My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

umusaza turamwemera cyane.ahubwo kuki batinda ntibashaka kudukereza mwiterambere ese ubundi ukenewe ninde nabeyihanganye umusaza yara biharaniye banyarwanda murabe maso

Gaston yanditse ku itariki ya: 22-10-2015  →  Musubize

MURAHonijbaptiste i NYARUGURUUWOMUSAZA TURAMWEMERA NAKOMEZE

JBAPTISTE yanditse ku itariki ya: 21-10-2015  →  Musubize

nukuri mukarere kakirehe hakomeje kwiganzamo ubwicanyi bukabije tukaba twasabagako ababishinzwe bakomeza kutugenzurira amarondo kuko byose bikorwa mwijoro nkaba nasabagako mwajya mutugezaho amakuru yo murikaritsiye murakoze!

ntawukuriryayo geovanie yanditse ku itariki ya: 16-10-2015  →  Musubize

Mutwibukirize gitifu w’akagali ka KIGASHA gukemura ibibazo byabaturage atabakereje kuko dukeneye kwihuta mwiterambere.

MUGABO yanditse ku itariki ya: 16-10-2015  →  Musubize

Turamushakako,atuyobora

Turabishaka yanditse ku itariki ya: 11-10-2015  →  Musubize

umusaza;nyakubahwa present.ndamushimira yadukuye mu bujiji yatubaye hafi abantu bafite umutekano usesuye biratize maze tumutore 100/100

Nsengiyaremye jean cloude yanditse ku itariki ya: 11-10-2015  →  Musubize

umusaza’nagume’ayobore’atugezakuribyinshi’tumurinyuma’tumurinyuma

KWIZERA’ERKE yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

ukotwamutoye’nikotuzonge’rakumutora’100.100’yatugejeje’kuribyishi’nayobere’imwaka10’tumurinyuma

KWIZERA’ERKE yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

Turashimira umubyeyi wacu nyakubahwa president uburyo adahwema kudushakira ibyateza imbere abanyarwanda nka gira inka nibindi ,ariko nyabuneka abo bayobozi banyaruguru basobanure neza iryo tegeko rishya kubijyanye n ubutaka koko abaturajye ntibapfa kubyumva mubabe hafi kbs bizagenda biza.

Jean Pierre Bizimana yanditse ku itariki ya: 2-10-2015  →  Musubize

mwadufasha ko natwe dufite impano yo kwiga name inyamaswa?

abizera eiyse yanditse ku itariki ya: 1-10-2015  →  Musubize

turashima nyakubahwa perezida warepeburika koya duhaye umuhanda wakaburimbo kibuye cyangugu ukaba ugiye kuzura imana ikomezekumurinda akomeze kutuyobora tumurinyuma

BIZIMANA BIENVENUE yanditse ku itariki ya: 27-09-2015  →  Musubize

Aliko iyi Kigalitoday;inkuru yandika kuli Kirehe inyinshi ko mbona bibanda ku bibi ntabyiza bihali bakwandikaho koko?

Gapy yanditse ku itariki ya: 27-09-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka