My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

mwaramunse muzatubarize impamvu banshyizeho irondo ryumwu ga nonese umusilikare azarara hanze umu porisi ararehanze numuturange ararehanze ubwose ninde uzarara munzu ?

japheti yanditse ku itariki ya: 21-01-2015  →  Musubize

Turabashimiye Muri Abagaciro Murakoze

Bategejo Thacien yanditse ku itariki ya: 16-01-2015  →  Musubize

nwaramu ndashima abanyamakuru banyu kuko batungeraho tukababwira ibitekerezo byacu

ni japheti yanditse ku itariki ya: 13-01-2015  →  Musubize

KABISA TURASHIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE KA BURERA KUBUFASHA BAHAYE IMIRYANGO YAHUTARIYE MURI RWA RUSENGERO RWAGUYE KUBANTU MUGAHUNGA-BURERA NDETSE N’IBINDI BYOSE BADAHWEMA GUKORERA ABATURAGE BURI MUNSI.

Alias GITEPHANO yanditse ku itariki ya: 12-01-2015  →  Musubize

KABISA TURASHIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE KA BURERA KUBUFASHA BAHAYE IMIRYANGO YAHUTARIYE MURI RWA RUSENGERO RWAGUYE KUBANTU MUGAHUNGA-BURERA NDETSE N’IBINDI BYOSE BADAHWEMA GUKORERA ABATURAGE BURI MUNSI.

Alias GITEPHANO yanditse ku itariki ya: 12-01-2015  →  Musubize

mwaramutse mutungezaho amakurumeza ni japheti

bikorimana yanditse ku itariki ya: 12-01-2015  →  Musubize

Nangenshimiye,abobayobozi,arikonibabishoboka Mubadusabirebegere,abaturage , Murakoze.

Habanabashaka , Emmy yanditse ku itariki ya: 8-01-2015  →  Musubize

mwaza tubwiye kuri kicukiro cg kagarama muzaba mukoze

Uwineza Cocos yanditse ku itariki ya: 8-01-2015  →  Musubize

ndasa.umukobwa.witonda

nirenganya.ferdinand yanditse ku itariki ya: 7-01-2015  →  Musubize

Nifurije Abanyarwanda Gutangira umwaka Mwiza Kandi Bakoro Bihangira Imirimo.

Turatsinze jean Damuor yanditse ku itariki ya: 5-01-2015  →  Musubize

Gusa ikibazo cya Service kuri centre de sante ya Bukora nayo ntabwo inoze kuko uzanga abarwayi baryamye muri pasparumu nta muntu ubitaho bukabiriraho bamwe bagataha batanavuwe kandi abaganga babarebera gusa

Kamari yanditse ku itariki ya: 4-01-2015  →  Musubize

nt amakuruyimikino mutungezaho

kalisa yanditse ku itariki ya: 31-12-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka