangayitse Mudufashe Mubirebeho ???

Nzamurambaho Peter yanditse ku itariki ya: 26-09-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka