My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1428 )

Turasabako Nabantu Bafite Amahoteli Bajyabatangaza Imyanya Yakai Babinyujije Mubitangazamakuru Kuko Ubona Hoteli Yubakwa Ejo Ugasanga Yatanjyiye Gukora Ntumenye Igihe Akazi Katanjyiwe Kandi Nawe Wari Ufite Ubumenyi Kuburyo Nawe Waza Ugahangana Nabandi Ku Isoko Ry’umurimo Mudufashe Kbsa

Moses yanditse ku itariki ya: 14-07-2016  →  Musubize

tubashimiye uko tugezaho amakuru yukuri.

MATABARO JEREMIE yanditse ku itariki ya: 13-07-2016  →  Musubize

turabashimira, mukoze

Juvenal yanditse ku itariki ya: 10-07-2016  →  Musubize

kumenyaamakuruyiriwemukarerenkomokamo

myasirosaveri yanditse ku itariki ya: 7-07-2016  →  Musubize

Muraho kt ngewe harikintu ndikwibaza mukatere kanyagatare mumurenge wa gatunda mukagari ka nyangara tumaze ukwezi nigice ntamuyobozi wakagari dufite akabayaraburiwe irengero kubera ibyaha akurikiranyweho byo kurya amafranga ya leta nonese ubwuburenganzira bwacu nkabaturage burubahirizwa? ese habuzundi baduha? mutubarize kandi turabakunda.

alias yanditse ku itariki ya: 4-07-2016  →  Musubize

dushyikiye ingobo zacu zabohoye u Rwanda

Musengimana Cyprien yanditse ku itariki ya: 4-07-2016  →  Musubize

Ndabaza ubuyobozi Munyiginya ibura iki? ngo ibone umuriro wamashanyarazi turinyuma mumajyambere pe

Ndagije yanditse ku itariki ya: 30-06-2016  →  Musubize

ABOBAYOBOZI BARYA AMAFARANGA YABATURAGE NTIBAHANWE BYINTANGA RUGERO TUKABA DUTUYE IBUSORO

TWIZEYIMANA ETIENNE yanditse ku itariki ya: 25-06-2016  →  Musubize

Kigali to day ndabakunda.murakoze

majoro daniel yanditse ku itariki ya: 25-06-2016  →  Musubize

ibyo ntago aribyo.

jamvier yanditse ku itariki ya: 22-06-2016  →  Musubize

Niba koko inganda za kawa zarafashe amazi y’ abaturage byaba bibabaje! nonese umuturage azagera ate muruganda kugirango a bone amazi?

Joel yanditse ku itariki ya: 21-06-2016  →  Musubize

Niba koko inganda za kawa zarafashe amazi y’ abaturage byaba bibabaje! nonese umuturage azagera ate muruganda kugirango a bone amazi?

Joel yanditse ku itariki ya: 21-06-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka