My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1428 )

njydwe mbona nk’abanyarwanda aritwe dukwiye gufata iyambere tukiyubakira igihugu cyacu. kandi bajya bavugango,umugabo arigira yakwibura agapfa. nitutarwana kugihugu cyacu tuzashiduka twibuze natwe ubwacu. murakoze!!!!

hakizimana bovic yanditse ku itariki ya: 14-11-2014  →  Musubize

MURAHO ABAKUNZI BA KIGALI TO DAY? TWISHIMIRA CYANE AMAKURU MUTUGEZAHO,AHERERANYE NAKARERE KA RUTSIRO NKABA NDIKUBAZA IMPAMVU IMIRENGE YO MUKARERE KARUTSIRO YABONYE UMURIRO WAMASHANYARAZI, ARIKO UMURENGE WA NYABIRASI UKABA UTARIGEZE KUBONA KURUWO MURIRO? MUTUBARIZE ABABISHINZWE.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 13-11-2014  →  Musubize

Nyuma yo GUSOBANUKIRWA N’AMATEGEKO AGENGA IMICUNGIRE Y’UMUTUNGO W’ABASHYINGIRANYWE, IMPANO N’IZUNGURA.Abahungurwa bakaba biyemeje kuzarenganura abarenganye bifashishije itegeko.

HAKIZIMANA Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 12-11-2014  →  Musubize

Nyamagabe,Twishimiye amahugurwa ari gutangwa na Rwanda Women Network muri Nyungwe Forest Garden Hotel.Aho INGABIRE Immaculee ari kuduhugura ku kurwanya ihohoterwa,gucunga umutungo kw’abashakanye,impano n’izungura.
Aya mahugurwa yitabiriwe n’abashinzwe uburezi,irangamimerere,abagenzacyaha,abakuriye ingaga z’abagore na ba perezida b’abajyanama b’ubuzima baturutse mu mirenge ya Gasaka,Musange,Kaduha,Tare na Buruhukiro.

HAKIZIMANA Jean Bosco yanditse ku itariki ya: 12-11-2014  →  Musubize

mudufashe hano mukarere ka nyagatare umurenge wa Gatunda akagari ka Rwensheke!tumaze umwaka ntamazi meza tugira!!!

Ingabire Monique yanditse ku itariki ya: 10-11-2014  →  Musubize

mudufashe hano mukarere ka nyagatare umurenge wa Gatunda akagari ka Rwensheke!tumaze umwaka ntamazi meza tugira!!!

Ingabire Monique yanditse ku itariki ya: 10-11-2014  →  Musubize

NATWE HANO MURENGE WA RUGERERO TWABUZE UMURIRO MUDUFASHE NI ERIC

twizerimana eric yanditse ku itariki ya: 10-11-2014  →  Musubize

MWARAMUTSE MWESE BAKUNZI BIYI PAGE!
NANJYE NASABA KO ABAYOBOZI BO MURI Ngoma District BAJYA BADUSURA MU MIDUGUDU BAKATWUNGANIRA MUKWITEZA IMBERERE MU BITEKEREZO!
Thanks!

DAMAS NDABAMENYE yanditse ku itariki ya: 9-11-2014  →  Musubize

Mudukurikirane mukarere ka Nyamagabe, Umurenge wa Musange ku Kigo nderabuzima cya Jenda; kuko wagirango abivuza usanga babuze ababitaho biryamiye muri JARIDE.

Alias yanditse ku itariki ya: 8-11-2014  →  Musubize

Murakoze Njyewe Ndisabira Abayobozi Ba Rwamagana Ko Batwubakira Parking Yi Modoka Ijyanye Ni Gihe Kuko Ihari Irasebya Umugi Wacu,muzatubarize Mwaba Mukoze!!

Bright yanditse ku itariki ya: 5-11-2014  →  Musubize

Umurenge wa Rubaya umudugudu Ngange hari akarengane gaterwa na chef w’umudugudu(MATABARO) mudufashe.

Alias yanditse ku itariki ya: 3-11-2014  →  Musubize

Nibyiza ko tuva muri analoge tukajya muri digitol ariko hariho ikibazo cya reason(signal) badufashe babikosore murakoze

KARANGWA Eugene yanditse ku itariki ya: 30-10-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka