My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1428 )
Ohereza igitekerezo
|
|
turashima umukuru wakarere kacu konoza guhunda zareta akaba ahashya ruswa
perezid warepuburi ka yadukoreye
burikime. nakomez agubwe neza kuko twamuhawe na RUREMA. uwamutaka ntiya murangiza imana nikomeze imuhekuramba.maze igihugu cyacu kikomereze iterambere
mboneyeho nogushimira mayor wa karere ka burera kubera igikorwa cyo gushira kaburimbo mpumuhanda batangiye
Amakuru Yabayobozi Butugali Bahagaritwse Mukarere Ka kicukiro
Turashimira Mayor wa nyagatare kuko arashoboye yanga akarengane, ruswa,n’ibindi byose bitajyanye n’icyerekezo igihugu cyacu gifite tuzakomeza gushyigikira H.E Paul Kagame.
AMAKURU Y’AKAZI N’ABAYOBOZI B’UTUGALI BIMEZE BITE?
muri kongo, mumaja ruguru ya kivu ,intaqa ya masisi, mu karere ja RUBAYA, ubujura burarenze, aho bakingura n’inzu nyirayo ariyo
Munyemerere banyamakuru mutugezaho amakuru buri munsi mwongeremo imbaraga mujye mushyiraho inkuru zijyanye n’ igihe Ku turere( districts) kuko usangaho inkuru zimaze iminsi. mbashimiye imbaraga n’ impinduka mugiye gushyiramo.
TURABASHIMRA
few ward the student too gs nyanza dig dog nyamasheke arashoboye muguhimbaza ibigwi tmukuru wacu yatugejejeho too!!!
Umukobwa yiyahuye nyuma yo kumenya ko atwite mu murenge wa BUTARO akagari ka MUBUGA akarere ka BURERA
Nyakwigende Nyandwi Yari Umubyiyi Imana Imwakire Mubayo Turababaye Nkabana Bato Twari Tutaramumenya Kandi Aruwi Iwacu Ikaduha