My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1428 )

NTIBYO NGO SE MUDUHA AMAKURU DUSHAKA MURAKOZE?

Dusingizimana Jeadamasen yanditse ku itariki ya: 13-10-2016  →  Musubize

mu karere ka Nyaruguru
umurenge wa kibeho
akagari ka Nyange
umudugudu w’agateko,abaturage duheze mugihirahiro kubera kubura ,umuriro w’ amashanyarazi kandamapoto ,amazimyaka 2 ashinze mubutaka. none subwumuntu yaterimbere ate?.

Gallican yanditse ku itariki ya: 11-10-2016  →  Musubize

turasaba ko nubwo umutekano usesuye mu gihugu cyacu biturutse kubuyobozi bwiza lmana yatwihereye bu hagarariwe na H-E turasaba inzego zumutekano kurwanya abajura buri muntu akarya iyo yirobeye hagira nabafatwa bagahanwa byintangarugero ngaho nawukitaba phone munzira ngo batayimushikuza.ntawuraza itungo murugo. nawuhinga ngo asarure imyaka ye yeze ahubwo ayitanguranwa nabajura .umuntu aracyahura nabagizi banabi bitwaje intwaro gakondo.imfi zohirya no hino zidasobanutse nibindi byinshi ibyobyose rero hakabura ababikora nababonetse ntibahanwe byintangarugero ngaho arafashwe bugacya bamurekuye ibyo bintu rwose ntabwo byoroshye kuko umutekano w igihugu utangirira murugo.murakoze kandi ibitekerezo byacu mujye mubi tugereza ku babishinzwe ibyo byose muze ihuye birahari.

aras yanditse ku itariki ya: 11-10-2016  →  Musubize

H.E Paul KAGAME yakoze neza guhindura BOSENIBAMWE Aimé, ku cyanjye giti yari yaramberagije kabone nubwo ibibazo yanteye bidakemutse nonaha ariko nduhutse ku mutima. MUSABYIMANA Claude umugabo mwiza "Wicisha bugufi kdi uri ROYAL", tumwifurije ibihe byiza kdi azagire amahoro n’amahirwe mu mirimo itoroshye yo gukosora ibyazambye mu ntara yacu y’Amajyaruguru kdi twizeye ko azaturenganura twe twazengerejwe n’uriya mugabo (B.A).

MANIRAGUHA Ladisilas yanditse ku itariki ya: 9-10-2016  →  Musubize

turasabako umurenge wacu Gihombo komwatuvuganira kuberako ubuyobozibuhakorera buharanira inyuzabogusa nibitekubobayobora ntaterambere turageraho.murakoze.

Dady yanditse ku itariki ya: 9-10-2016  →  Musubize

MUKARERE KA HUYE BAKURE ABATURAGE MUBWIGUNGE BAKORA UMUHANDA TUMBA-RANGO-KANSI NTAMUHANDA .NTA MASHANYARAZI.NTA NIMODOKA PEE!! MUTUGEZE KUMAJYAMBERE NA TWE NKUKO UMUSAZA NTACYO YA TWIMYE.

ALPHONSE yanditse ku itariki ya: 7-10-2016  →  Musubize

ABASHINZWE AMASHANYARAZI BAREBE AMAPOTO YUMIYE MURI MUKURA AKARERE KA HUYE MURI NYAGISENYI BADUKURE MU MWIJIMA

ALPHONSE yanditse ku itariki ya: 7-10-2016  →  Musubize

governor wa majyepfo yitwa mureshyankwano Marrie lose

ntigurirwa sylivain yanditse ku itariki ya: 7-10-2016  →  Musubize

ninɗe governor wa
southern province?

uwihanganye yanditse ku itariki ya: 6-10-2016  →  Musubize

Mbaneyeho gusimi mayor wakarere karusuzi kubufatanye bwiza bwiterambere arikugeza mukarere abere umuyobozi kuba karaje kumwanya wa 4 nishema rishimishije , umwak utaha turifuza gufatanya nawe muribyose tukazaza kumwanya wambere 1 .

Nsabimana Emile yanditse ku itariki ya: 5-10-2016  →  Musubize

bjr UMURENGE wakanama muri rubavu imikoreresimyiza yabo kutakira abaturage

jean yanditse ku itariki ya: 4-10-2016  →  Musubize

Haracyagaragaramo ruswa muri police cyane cyane police station ya Gakenke aho umuntu akubwitwa ari Ku irondo yajya kurega kandi n’abamukubise babyemera ugasanga police ibiteye utwatsi kandi umuntu yangiritse ugasanga ntanavujwe.

Ndayisenga J. Bosco yanditse ku itariki ya: 1-10-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka