My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1428 )
Ohereza igitekerezo
|
|
NTIBYO NGO SE MUDUHA AMAKURU DUSHAKA MURAKOZE?
mu karere ka Nyaruguru
umurenge wa kibeho
akagari ka Nyange
umudugudu w’agateko,abaturage duheze mugihirahiro kubera kubura ,umuriro w’ amashanyarazi kandamapoto ,amazimyaka 2 ashinze mubutaka. none subwumuntu yaterimbere ate?.
turasaba ko nubwo umutekano usesuye mu gihugu cyacu biturutse kubuyobozi bwiza lmana yatwihereye bu hagarariwe na H-E turasaba inzego zumutekano kurwanya abajura buri muntu akarya iyo yirobeye hagira nabafatwa bagahanwa byintangarugero ngaho nawukitaba phone munzira ngo batayimushikuza.ntawuraza itungo murugo. nawuhinga ngo asarure imyaka ye yeze ahubwo ayitanguranwa nabajura .umuntu aracyahura nabagizi banabi bitwaje intwaro gakondo.imfi zohirya no hino zidasobanutse nibindi byinshi ibyobyose rero hakabura ababikora nababonetse ntibahanwe byintangarugero ngaho arafashwe bugacya bamurekuye ibyo bintu rwose ntabwo byoroshye kuko umutekano w igihugu utangirira murugo.murakoze kandi ibitekerezo byacu mujye mubi tugereza ku babishinzwe ibyo byose muze ihuye birahari.
H.E Paul KAGAME yakoze neza guhindura BOSENIBAMWE Aimé, ku cyanjye giti yari yaramberagije kabone nubwo ibibazo yanteye bidakemutse nonaha ariko nduhutse ku mutima. MUSABYIMANA Claude umugabo mwiza "Wicisha bugufi kdi uri ROYAL", tumwifurije ibihe byiza kdi azagire amahoro n’amahirwe mu mirimo itoroshye yo gukosora ibyazambye mu ntara yacu y’Amajyaruguru kdi twizeye ko azaturenganura twe twazengerejwe n’uriya mugabo (B.A).
turasabako umurenge wacu Gihombo komwatuvuganira kuberako ubuyobozibuhakorera buharanira inyuzabogusa nibitekubobayobora ntaterambere turageraho.murakoze.
MUKARERE KA HUYE BAKURE ABATURAGE MUBWIGUNGE BAKORA UMUHANDA TUMBA-RANGO-KANSI NTAMUHANDA .NTA MASHANYARAZI.NTA NIMODOKA PEE!! MUTUGEZE KUMAJYAMBERE NA TWE NKUKO UMUSAZA NTACYO YA TWIMYE.
ABASHINZWE AMASHANYARAZI BAREBE AMAPOTO YUMIYE MURI MUKURA AKARERE KA HUYE MURI NYAGISENYI BADUKURE MU MWIJIMA
governor wa majyepfo yitwa mureshyankwano Marrie lose
ninɗe governor wa
southern province?
Mbaneyeho gusimi mayor wakarere karusuzi kubufatanye bwiza bwiterambere arikugeza mukarere abere umuyobozi kuba karaje kumwanya wa 4 nishema rishimishije , umwak utaha turifuza gufatanya nawe muribyose tukazaza kumwanya wambere 1 .
bjr UMURENGE wakanama muri rubavu imikoreresimyiza yabo kutakira abaturage
Haracyagaragaramo ruswa muri police cyane cyane police station ya Gakenke aho umuntu akubwitwa ari Ku irondo yajya kurega kandi n’abamukubise babyemera ugasanga police ibiteye utwatsi kandi umuntu yangiritse ugasanga ntanavujwe.