My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1428 )

ITERAMBERE RYA MWALIMU RIZAVAHE ADAHEMBERWA KUGIHE? NYAGATARE WE! DUKOMEZE TUBE ABANYUMA MUMIHIGO!

FIZZO yanditse ku itariki ya: 30-09-2016  →  Musubize

Ubujura muri sacco Burega

Aime pacifique harerimana yanditse ku itariki ya: 30-09-2016  →  Musubize

kigali to day igira amakuru meza

king.carlos yanditse ku itariki ya: 30-09-2016  →  Musubize

Rwanda Day Ninziza. Ubutaha Yazabereye Ikigali?

Anselme yanditse ku itariki ya: 26-09-2016  →  Musubize

Nihakurikiranwe abantu batwitse Amashyamba mumirenge ya CYANIKA Na MBAZI.

nzabonimpafrodouard yanditse ku itariki ya: 25-09-2016  →  Musubize

MINAGRI nishakire abahinzi imbuto y’Ibirayi nziza kuko bigaragara ko ikoreshwa ubu ishaje.

Nzabonimpa Frodouard yanditse ku itariki ya: 25-09-2016  →  Musubize

MINAGRI nishakire abahinzi imbuto y’Ibirayi nziza kuko bigaragara ko ikoreshwa ubu ishaje.

Nzabonimpa Frodouard yanditse ku itariki ya: 25-09-2016  →  Musubize

Nihakurikiranwe abantu batwitse Amashyamba mumirenge ya CYANIKA Na MBAZI.

nzabonimpafrodouard yanditse ku itariki ya: 25-09-2016  →  Musubize

Ngoma murasobanutse, ziriya nkweto ninziza pe! mundangire aho bakorera.

Ayirwanda theogene yanditse ku itariki ya: 22-09-2016  →  Musubize

GITIFU WA KAGALI KA NYAMURE YIFASHISHIJE IMPAPUROMPIMBANO ZAMARANGIZARUBANZA ZIFITWE NA NTAMUHANGA VEDASTA ARIMO ARAMWISHYURIZA IBYO ATASAHUWE,NABATARAGIRANYE NAWE IMANZA NTIBIBUZA KUBATEREZA.RETA YARIKWIYE KUGENZURA IBYO BINTU CYANE CYANE POLICE IKAREBA KO NTA RUSWA IRIMO.MURAKOZE.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-09-2016  →  Musubize

ese koko TTC save haravugwa imyigaragambyo yabanyeshuri babadivantiste?

kwihangana jean D’Amour yanditse ku itariki ya: 20-09-2016  →  Musubize

MUDUTABARE HANO TWARADINDIYE MUMAJYAMBERE UMUDUGUDU WA NKERENKE MUKAGARI KA KAMAGIRI UMURENGE WA YAGATARE NTAMURIRO AMAPOTO AMAZE IMYAKA YARASHINZWE AGERA AHO AVUNAGURIKA,IBYICIRO BYUBUDEHE TWABISHYIZWEMO NABAYOBOZI NTAMUTURAGE UGIRA ICYO AVUGA MUZAZE MWIREBERE TWARASHIZE.

Alias yanditse ku itariki ya: 18-09-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka