My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
turifuzako twagabanyirizwa imisoro
Kwiha agaciro no kunyurwa ni ishema ry’Abanyarwanda.
Nitwe twigenera ulo tuhomba kubaho ntawundi tubisaba dufite ubushake ,ubushobozi n’uburenganzira bwo kwihitiramo ibitubereye .Abanyarwanda tuzi ibyacu!!. Abandi no.
Nitwe twigenera ulo tuhomba kubaho ntawundi tubisaba dufite ubushake ,ubushobozi n’uburenganzira bwo kwihitiramo ibitubereye .Abanyarwanda tuzi ibyacu!!. Abandi no.
Nukuri Umusaza turamukeneye twe referandumu twayitoye kera tukiyemeza ko rihinduka ahubwo se umusaza azatwemerera nukuri turamusabye azabitwemerere. none rero no mukarere ka rubavu rwose muduhe ubuyobozi bushoboye kuko abahari ntacyo bamaze nubwo manda yabo irangiye, reba nawe ngo baratuka abo bayoborana, ibibazo kubikemura ni mugicuku, ntago yari akwiye kuba umya politiki kuko ntabyo ashoboye, turasaba abasaza bacu barimo Mzee Kibata Djuma kuturebera umuntu ushoboye dore ko bo ari inyangamugayo kandi basobanutse bazi abakozi nabatari abakozi. murakoze cyane ariko ibindi byo byari bizima pe umusaza atugejeje ahantu heza cyane kandi turifuza ko akomeza.
Itejyeko rinduke kwitore umusaza wacu kagame
Peresida poul kagame twese nka banyarwanda turifuzayuko referandumuyahinduka tukitorera muzehe wacu
gd::ggggg:gggggg:bbbvvbvv" SINJEMBONYE NGE ZE MULI AMELICA
Abanyeshuri Bo muri UR_NYARUGENGE campus bat
arabona bourse biga muri Food science and technology (FST) Kuba muri kwiga biratugoye kuko izararaho Iraheta ubu haha nukwirirwa dusinzirira mu ishuri mudukorere
ubuvugizi
Abanyeshuri Bo muri UR_NYARUGENGE campus bat
arabona bourse biga muri Food science and technology (FST) Kuba muri kwiga biratugoye kuko izararaho Iraheta ubu haha nukwirirwa dusinzirira mu ishuri mudukorere
ubuvugizi
Muzatubwirire Ubuyobozi Bw,akarere Ka Nyamasheke Ko,abaturage B,umurenge Wa Nyabitekeri Akagari Ka Kigabiro Umudugudu Wamurambi Ko,hatagize Igikora Hashobora Kuvuka Indwara Y,impiswi Ndetse Na Korera bitewe No Kunnya Amazi Mabi Ubuyozi Bw,murenge Nubwa,akagari Bwirengagije Icyocyibazo Cyokubakira Abaturage Uwumugezi Ukaba Warangiritse Bikomeye Nyaboneka Mutwemerere Mutubere Abavugizi MURAKOZE
turashima ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga ku bw’imiyoboreremyiza imaze gutuma Akarere kacu gatera imbere navuga nti" mukomereze aho kandi twese dufatanyije" rekambonereho no kubasaba ko mwazatubari ikibazo company ya SEBURIKOKO Emmanuel yambuye Abaturage bo mu murenge wa Rugendabali ubwo iyo company ya koraga umuhanda wo muri uwo murenge noneb amafaranga twahakoreye kugeza na nubu tukaba tutarayabona. murakoze yari HABIYAREMYE JEAN BOSCO