My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
nyabihu ,kabatwa ubuyobozi bwa G.S kabatwa biriza abanyeshuri mubihano bityo bituma abanyeshuri batsindwa
bakabwira abanyeshuri ngo nibakorope W.C base inkwi,nibakubure ikigo ababyeyi bakagirango abana bagiye kwiga kandi batiga , turabasaba ko mwabimenyesha ababishinzwe bagakemura ibyo bibazo,birukana abanyeshuri ndambamvu yumvikana ihari ,kandi bakaguha na weekend mubintu byamafuti.Murakoze .Umuyobozi wikigo ni Cyimana Theogene nabandi bamufasha kuyobora ikigo.
INYAMUGARI UMURENGE WA SHANGI AKARERE NYAMASHEKE NTAMURIRO PE,
Ubwirakabiri bwabaye ntibusanzwe. Bwatwaye isahayose.guhera saw
10h13-11h56
mukarere ka huye telwategereje umuriro wamashanyarazi turaheba hashize imyaka4. amapoto amaze amezi 4ashinze ndetse na transformateur zarahageze ntanwo tuzi ajo bitigupfira mutunarize.kuko mukagali kicyeru turi mumeijima ukabije.mumurenge wa mukura
nibyokoko twifuzaga kukumenya abemerewe inguzanyo nta batazihawebakamenyekana ,byadushimisha.murakoze.
mutubarize reb impamvu itadukura mugiirahiro ngo idutangarize abemerewe inguzanyo n’abatayemerewe!!ngo tumenye uko dutegura ejo hazaza hacu
Ndi umwe mubarimu bagera ku100 bigisha mu Karere ka NGOMA kuva2012. Twagiye mu kazi tuzi ko tuzageragezwa 6mois nyuma tugahabwa amabaruwa ya burundu, kugeza ubu ntiturayabona ahubwo buri mwaka badusaba kudepoza ngo twongererwe amasezerano ikintu twe tubona nk’akarengane kandi kitaba mu tundi turere. Ibi byatwambuye uburenganzira twemererwa n’amategeko nko kwaka credit,avance sur salaire,...byadindije iterambere ryacu kuburyo bamwe no gukomeza kaminuza byatunaniye twitwa ngo dufite akazi. Ahari twe ntituzi amategeko, ariko:Mutubarize ministry idufite mu nshingano nk’abakozi niba mu itegeko rirengera abakozi hari ingingo yuzuzanya n’ibyo aka Karere kadukorera. Niba se ikosa ari iry’akarere, mubatubarize icyo twaba tuzira kuko niba tudashoboye akazi, iki sicyo gihano bakaduhaye tuziko hari icyo itegeko riteganya kidahuye n’ibi. Gutabaza muri ubu buryo si uko ntazi aho nabariza,nuko mbizeye nk’abavugizi b’abanyarwanda.Mu izina ry’abagera ku100 batantumye ariko babaye nkanjye,mbaye mbashimiye. Murakoze.
mwiriwe njye nashakaga kubisabira NGO muzasure a karere Ka kirehe,nyarubuye,mareba,umudugudu nyamateke, murebe ukuntu amazi aringorabahizi ahavomwa (amazi)arukudaha hasi n’amatungo akahashoka, wakubitiraho urugendo(aho ava nikure cyane).uziko ijerekani 1 igura frw 200.moralized
Ndashaka urutonde rwa manota y’ibizamini bya affair social butugali
NITWA EPA MUKAREREKA BURAUMWANA AGIYEGU FATASENTREMARO AFITEIMYAKA 10
NDASHAKA Amakuru Yi Rwamagana
nkoweerss ndakwemera urugo ruhire