My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Abobajura bibisha imbunda ubwo ntibahemukira umuntu? Aha! Police yacu ibahane kabisa
Abobajura bibisha imbunda ubwo ntibahemukira umuntu? Aha! Police yacu ibahane kabisa
Turabashimacyane abayobozibacu ukomudahwemakutwitahope!
ariko natwemumurenge wa Mururu mukagarikatara mutwibuke nkurubyiruko muduhugure ukotwakwihangira imirimo umuyoboziwakagarikacu arashoboye ee murakoze.
Turabashimacyane abayobozibacu ukomudahwemakutwitahope!
ariko natwemumurenge wa Mururu mukagarikatara mutwibuke nkurubyiruko muduhugure ukotwakwihangira imirimo umuyoboziwakagarikacu arashoboye ee murakoze.
mbese ko ntamakuru y’umurenge wa mutuntu tujya tumenya twasabaga mutuvuganaire naho bazahageze umuhanda umuriro kuko nabyo biracyenewe nyuma yo kubona ko uRwanda ari ntamakemwa twashakiye hamwe icyateza mutuntu imbere nkurubyiruko dushyirho itsinda ryo kwizigamira none twasabaga niba bishoboka natwe bazaduhe nguzanyo dukore imishinga kuko byaba ari ingira kamaro mbese nkabayobozi bayobora mutuntu niki bakora kumuhanda wangirika bawureba ntibagire icyo babaikoraho?banwe mubikorera bashyize hamwe bakoresha igice cyimwe ariko abayobozi bacu batereye agati muryinyo kanadi haca imodoka zikoreye ibicuruzwa mutuvuganire natwe tuzagezwe ho umuriro hano mu kagari ka byogo umurenge wa mutuntu murakoze
Ndabashimiye kubw’ubuvugizi mwakoreye abatuye umurenge wa MBUYE k’umuriro w’amashanyarazi ubu turacana kubwubuvugizi mwadukoreye.Mbonereho no gushimira president wacu ko atica umugambi, ariko yanakadufashije k’umuhanda NTENYO -KINAZI -BUGESERA ubundi infrastrcture tukaba twuruzuye ubundi muminsi mike iterambere turi naryo abanyebuye pepepe!!!!
MURAKOZE kuwo ariwe wese witangira iterambere ry’igihugu cyacu!
mukarere ka kayonza umurenge wa Rukara IRWIMISHINYA umuriro mugihe cyamatora yabadepite nubu amaso yaheze mukirere nibaza ahantu nkahariya uburyo ntamuriro nkibaza icyo abayobozi bakarere ndetse numurenge icyo bagikora kikanyobera barangiza bakabaha amanota 75 ukibaza abayabaha icyo bakurikiza kikanyobera
DUFITE IKIBAZO CYOKUTAGIRA UMURIRO NTANIGITEKEREZO GIHARI CYOKUZAWUBONA MUTUBARIZE NIBANAHO ARIMURWANDA NTUTUBIZI MURAKOZE
NANJYE UMUBYEYI WACU PAUL KAGAME NDAMWEMERA NI IMANA YAMUDUHAYE.
Muraho ntuye karere ka rwamagana umurenge wa muyumbu umudugudu kampigika natwe muzehe turamwera kwiyo ngingo 101 imaze kuzugururwa aho twavuye naho tugeze twiyubaka turahashima kandi tugeze ku ntera ishimishize niyiyamamaze tumuri inyuma .murakoze
Mwakongeye mugasimbukira imbuye mukarere ka RUHANGO ko amapoto n’insiga bimanitse ariko umuriro wapi, kdi twabwirwaga ko mukwakarindwi aribwo twagombaga kuba ducana.
MURAKOZE
Kuringe mbona aur persident arimpano God yatwihereye.thx j’luc gatsibo gasange viro.