My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1378 )

Ntibisazwe Ahanomukarere KARUSIZI Mumurengewa MUGANZA Akagarika CYARUKARA Mugishangacyaho Niba umuntu ahinze amatunguru mugishanga umuntu ahitayamburwa umurimaburundu?Ese inzegozohejurumwabamubizi Mudufashe?Turasabamudufaje Nibura mutudohorerekumaperime Twe Urubyirukoturahangayitse Mudufashe Mubirebeho ???

Nzamurambaho Peter yanditse ku itariki ya: 26-09-2014  →  Musubize

muzehe akwiye kwita kuri rgna

hategekimana claude yanditse ku itariki ya: 16-09-2014  →  Musubize

Njyewe sinabura gushimira ubuyobozi bw’akarere ka Gicumbi uburyo butibagiwe n’ababana n’ubumuga.Ntekereza ko abo babyeyi banenzwe nabo bagiye kwikubita agashyi bakareka abana bakajya mu bandi.Ngira ngo bazi n’uko ako karere gaherutse kwesa imihigo aho kavuye mu myanya ya nyuma kakaza ku wa 14 kakaba n’akambere mu ntara y’amajyaruguru.Ubutaha ahubwo karaba aka mbere

Umuganwa J Paul yanditse ku itariki ya: 15-09-2014  →  Musubize

REB idufashe iduhe inguzanyo twige abana bo mucyaro mo turaburizwamo mudufashe natwe tuzamure ibyaro byiwacu .

NZABANDORA Straton yanditse ku itariki ya: 14-09-2014  →  Musubize

turashira meya komereza aho mu mihigo ubutaha tuzabe abambere ntuye ngoma GASHANDA MUNEGE muzaduhe umuriro n’umuhanda wakaburimbo turacyarinyuma pe president tukurinyuma imana igufashe.

NZABANDORA Straton yanditse ku itariki ya: 14-09-2014  →  Musubize

turabashimiye cyaneee muje muduha amakuru ya PREMIELLEAGUE CYANEE

RWAMUGABO yanditse ku itariki ya: 13-09-2014  →  Musubize

Tubashimiye amakuru meza mutugezaho atwubaka murakoze.

DUSHIMIRIMANA JEAN BOSCO yanditse ku itariki ya: 12-09-2014  →  Musubize

NONGEYE KUBASUHUZA,NSHUTI MUTUGEZAHO AMAKURU YO HIRYA NO HINO MUGIHUGU. IGITEKEREZO CYANJYE NI ICY’IBAZO KIVUGWA MUKAGALI KA RWIMISHINYA HO HAVUGWA IKIBAZO CY’AMASHANYARAZI,NKABA NSABA INZEGO ZIBISHINZWE KO ZAKURIKIRANA ICYO KIBAZO KIGAKEMUKA.

KWIZERA ROBERT yanditse ku itariki ya: 11-09-2014  →  Musubize

tubashimiye amakuru mutugezaho mudusobanurire, provizwali, yemerewe, gutwara iki.?

MUSHIMIYIMANA ZACHEE yanditse ku itariki ya: 9-09-2014  →  Musubize

tubashimiye amakuru mutugezaho mudusobanurire, provizwali, yemerewe, gutwara iki.?

MUSHIMIYIMANA ZACHEE yanditse ku itariki ya: 9-09-2014  →  Musubize

so ndumva mwe bamotari mugowe nikazikanyu

fdu yanditse ku itariki ya: 9-09-2014  →  Musubize

perezida nasure uturere twose

gasore j yanditse ku itariki ya: 9-09-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka