My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1428 )
Ohereza igitekerezo
|
|
ITERAMBERE RYA MWALIMU RIZAVAHE ADAHEMBERWA KUGIHE? NYAGATARE WE! DUKOMEZE TUBE ABANYUMA MUMIHIGO!
Ubujura muri sacco Burega
kigali to day igira amakuru meza
Rwanda Day Ninziza. Ubutaha Yazabereye Ikigali?
Nihakurikiranwe abantu batwitse Amashyamba mumirenge ya CYANIKA Na MBAZI.
MINAGRI nishakire abahinzi imbuto y’Ibirayi nziza kuko bigaragara ko ikoreshwa ubu ishaje.
MINAGRI nishakire abahinzi imbuto y’Ibirayi nziza kuko bigaragara ko ikoreshwa ubu ishaje.
Nihakurikiranwe abantu batwitse Amashyamba mumirenge ya CYANIKA Na MBAZI.
Ngoma murasobanutse, ziriya nkweto ninziza pe! mundangire aho bakorera.
GITIFU WA KAGALI KA NYAMURE YIFASHISHIJE IMPAPUROMPIMBANO ZAMARANGIZARUBANZA ZIFITWE NA NTAMUHANGA VEDASTA ARIMO ARAMWISHYURIZA IBYO ATASAHUWE,NABATARAGIRANYE NAWE IMANZA NTIBIBUZA KUBATEREZA.RETA YARIKWIYE KUGENZURA IBYO BINTU CYANE CYANE POLICE IKAREBA KO NTA RUSWA IRIMO.MURAKOZE.
ese koko TTC save haravugwa imyigaragambyo yabanyeshuri babadivantiste?
MUDUTABARE HANO TWARADINDIYE MUMAJYAMBERE UMUDUGUDU WA NKERENKE MUKAGARI KA KAMAGIRI UMURENGE WA YAGATARE NTAMURIRO AMAPOTO AMAZE IMYAKA YARASHINZWE AGERA AHO AVUNAGURIKA,IBYICIRO BYUBUDEHE TWABISHYIZWEMO NABAYOBOZI NTAMUTURAGE UGIRA ICYO AVUGA MUZAZE MWIREBERE TWARASHIZE.