My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Ubushyize mu gakenke
Kuri byo bizamini
Bavuze ko habaye kwibeshya
Nubu nibyo dutegereje
Nuko bazavuga nubundi?

Nshimiyimana Alexis yanditse ku itariki ya: 14-04-2016  →  Musubize

Twibuke twiyubaka.

Theoneste yanditse ku itariki ya: 13-04-2016  →  Musubize

Amakuru yanyu amakuru yanyu nimeza araturyohera pe!
dukomeze kwibuka abacu bazize jenoside yakorewe
Abatusti mu 1994 mata murankoze

bikorimana frank yanditse ku itariki ya: 9-04-2016  →  Musubize

gahunda yokugaburira abana saa sita muburezi bwibanze yahezehe?ko leta yacu yari yabitwemereye.

andre yanditse ku itariki ya: 8-04-2016  →  Musubize

Turabashimiye

gasigwa joseph yanditse ku itariki ya: 5-04-2016  →  Musubize

Turabashimiye

gasigwa joseph yanditse ku itariki ya: 5-04-2016  →  Musubize

Tubashimiye uburyo muduha bwogutanga ibitekerezo

gasigwa joseph yanditse ku itariki ya: 5-04-2016  →  Musubize

muraho mutubabarire muzatubarize ushinzwe uburezi mukarere kagatsibo azadusuzumire Gs gatsibo umuyobowayo atanganabiserivise jyewe ubwajye nabanje kwiga kuri Gs kibondo mpiga imyaka 2 S4 na S5 HEG gahunda yokugabura irahagera umwaka wakane ndawiga sinishura ariko bafata indanga manota yajye ngiye muwagatanu haza umushinga wa ADRA RWANDA iramfata uranyishurira uwomwaka bingombwako mpindura ikigo jya GS GATSIBO mpageze arambwira ngo ushaka kwiga nemera mumwaka wakangahe umwaka wagatanu kuko sinarinarabashije gutsinda arambwirango nijye kuzana indangamanota yumwaka kane ndamubwirango indangamanota yajye ikigo cyarayifashe kuberako ntamafaranga mfiteyokwishura ibiryo none reka nige ninyabona nzayizana aranga none kugeza nubu siniga ndizerako ubuvugizi muribubunkore murakoze

alias yanditse ku itariki ya: 5-04-2016  →  Musubize

TURABAKUNDA CYANE KUBWIYIZA MUTUGEZAHO

THEODORI yanditse ku itariki ya: 21-03-2016  →  Musubize

RUSWA MU TURERE Akarere ka Gakenke kanze gusohora ibizami kandi byararangiye gukosorwa na LALGA. None ubu ngo ukeneye umwanya areba gitife agatanga 800000Frw Nibamara kuyishyura yose nibwo bazabimanika. Mubikurikiranye mumenya byinshi kurushaho dore ko nubushize Gakenke yanyanganyije amanota ya LALGA bimenyekanye bavuga ko ari ukwibeshya. Nzabandora ubu.

Birahari yanditse ku itariki ya: 17-03-2016  →  Musubize

mugire amahoro y’Imana

pati harera yanditse ku itariki ya: 10-03-2016  →  Musubize

Ubwo se abazabona akazi kuri iryo soko rya CYANIKA (Burera) ntibazamburwa nk’uko twambuwe na Ese ECOFOMO (Baringa), imyaka ishyize ari 10ans; Ababishinzwe bazagenzure neza ritazubakwa nk’isoko rya GAHUNGA, aho dallettes z’ibisima zikozwe na fer à beton (bita lisse) za 6 bakoresha étriers nabwo kunyubako zoroheje ndetse n’isoko rya NYAGAHINGA ni uko. Ayo masoko ashaje (gusenyuka) abagenerwa bikorwa batayaremye; Iryo soko mpuza mahanga kdi ntirizabe nk’umuhanda KIDAHO_NYAGAHINGA_KANYIRAREBE_RUKIKO wubakwa na Ese BETA Costruction Ltd wanze kurangira ndetse mu ikorwa ryawo hagiye hangizwa bimwe mu bikorwa_remezo (Ntagikorwa_remezo gisimbura ikindi ahubwo biruzuzanya), bityo ibyangirijwe byari kubakwa ndetse n’ibiti byo kuri uwo muhanda byaranduwe bigasimbuzwa ibindi; Byongeye abakozi bo muri uwo muhanda barambuwe baheruka guhembwa mu kwezi kwa 8/2015. Ibyaberaga i BURERA !!! (Nyobozi icyuye igihe). Nibyo gukosorwa na Nyobozi nshya kuko ni AKANGARI(!?).

MANIRAGUHA Ladisilas yanditse ku itariki ya: 6-03-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka