My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
mutugezaho amakuru meza mukomereze aho kandi nifurije abanyarwanda bose umwaka mushya muhire wa 2015
inama zanyu ziranyubaka cyane nkaba mbasaba amakuru ya karere ka kamonyi.
jyewe ndifuriza abanyarwanda bose umwaka mushya muhire wa 2015 ,dushimira kigali to day ku bwamakuru itugeazaho
MUKOMEREZE AHO KANDI MWIRINDE IBIHUHA. MURAKOZE CYANE!
Iminsi mikuru ntidusesagure kuberako ntamusi tutishima .ahubwo dushimire lmana yoyaturinze murububuzima’tunayisaba gutangira undimwaka mubyishimo’nomumahoro.
Iminsi mikuru ntidusesagure kuberako ntamusi tutishima .ahubwo dushimire lmana yoyaturinze murububuzima’tunayisaba gutangira undimwaka mubyishimo’nomumahoro.
Mwaramutse Mwese Nshuti Za Kigalitoday! Nohel Nziza N’umwaka Mushyamuhire, Ndasaba Aba Pasteur Bamatorero Namadini Bomukarere Ka Nyagatare Bongere Agakiza Mubakristo Kuko Birababaje Aho Kuri Nohel Wasangaga Insengero Zifunze Arko Utubari,mutubyiniro Harihapfukiye Murumva Nikibazo Murakoze.
uwo muntu wibye ayo matungo koko bega igisebo. igitekerezo natanga nuko iyo atarinda ahubwo yarigutuza naho ubundi nishyure izo hene agorwe amezi3 murakoze.
Mwaramuste noel nziza nu mwakamushya na girango nibuste abatwara ibinyabizigako barinda ubuzimabwabo.
mwiriwe neza,noel nziza n’umwaka mushya muhire wa 2015!ngewe ndasaba abayobozi b’akarere kanyarugenge m’umurenge wa MUHIMA AKAGARI KA KABEZA UMUDUGUDU Wa SANGWA KO badufasha tugasubizwa inzu y’umubyeyi wacu yibarujweho n’umuvandimwe we none bikaba binatuvirama kubara aho kuba kandi hari inzu yasizwe n’ababye bacu!ndi kwishuri huye campus.
MWARAMUTSE!DUKENEYE TAX MINI BUS MU MUHANDA NGORORERO-KAVUMU-RUTSIRO,LETA NIDUTABARE
aturange bo mumurenge wa ruhango niryari tuzakemurirwa ibibazo reba iyisaha umurenge harimo umuntu umwe nkubu mpaje inshuro 5 nkababura aho baziye igisubizo ni jyenda uzagaruke tugiye muri poze nimubatubwirire bikubite ashyi.