My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Muzasure Nyamasheke Kanjongo Kigarama Karehe Hari Amarozi Akabije Murakoze
Inka Zubudehe Ziri Gutangwa Nabi Aho Umuyobozi W Umudugudu Yicara Wenyine Akandika Umuhaye Amafaranga Kugirango Amuhe Inka Ahamagaza Inama Yabaturage Bigasa Nko Kubibaratira Ntibahabwe Umwanya Ngo babyibonemo Uregero Akarere Ka Gisagara - Umurenge Wa Gikonko - Akagari Ka Gasagara - Umudugudu Wa Mugusa . Muzahagere Muganirize Abaturage Mwiyumvire Ukuntu Abaturage Bagowe " Uwo Muyobozi Twamusabye Kwegura Kuko Ntacyo Yaratumariye Yegera Umunyamabanga Shingwa Bikorwa Wakagari Araza Amusubizaho Kungufu Ze . Mudukorere Ubuvugizi .
Ngoma umurengewakibungoakagari kagatonde kagizwenimidugudu irengicumi ituyekumudugudu neza duturanye nimirengifitumuriro namazimeza impandenimpande nikukinatwe bitatugeraho ntamuriro ntamazi ntaterambere
Ubukungu nimizamukireyakarere Ruhago amakurukikipe ya etwari
Muraho bantu batugezaho ibyiza? umwana bajyana kenya, birashoboka ko ari urucyuruzo nogushaka inyungu.
mwiriwe muzaze kudusura tumaze amezi 3tudahembwa mugishanga aho turangije kugitunganya muguhingamo umuceri mukarere ka nyagatare na gatsibo umurenge ni katabagemu na kabarore na karangazi
muraho ndabsuhuje nkukomutuberayo nkabavugizi bigenga twagirango mutubarize kayonza mumurenge wamurama tuziriki ko bataduhumuriro doreko arinawo murenge usigayehagati yiyindimirenge ntamurirokoko nyamuneka mutugeragereze mudufashe bayobozi bacudukunda
mukarere kangoma ubuyobozi bukora neza ariko haraho bass nkabirengagiza uduce tumwe natumwe mwiterambere ryabaturage baho.kubona bajyana amashanyarazi namazi mumurenge wat rukila bagasimbuka hafi 20km bawunyuza hejuru yabandi baturage bigaragarako mumyaka 22ishize twibohoye ahitwa Samara ,kibaya hose ntaterambere narimwe rihagezwa ubwo ababyumva murabyumva mute? NGOMA ikubite agashyi pe.
Njendashima Kt redio Uburyo yatunjeJejeho Ariyamakuruyo Muri Iriyanam Y A 27 Yahuje Umuryango Wubumwebwa Afu Yabibumbiyehamwe Murakoze
Turasabako Nabantu Bafite Amahoteli Bajyabatangaza Imyanya Yakai Babinyujije Mubitangazamakuru Kuko Ubona Hoteli Yubakwa Ejo Ugasanga Yatanjyiye Gukora Ntumenye Igihe Akazi Katanjyiwe Kandi Nawe Wari Ufite Ubumenyi Kuburyo Nawe Waza Ugahangana Nabandi Ku Isoko Ry’umurimo Mudufashe Kbsa
tubashimiye uko tugezaho amakuru yukuri.
turabashimira, mukoze