My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

turabashimira kumakuru mutugezaho muturere tukaba twifuzagako nayo mumirenge mwajya muya duha

muhoza nsolo yanditse ku itariki ya: 28-11-2014  →  Musubize

Abandika kurubuga bose bagakwiye kujya bandika ibifite ireme

NDAGIJIMANA GEDEON yanditse ku itariki ya: 27-11-2014  →  Musubize

ntakindi ndabashimira uburyo mutugezaho amakuru

cyprien nzamurambaho yanditse ku itariki ya: 26-11-2014  →  Musubize

mwaramutse ntangiye nshyimira kigali today, kudahwema kutugezaho amakuru yihuse mutubarize ibitaro bya nyagatare bigira toilet imwe nikigo nderabuzima cyaho.

alias yanditse ku itariki ya: 23-11-2014  →  Musubize

Mu mbonezamikurire y’abana bato,hagomba gutegurwa neza ibiribwa bitera imbaraga,ibyubaka umubiri,ibirinda indwara .Umwana agomba gukoreshwa imitozo imufasha gukuza ibice bito n’ibinini by’umubiri,ibikuza ubwenge n’ibindi.

Hakizimana Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 21-11-2014  →  Musubize

Mu mbonezamikurire y’abana bato,hagomba gutegurwa neza ibiribwa bitera imbaraga,ibyubaka umubiri,ibirinda indwara .Umwana agomba gukoreshwa imitozo imufasha gukuza ibice bito n’ibinini by’umubiri,ibikuza ubwenge n’ibindi.

Hakizimana Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 21-11-2014  →  Musubize

Ibyinshi numvuse aribyizakuko biganisha kwiterambere ryugihugucyacu byumwihariko akarere kacukarusizi ariko ntacyo byababimaze mugihe ikirango kigihugu bamwe muritwe bakiba ese ubuturavahe tukajyahehe ? koko kera ngo batwitaga incutizurwanda nonetubaye abanzibarwo abobantu barabeshya bazafatwa so dukaze uburinzi amarondo akorwe kandinabayakora ducungane kuko birababaje bakurubacu !birababaza

niyonkurucanisius yanditse ku itariki ya: 20-11-2014  →  Musubize

nitwa nkurunziza michel nataye irangamuntu ariko ntabwo nzi nomero yayo,yatangiwe mukarere ka kirehe,gatore,nasabaga ko mwamfasha mukanyoherereza number yayo kuri iyi email([email protected])

nkurunziza michel yanditse ku itariki ya: 19-11-2014  →  Musubize

Iyi gahunda yo kwigisha abana indangagaciro z’umuco nyarwanda ni nziza pe.IPRC ikomereze aho turayishyigikiye.

sylver yanditse ku itariki ya: 18-11-2014  →  Musubize

njydwe mbona nk’abanyarwanda aritwe dukwiye gufata iyambere tukiyubakira igihugu cyacu. kandi bajya bavugango,umugabo arigira yakwibura agapfa. nitutarwana kugihugu cyacu tuzashiduka twibuze natwe ubwacu. murakoze!!!!

hakizimana bovic yanditse ku itariki ya: 14-11-2014  →  Musubize

MURAHO ABAKUNZI BA KIGALI TO DAY? TWISHIMIRA CYANE AMAKURU MUTUGEZAHO,AHERERANYE NAKARERE KA RUTSIRO NKABA NDIKUBAZA IMPAMVU IMIRENGE YO MUKARERE KARUTSIRO YABONYE UMURIRO WAMASHANYARAZI, ARIKO UMURENGE WA NYABIRASI UKABA UTARIGEZE KUBONA KURUWO MURIRO? MUTUBARIZE ABABISHINZWE.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 13-11-2014  →  Musubize

Nyuma yo GUSOBANUKIRWA N’AMATEGEKO AGENGA IMICUNGIRE Y’UMUTUNGO W’ABASHYINGIRANYWE, IMPANO N’IZUNGURA.Abahungurwa bakaba biyemeje kuzarenganura abarenganye bifashishije itegeko.

HAKIZIMANA Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 12-11-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka