My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1428 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Mukomerezaho
BURERA abakekwaho kurya inka z’abakene bari mu maboko ya Police, bafashwe nyuma y’igihe kitari gito abaturage dutabaza. Ku byifuzo by’abaturage buri wese wabigizemo uruhare cg warangaye yakagombywe kubibazwa, aha ndavuga nyobozi icyuye igihe naba Exéctifs k’Umurenge. Njyanama y’Akarere ka BURERA yabonye Nyobozi igiye gucura igihe yimurira ba Gitifu mu yindi mirenge, twe twabifashe nko kubahunza amakosa bari barakoze mu mirenge bayoboraga kuko wasangaga hari abari bamaze imyaka 8 m’umurenge batimuka mbese umurenge warabaye nk’akarima kabo. Bityo muri gahunda yo kurwanya IHEZANDONKE aho bagiye bakagombye kubibazwa kuko nibwo butabera. Urugero m’Umurenge wa GAHUNGA hafashwe Umuvuzi w’amatungo nyamara amakosa yabaye n’inka zabuze Gitifu nk’Umuyobozi w’Umurenge unatanga raporo akayisinya yibereye mu wundi murenge utarimo ibibazo naho Veternaire arimo kwisobanura. Imyaka umunani uyobora ahantu kandi udatorwa ni myinshi, bibaye byiza Leta yagena mandat nabo tukajya tubatora kuko ahenshi abaturage TWARABERAGIJWE.
Ababuze ababon,ibihangane
ahitwa ruhuha mubyapa byangarama igerekani ihagera iri kumafranga 200frw.
udafite umwana cg igare nikibazo
gatsibo rwose mudutabare kukibazo kijyanye na mazi,kuko ntanibirohwatunabona murakoze.
GASABO: Dutekerezako itangazamakuru rifite uruhare mu gutuma Leta yihutira gutabara abaturage ahop rukomeye.
Niyo mpamvu twumva mwakomeza kudukorera ubuvugizi kugira ngo Akarere ka Gasabo kadukorere umuhanda Zindiro- Masizi- Birembo-Nyacyonga.
Meya aherutse kubyemera ariko rwose bikorwe kuko ubu noneho birakomeye cyanee, Bigeze aho imodoka zinanirwa kugenda kubera ivumbi ryinshi rihari. Birakabije basi mudusure namwe mushyireho akanyu mukore nibura inkuru y’ ubutabazi.
KIGALI TODAY NDABASHIMIRA KUMENYESHA AMAKURU YOMUTURERE TWIWACU MU RWANDA NJEWE NAKABA MEREREYE MURI UGANDA I KAMPALA MUMUDUGUDU WA MAGANJO MU GACE KA LUKADDE
Mwaramutse nitwa gilbert nuye mumurenge was Nyarubuye,akagari Ka Mareba,umudugudu was Nyamateke ho mukarere Ka Kirehe,ndabashimira uburyo mudahwema kutumenyesha no kutuvugi bimwe mubibera iwacu, none ndagirango mbasabe muzadusabi (bijyanye n’ubuvugizi) abashinzwe gukwirakwiza amazi natwe Nazarebe uko batugenza kuko tuvoma kure kandi tuyadaha hasi usanga namatungo ahashoka mubyukuri turababaye, nubwo namashanyarazi nayahari ariko amazi nicyo kibazo kidukomereye cyane.murakoze
mudukorere link yo gushakiraho amakuru yo muturere turabona aringenzi cyane
muzaba mudufashije murakoze!
jewe mfite ikibazo murwanda hariho ecole fondamental?
Duhore
dutereza icyaduteza
imbere.
twekubiharira
abayobozi
nkuko duhora dushishi
karizwa kugira uruhari
mubidukorwa.