My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Natwe turashimira abayobozi ba kar
ere ka Gatsibo intambwe bamaze kutegezaho mayor wacu arakora ariko abamunaniza nibeshi ahubwo mumufashe
Turashimira his exellence uburyo adahwema gutekereza icyatuma umunyarwanda asubira inyuma ahubwo icyatuma arushaho gutera imbere, tukaba tubone yeho no kubasaba ba Nyakubaha ko mwakomeza gufasha Abaturage bo mu karere ka Bugesera kiriya kiraro cya Rwabusoro ku ruzi rw’Akanyaru kigakorwa vuba kuko kidufasha guhahrana n’Akarere ka NYANZA ndetse n’Intara y’Amajyepfo muri rusange.dukomeze imihigo#
Turashimira his exellence uburyo adahwema gutekereza icyatuma umunyarwanda asubira inyuma tukaba tubone no kubasaba ba Nyakubaha ko mwakomexa gufasha Abaturage bo mu karere ka Bugesera kiriya kiraro cya Rwabusoro ku ruzi rw’Akanyaru kigakorwa vuba kuko kidufasha guhahrana n’Akarere ka NYANZA ndetse n’Intara y’Amajyepfo muri rusange.dukomeze imihigo#
Twasabaga ngo natwe Ngororero mujye muduha amakuru yabayobozi bacu!
gicumbi nayo irimo kugenda iba nziza ugeranije nambere
Muraho abakunzi ba kigalitoday,Tujye tunenga tunashime,kugeza ubu Akarere ka Kayonza Gasigaye gakora neza kuko abayobozi basigaye basura abaturage cyane,Ndetse muri abo bayobozi hakaba harimo nabasigaye bakoresha kandi bakanavugisha ukuri kugirango ibibazo bikemukire kumugaragaro aho mbere bamwe bari ntibindeba cg ntiteranya none kwesa imihigo bitangiye kujya kurugero rwiza(urugero kuva kumwanya wa cumi na..kugera kumwanya wa 6)Ntako bisa rwose.Murakoze
Muraho abakunzi ba kigalitoday,Tujye tunenga tunashime,kugeza ubu Akarere ka Kayonza Gasigaye gakora neza kuko abayobozi basigaye basura abaturage cyane,Ndetse muri abo bayobozi hakaba harimo nabasigaye bakoresha kandi bakanavugisha ukuri kugirango ibibazo bikemukire kumugaragaro aho mbere bamwe bari ntibindeba cg ntiteranya none kwesa imihigo bitangiye kujya kurugero rwiza(urugero kuva kumwanya wa cumi na..kugera kumwanya wa 6)Ntako bisa rwose.Murakoze
GATSIBO AMASHANYARAZINIME CYANECYANE KABARORE YAKABIRIYUMUGI MUTUVUGANIRE TUVEMUMWIJIMA
natwe mu murenge wa mataba murebe uko umuriro watugeraho vuba
Ngewe mba kenya nababwira banyarwanda bene wacu mukomerezaho mufite izina mu mahanga mukwamagana ruswa
Murimukihekiganir
Ntibisazwe Ahanomukarere KARUSIZI Mumurengewa MUGANZA Akagarika CYARUKARA Mugishangacyaho Niba umuntu ahinze amatunguru mugishanga umuntu ahitayamburwa umurimaburundu?Ese inzegozohejurumwabamubizi Mudufashe?Turasabamudufaje Nibura mutudohorerekumaperime Twe Urubyirukoturahangayitse Mudufashe Mubirebeho ???