My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1428 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Turashimira meya wacu na staff yose bakorana kubwigikorwa gikomeye cyo kutwubakira akarere kajyanye nicyerekezo byibuze amatike twatangaga azagabanuka.
muge mutubariza niba akarere ka Nyagatare gakorera mu gihugu cyako gusa ntaho gahuriye n’urwanda mu mikorere kubona abarimu batarahembwa ukwa Kane.
morning nasabagako mwazadusura gatsibo
Mwiriwe birababaje kubona umuyobozi wibitaro bya kibirizi muri gisagara yiba igikoresho kibitaro ubu akaba acumbikiwe muri station yaporisi kugisagara
biravugwa ko uwahoze ashinzwe iterambere ry’ubukunguu Buntu ezzechiel yatawe muri yombi mu karere ka Rubavu
mwaramutse nifuzagako mwazasura akarere karuhango mukagali kabunyogombe nukuri ntamazi ntamuriro nibaza icyotwakosheje nkakibura muzadusure mumudugudu wa bugarura murebe ko tubayeho turimubwigunge murakoze
turashimira umunyamakuru wa Kigali today uburyo adufasha kumenya amakuru yakarere kacu kanyagatare ariko tumusaba nokujajya ajya mubitaro kureba ibiberayo kandi mujye mutugezaho amakuru mushya
Tubashira amakurumeza muduha gusa nabasabango mudusobanurire birambuye kuri WDA no kwaplaying uko bimeze byaraducanze ndetse nibisabwa murakoze.
ndabashimiyekubw’amakuru muduha mukomereze aho
Dukundane,,tuzamutora
umushoferi wimodoka iyo yarwaye abajyenzi bagenda bate?cg asinziriye atwaye ntibakora accident?HE Niwe Dushaka Yadukuye Mwicuraburind Aduha Urumuri Rwikizere ,none Turakataje Mukubaka Igihugu Cyacu Cyurwanda,101], RIgomba Kuvugururwa!
nanjye nkumunyarwandakazi wejohazaza numvanifuzako itegeko ryahinduka president wacu akaguma kutuyobora kuko ibikorwabye namahanga abireberaho.