My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1428 )
Ohereza igitekerezo
|
|
muraho;ndi mubatuye akarere ka rwamagana ndashima imikorere y’abayobozi bashya dufite; tugize amahirwe ingingo yi 101 yo mû itegeko nshinga igahinduka;tugakomeza kuyoborwa na nyakubahwa président wacu: byadufasha PE.
Nta Mutoza Usimbuza Umukinnyi Kandi Ariwe Uri Gutsindira Ikipe Umusaza Nayobore Arabishoboye Kandi Ibikorwa Bye Birivugira Ok.
mukomerez h kuko muduha amakuru mashya
Turabakunda cyane kubwamakuru mutugezaho murakoze
Njyenumuryangowanjye.twifuzako.prezidayagumakuYoborakuberabYINSHIYATUGEJEJEHO
Abadashaka umusaza begere kuruhande burya utaranyuze mubwato buyobowe neza ntamenya ibyiza by’ubuyoboye.bityo abibaza byinshi kuri 2017 bareke bizwi n’abanyarwanda gusa umusare mwiza paul KAGAME OYE!!Oye oye !oye!!urasobanutse kandi urashoboye ntituzagutererana muguteza urwanda rwacu imbere.
SIBOMANA felecien mpongano NAVUKIYE KAYONZA RUSERA nishimiye imiyoborere ya kagame poul nibitekerezobyiza byubaka abanya Rwandamurirusange atugezaho Avuyeho twabatubaye abande? ahoyadukuye burimunya Rwanda akwiyekuhatekereza tukiyubakira igihugu cyacu turikumwe numusazawacu.bishobokako arinjye mpindura itegeko nshinga narihindura mumunota 1 nkibitekereza.
Mwaramutse nitwa Knowless Aline ndi Imusanze umurenge Muhoza umudugudu Buhoro! ndashimira umusaza wacu Paul Kagame kubwimiyoborere myiza niterambere atugezaho ukobwije nukobukeye,murimake narambe kubuyobozi turacyamukeneyeho byinshi.
kamonyi akarere kaba karatangiye gukira
A P R F C itangiyekuturwaza
Muraho ndabashimiye cyane njye ndikwibaza icyo ministry of Defense icyo itekereza kubanyarwanda bafite ubumuga bwo mumutwe basezerewe mugisirikare aho usanga abenshi basa naho bataye ubwenge kandi ntawo kubitaho ndetse namahirwe reta itanga zimwe ntibabimenye. Usanga ari bo murikigihugu bibayeho nabi nkaba nasabagako bakongera ubuvugizi kumiryango yabo ndetse bakamenya burumwe amakuru yr
Mutubwirire REB bige kumushahara wa mwarimu utaryanye n’igihe tugezemo ,murakoze.