My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
ndashima exectife wahoze ayobora umurenge wa kigoma (kajyambere patrick)ko yakoze ibikorwa by,intashyikirwa mumurenge wacu kd nakomereze aho imana imurinde
Mwiriweneza Nasabaga Leta Yurwanda Koyadufasha Kukibazo Cyumuhanda Wagasetsa Mukarere Kangoma Umurenge Remera Kumuhanda Wangiritse Cyane Leta Izadufashe Murakoze.
INYAMASHEKE;MWADUKORERA UBUVUGIZI AMASHURI AMWE YA NAYINI MUKAHAGEZA AMAZI MEZA N’ AMASHANYARAZI KUKOTURI MUBWIGUNGE.
Muraho turashimira reta yubumwe irikutugeza ku iterambere 1 ikoranabuhanga so nibindi twebwe bomubyaro turashimira perezida kagame ko yadufunguriye amagare murikaburimbo nkamoto zomucyaro mwaduhe poromosiyo yaperime turazivomesha nokwahira ntidukata muri kaburimbo
MWARAMUTSEHO NEZA N’UKUTUBARIZA IKIBAZO CY ’UBUSHUMERI K’URUBYIRUKO RW’URWANDA ICYO G.V.T, IBIVUGAHO murakoze
NI BYIZA KUNGAMBA ZAFASHWE ZO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA ARIKO IBYO NTIBIHAGIJE KUKO ABARINZI BAJYA INAMA N’ INYONI ZIJYA IZINDI. MURI IYI MINSI MIKURU NTAKURYAMA KUKO ABASHERETSI BAZACA MURIHUMYE ABARINZI.
HARI IGITEKEREZO CYO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA MFITE NIMARA KUCYANDIKA NEZA NZACYOHEREREZA UMUYOBOZI W’INTARA Y’ AMAJYEPFO ,KUKO INGAMBA Z’ INTARA YOSE ZARUTA IZ’ UMURURENGE UMWE CYANGWA AKARERE KAMWE. <>
NI BYIZA KUNGAMBA ZAFASHWE ZO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA ARIKO IBYO NTIBIHAGIJE KUKO ABARINZI BAJYA INAMA N’ INYONI ZIJYA IZINDI. MURI IYI MINSI MIKURU NTAKURYAMA KUKO ABASHERETSI BAZACA MURIHUMYE ABARINZI.
HARI IGITEKEREZO CYO GUKUMIRA UBUJURA BW’ INKA MFITE NIMARA KUCYANDIKA NEZA NZACYOHEREREZA UMUYOBOZI W’INTARA Y’ AMAJYEPFO ,KUKO INGAMBA Z’ INTARA YOSE ZARUTA IZ’ UMURURENGE UMWE CYANGWA AKARERE KAMWE. <>
ok aho hantu abaganga nibumve ko arubuzima bwaturage nibikosore so thank you iam fionna
ndasaba ko mwazashyiraho mwazateza imbere ikoranabuhanga ryo mucyaro
jyewe ndasaba reta koya twubakira imiyanda yibitaka vuba kuko ibitaka bitumereye nabipe ndi kuri mirongo ine muri rwezamenyo
kigali to day ndabashimira amakuru mutugezaha murakoze
Nibyiza cyanerwose amashanyarazi atumyemye benshi bakataza mu iterambere ubungubu business iyo ariyo yose iragenda bityo tukaba duknmeje gurhimira leta y’Urwanda ikomeje kutugezaho ibikorwa remezo nk’ibingbi TURABAKUNDA CYANE Thanks.