My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
mwaramunse muzatubarize impamvu banshyizeho irondo ryumwu ga nonese umusilikare azarara hanze umu porisi ararehanze numuturange ararehanze ubwose ninde uzarara munzu ?
Turabashimiye Muri Abagaciro Murakoze
nwaramu ndashima abanyamakuru banyu kuko batungeraho tukababwira ibitekerezo byacu
KABISA TURASHIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE KA BURERA KUBUFASHA BAHAYE IMIRYANGO YAHUTARIYE MURI RWA RUSENGERO RWAGUYE KUBANTU MUGAHUNGA-BURERA NDETSE N’IBINDI BYOSE BADAHWEMA GUKORERA ABATURAGE BURI MUNSI.
KABISA TURASHIRA UBUYOBOZI BW’AKARERE KA BURERA KUBUFASHA BAHAYE IMIRYANGO YAHUTARIYE MURI RWA RUSENGERO RWAGUYE KUBANTU MUGAHUNGA-BURERA NDETSE N’IBINDI BYOSE BADAHWEMA GUKORERA ABATURAGE BURI MUNSI.
mwaramutse mutungezaho amakurumeza ni japheti
Nangenshimiye,abobayobozi,arikonibabishoboka Mubadusabirebegere,abaturage , Murakoze.
mwaza tubwiye kuri kicukiro cg kagarama muzaba mukoze
ndasa.umukobwa.witonda
Nifurije Abanyarwanda Gutangira umwaka Mwiza Kandi Bakoro Bihangira Imirimo.
Gusa ikibazo cya Service kuri centre de sante ya Bukora nayo ntabwo inoze kuko uzanga abarwayi baryamye muri pasparumu nta muntu ubitaho bukabiriraho bamwe bagataha batanavuwe kandi abaganga babarebera gusa
nt amakuruyimikino mutungezaho