My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1428 )
Ohereza igitekerezo
|
|
mbaye mbashimiye
nge we icyombibariza ibibazo bibazwa byose bisubizwa ryari ku
wuhe murongo ??
Ubushyize mu gakenke
Kuri byo bizamini
Bavuze ko habaye kwibeshya
Nubu nibyo dutegereje
Nuko bazavuga nubundi?
Ubushyize mu gakenke
Kuri byo bizamini
Bavuze ko habaye kwibeshya
Nubu nibyo dutegereje
Nuko bazavuga nubundi?
Twibuke twiyubaka.
Amakuru yanyu amakuru yanyu nimeza araturyohera pe!
dukomeze kwibuka abacu bazize jenoside yakorewe
Abatusti mu 1994 mata murankoze
gahunda yokugaburira abana saa sita muburezi bwibanze yahezehe?ko leta yacu yari yabitwemereye.
Turabashimiye
Turabashimiye
Tubashimiye uburyo muduha bwogutanga ibitekerezo
muraho mutubabarire muzatubarize ushinzwe uburezi mukarere kagatsibo azadusuzumire Gs gatsibo umuyobowayo atanganabiserivise jyewe ubwajye nabanje kwiga kuri Gs kibondo mpiga imyaka 2 S4 na S5 HEG gahunda yokugabura irahagera umwaka wakane ndawiga sinishura ariko bafata indanga manota yajye ngiye muwagatanu haza umushinga wa ADRA RWANDA iramfata uranyishurira uwomwaka bingombwako mpindura ikigo jya GS GATSIBO mpageze arambwira ngo ushaka kwiga nemera mumwaka wakangahe umwaka wagatanu kuko sinarinarabashije gutsinda arambwirango nijye kuzana indangamanota yumwaka kane ndamubwirango indangamanota yajye ikigo cyarayifashe kuberako ntamafaranga mfiteyokwishura ibiryo none reka nige ninyabona nzayizana aranga none kugeza nubu siniga ndizerako ubuvugizi muribubunkore murakoze
TURABAKUNDA CYANE KUBWIYIZA MUTUGEZAHO