My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1428 )

turashima umukuru wakarere kacu konoza guhunda zareta akaba ahashya ruswa

Evode yanditse ku itariki ya: 5-11-2016  →  Musubize

perezid warepuburi ka yadukoreye
burikime. nakomez agubwe neza kuko twamuhawe na RUREMA. uwamutaka ntiya murangiza imana nikomeze imuhekuramba.maze igihugu cyacu kikomereze iterambere

BUTOYI yanditse ku itariki ya: 3-11-2016  →  Musubize

mboneyeho nogushimira mayor wa karere ka burera kubera igikorwa cyo gushira kaburimbo mpumuhanda batangiye

yambabariye jean claude yanditse ku itariki ya: 2-11-2016  →  Musubize

Amakuru Yabayobozi Butugali Bahagaritwse Mukarere Ka kicukiro

Alias yanditse ku itariki ya: 28-10-2016  →  Musubize

Turashimira Mayor wa nyagatare kuko arashoboye yanga akarengane, ruswa,n’ibindi byose bitajyanye n’icyerekezo igihugu cyacu gifite tuzakomeza gushyigikira H.E Paul Kagame.

EVARISTE yanditse ku itariki ya: 27-10-2016  →  Musubize

AMAKURU Y’AKAZI N’ABAYOBOZI B’UTUGALI BIMEZE BITE?

EVARISTE yanditse ku itariki ya: 27-10-2016  →  Musubize

muri kongo, mumaja ruguru ya kivu ,intaqa ya masisi, mu karere ja RUBAYA, ubujura burarenze, aho bakingura n’inzu nyirayo ariyo

HAKUZIMANA ndagijimana samuel yanditse ku itariki ya: 26-10-2016  →  Musubize

Munyemerere banyamakuru mutugezaho amakuru buri munsi mwongeremo imbaraga mujye mushyiraho inkuru zijyanye n’ igihe Ku turere( districts) kuko usangaho inkuru zimaze iminsi. mbashimiye imbaraga n’ impinduka mugiye gushyiramo.

Egide yanditse ku itariki ya: 25-10-2016  →  Musubize

TURABASHIMRA

GURB yanditse ku itariki ya: 21-10-2016  →  Musubize

few ward the student too gs nyanza dig dog nyamasheke arashoboye muguhimbaza ibigwi tmukuru wacu yatugejejeho too!!!

Fw ward yanditse ku itariki ya: 20-10-2016  →  Musubize

Umukobwa yiyahuye nyuma yo kumenya ko atwite mu murenge wa BUTARO akagari ka MUBUGA akarere ka BURERA

Ndizihiwe Isidore yanditse ku itariki ya: 17-10-2016  →  Musubize

Nyakwigende Nyandwi Yari Umubyiyi Imana Imwakire Mubayo Turababaye Nkabana Bato Twari Tutaramumenya Kandi Aruwi Iwacu Ikaduha

Michel yanditse ku itariki ya: 15-10-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka