My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Abobajura bibisha imbunda ubwo ntibahemukira umuntu? Aha! Police yacu ibahane kabisa

Eliezel ndikumana yanditse ku itariki ya: 25-11-2015  →  Musubize

Abobajura bibisha imbunda ubwo ntibahemukira umuntu? Aha! Police yacu ibahane kabisa

Eliezel ndikumana yanditse ku itariki ya: 25-11-2015  →  Musubize

Turabashimacyane abayobozibacu ukomudahwemakutwitahope!
ariko natwemumurenge wa Mururu mukagarikatara mutwibuke nkurubyiruko muduhugure ukotwakwihangira imirimo umuyoboziwakagarikacu arashoboye ee murakoze.

Eliezel ndikumana yanditse ku itariki ya: 25-11-2015  →  Musubize

Turabashimacyane abayobozibacu ukomudahwemakutwitahope!
ariko natwemumurenge wa Mururu mukagarikatara mutwibuke nkurubyiruko muduhugure ukotwakwihangira imirimo umuyoboziwakagarikacu arashoboye ee murakoze.

Eliezel ndikumana yanditse ku itariki ya: 25-11-2015  →  Musubize

mbese ko ntamakuru y’umurenge wa mutuntu tujya tumenya twasabaga mutuvuganaire naho bazahageze umuhanda umuriro kuko nabyo biracyenewe nyuma yo kubona ko uRwanda ari ntamakemwa twashakiye hamwe icyateza mutuntu imbere nkurubyiruko dushyirho itsinda ryo kwizigamira none twasabaga niba bishoboka natwe bazaduhe nguzanyo dukore imishinga kuko byaba ari ingira kamaro mbese nkabayobozi bayobora mutuntu niki bakora kumuhanda wangirika bawureba ntibagire icyo babaikoraho?banwe mubikorera bashyize hamwe bakoresha igice cyimwe ariko abayobozi bacu batereye agati muryinyo kanadi haca imodoka zikoreye ibicuruzwa mutuvuganire natwe tuzagezwe ho umuriro hano mu kagari ka byogo umurenge wa mutuntu murakoze

niyomayira yanditse ku itariki ya: 25-11-2015  →  Musubize

Ndabashimiye kubw’ubuvugizi mwakoreye abatuye umurenge wa MBUYE k’umuriro w’amashanyarazi ubu turacana kubwubuvugizi mwadukoreye.Mbonereho no gushimira president wacu ko atica umugambi, ariko yanakadufashije k’umuhanda NTENYO -KINAZI -BUGESERA ubundi infrastrcture tukaba twuruzuye ubundi muminsi mike iterambere turi naryo abanyebuye pepepe!!!!
MURAKOZE kuwo ariwe wese witangira iterambere ry’igihugu cyacu!

IRANKUNDA CLEMENT yanditse ku itariki ya: 24-11-2015  →  Musubize

mukarere ka kayonza umurenge wa Rukara IRWIMISHINYA umuriro mugihe cyamatora yabadepite nubu amaso yaheze mukirere nibaza ahantu nkahariya uburyo ntamuriro nkibaza icyo abayobozi bakarere ndetse numurenge icyo bagikora kikanyobera barangiza bakabaha amanota 75 ukibaza abayabaha icyo bakurikiza kikanyobera

alias yanditse ku itariki ya: 18-11-2015  →  Musubize

DUFITE IKIBAZO CYOKUTAGIRA UMURIRO NTANIGITEKEREZO GIHARI CYOKUZAWUBONA MUTUBARIZE NIBANAHO ARIMURWANDA NTUTUBIZI MURAKOZE

NITWA KAYITARE UMURENGE WAKABARE AKAGARI KA RUGUNGA 2 yanditse ku itariki ya: 13-11-2015  →  Musubize

NANJYE UMUBYEYI WACU PAUL KAGAME NDAMWEMERA NI IMANA YAMUDUHAYE.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 30-10-2015  →  Musubize

Muraho ntuye karere ka rwamagana umurenge wa muyumbu umudugudu kampigika natwe muzehe turamwera kwiyo ngingo 101 imaze kuzugururwa aho twavuye naho tugeze twiyubaka turahashima kandi tugeze ku ntera ishimishize niyiyamamaze tumuri inyuma .murakoze

Niyitegeka yanditse ku itariki ya: 29-10-2015  →  Musubize

Mwakongeye mugasimbukira imbuye mukarere ka RUHANGO ko amapoto n’insiga bimanitse ariko umuriro wapi, kdi twabwirwaga ko mukwakarindwi aribwo twagombaga kuba ducana.
MURAKOZE

IRANKUNDA CLEMENT yanditse ku itariki ya: 28-10-2015  →  Musubize

Kuringe mbona aur persident arimpano God yatwihereye.thx j’luc gatsibo gasange viro.

Ndayishimiye j’luc yanditse ku itariki ya: 27-10-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka