My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1428 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Turasabako Nabantu Bafite Amahoteli Bajyabatangaza Imyanya Yakai Babinyujije Mubitangazamakuru Kuko Ubona Hoteli Yubakwa Ejo Ugasanga Yatanjyiye Gukora Ntumenye Igihe Akazi Katanjyiwe Kandi Nawe Wari Ufite Ubumenyi Kuburyo Nawe Waza Ugahangana Nabandi Ku Isoko Ry’umurimo Mudufashe Kbsa
tubashimiye uko tugezaho amakuru yukuri.
turabashimira, mukoze
kumenyaamakuruyiriwemukarerenkomokamo
Muraho kt ngewe harikintu ndikwibaza mukatere kanyagatare mumurenge wa gatunda mukagari ka nyangara tumaze ukwezi nigice ntamuyobozi wakagari dufite akabayaraburiwe irengero kubera ibyaha akurikiranyweho byo kurya amafranga ya leta nonese ubwuburenganzira bwacu nkabaturage burubahirizwa? ese habuzundi baduha? mutubarize kandi turabakunda.
dushyikiye ingobo zacu zabohoye u Rwanda
Ndabaza ubuyobozi Munyiginya ibura iki? ngo ibone umuriro wamashanyarazi turinyuma mumajyambere pe
ABOBAYOBOZI BARYA AMAFARANGA YABATURAGE NTIBAHANWE BYINTANGA RUGERO TUKABA DUTUYE IBUSORO
Kigali to day ndabakunda.murakoze
ibyo ntago aribyo.
Niba koko inganda za kawa zarafashe amazi y’ abaturage byaba bibabaje! nonese umuturage azagera ate muruganda kugirango a bone amazi?
Niba koko inganda za kawa zarafashe amazi y’ abaturage byaba bibabaje! nonese umuturage azagera ate muruganda kugirango a bone amazi?