My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

ahitwa ruhuha mubyapa byangarama igerekani ihagera iri kumafranga 200frw.

vestina yanditse ku itariki ya: 9-06-2016  →  Musubize

udafite umwana cg igare nikibazo

vestina yanditse ku itariki ya: 9-06-2016  →  Musubize

gatsibo rwose mudutabare kukibazo kijyanye na mazi,kuko ntanibirohwatunabona murakoze.

vestina yanditse ku itariki ya: 9-06-2016  →  Musubize

GASABO: Dutekerezako itangazamakuru rifite uruhare mu gutuma Leta yihutira gutabara abaturage ahop rukomeye.

Niyo mpamvu twumva mwakomeza kudukorera ubuvugizi kugira ngo Akarere ka Gasabo kadukorere umuhanda Zindiro- Masizi- Birembo-Nyacyonga.
Meya aherutse kubyemera ariko rwose bikorwe kuko ubu noneho birakomeye cyanee, Bigeze aho imodoka zinanirwa kugenda kubera ivumbi ryinshi rihari. Birakabije basi mudusure namwe mushyireho akanyu mukore nibura inkuru y’ ubutabazi.

Karake yanditse ku itariki ya: 8-06-2016  →  Musubize

KIGALI TODAY NDABASHIMIRA KUMENYESHA AMAKURU YOMUTURERE TWIWACU MU RWANDA NJEWE NAKABA MEREREYE MURI UGANDA I KAMPALA MUMUDUGUDU WA MAGANJO MU GACE KA LUKADDE

NDAGIJIMANA OMARI yanditse ku itariki ya: 2-06-2016  →  Musubize

Mwaramutse nitwa gilbert nuye mumurenge was Nyarubuye,akagari Ka Mareba,umudugudu was Nyamateke ho mukarere Ka Kirehe,ndabashimira uburyo mudahwema kutumenyesha no kutuvugi bimwe mubibera iwacu, none ndagirango mbasabe muzadusabi (bijyanye n’ubuvugizi) abashinzwe gukwirakwiza amazi natwe Nazarebe uko batugenza kuko tuvoma kure kandi tuyadaha hasi usanga namatungo ahashoka mubyukuri turababaye, nubwo namashanyarazi nayahari ariko amazi nicyo kibazo kidukomereye cyane.murakoze

gilbert yanditse ku itariki ya: 2-06-2016  →  Musubize

mudukorere link yo gushakiraho amakuru yo muturere turabona aringenzi cyane
muzaba mudufashije murakoze!

niyonkuru tfg yanditse ku itariki ya: 24-05-2016  →  Musubize

jewe mfite ikibazo murwanda hariho ecole fondamental?

Nimbona Ernest yanditse ku itariki ya: 14-05-2016  →  Musubize

Duhore
dutereza icyaduteza
imbere.
twekubiharira
abayobozi
nkuko duhora dushishi
karizwa kugira uruhari
mubidukorwa.

dusengimana vedaste yanditse ku itariki ya: 11-05-2016  →  Musubize

mbaye mbashimiye

niyigena Gilbert yanditse ku itariki ya: 17-04-2016  →  Musubize

nge we icyombibariza ibibazo bibazwa byose bisubizwa ryari ku

wuhe murongo ??

niyigena Gilbert yanditse ku itariki ya: 17-04-2016  →  Musubize

Ubushyize mu gakenke
Kuri byo bizamini
Bavuze ko habaye kwibeshya
Nubu nibyo dutegereje
Nuko bazavuga nubundi?

Nshimiyimana Alexis yanditse ku itariki ya: 14-04-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka