My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Ubwo se abazabona akazi kuri iryo soko rya CYANIKA (Burera) ntibazamburwa nk’uko twambuwe na Ese ECOFOMO (Baringa), imyaka ishyize ari 10ans; Ababishinzwe bazagenzure neza ritazubakwa nk’isoko rya GAHUNGA, aho dallettes z’ibisima zikozwe na fer à beton (bita lisse) za 6 bakoresha étriers nabwo kunyubako zoroheje ndetse n’isoko rya NYAGAHINGA ni uko. Ayo masoko ashaje (gusenyuka) abagenerwa bikorwa batayaremye; Iryo soko mpuza mahanga kdi ntirizabe nk’umuhanda KIDAHO_NYAGAHINGA_KANYIRAREBE_RUKIKO wubakwa na Ese BETA Costruction Ltd wanze kurangira ndetse mu ikorwa ryawo hagiye hangizwa bimwe mu bikorwa_remezo (Ntagikorwa_remezo gisimbura ikindi ahubwo biruzuzanya), bityo ibyangirijwe byari kubakwa ndetse n’ibiti byo kuri uwo muhanda byaranduwe bigasimbuzwa ibindi; Byongeye abakozi bo muri uwo muhanda barambuwe baheruka guhembwa mu kwezi kwa 8/2015. Ibyaberaga i BURERA !!! (Nyobozi icyuye igihe). Nibyo gukosorwa na Nyobozi nshya kuko ni AKANGARI(!?).
Ntibyiza kuba iterambere rigenda ryiyongera ariko harikibazo kitarakemuka mukarere ka GATSIBO.kugirango kazajyire amazi na amashanyarazi byaranze kuburyo nko mumurenge wa GITOKI usanga umuturage akora urugendo 2km ashaka amazi n’umuriro koko?
Turabakunda cyane ndetse ninama zanyu none mutubarize ubuyobozi bwa kigali plastics ltd twakoreye igihe kirenga amezi atandatu twatse contrat bahitwirukana ngo hari ibyabuze none abandi badusimbuye bari bamaze imyaka irenga ibiri nabo birukanwe ngo badapfira muruganda kubera ama produit bakoresha mwatubariza inzego zibishinzwe niba ntamperekeza zigomba gutangwa.
umurenge wa MURUNDI akagari ka karambi, akarere ka Kayonza bamaze imyaka isaga itanu baremerewe amazi ndetse impombo zishyirwa mu butaka ariko amazi yarabuze. Habuze iki??????????????? ababishinzwe batuvuganire kbsa cg tuzashake uko twuvugira ikibazo kwa perezida wacu dukunda
Gewe nibaza ikibazo kikanyobera I Bugesera babuzwa ni iki gutunganya amazi koko habuze iki niba ari ubukene bw,akarere abaturage twafatanta tukagira icyo dukora cgakora dutegereje impinduka ko haricyo zizatanga kuri ububuyobozi bushy a twitegura.ntawarubara birasebetse baba bashaka kuduhindurira vision ntituzabyemera ubuzima burahenze .mutuvuganire ,gusa turabashimira ibyo badukoreye bindi byiza kd ndashima perizida was repuburica wacu w,uRwanda ugaragaza itandukaniro n,abandi bayobozi
Njye ndashaka gusobanuza.
umuntu bibye Diplome ya A2 ni izihe nzira yacamo kugira ngo abone indi muri WDA.
Murakoze.
ntakintu kibabaza kuba umuturage avukira mu mugi wa kigali byo ngeye mu karere ka Nyarugenge akaba atazi uko amashanyarazi asa niba mugirango ndabeshye muzagere ahitwa I mageragere mu kagali ka Ntungamo naka Runzenze ubuyobozi bisa naho bwahatereranye bwiterera agati muryinyo kuko uje wese azabeshya abaturage ko agiye kubikora agashyingura dosiye iki harikiraro cyari kigiye kubakwa mukagari ka Ntungamo gihuza umurenge wa Mugina muri Kamonyi na Mageragere ibyo ntiwamenya aho byaheze ibyo nukuri itangazamakuru mukwiye kudufasha kuko ubuyobozi bwo tubona ntacyo bibabwiye nyamara the abaturage tuhatuye turigusira mu iterambere mutubarize icyo tuzira kuko birabaje cyane the twarumiwe
N
dabakunda cyane kandi ndabashimira ubusesenguzi,ibitekerezo mutugezaho haraho bivana abanyarwanda bibajyana munzira y’iterambere.None mfite ikifuzo mumfashe kubushakashsatsi munzego zose mukugaraza ibibazo bikeye umuti byihutirwa bifashijwe n’ikorana buhanga.Murakoze
ahohantu ubwo twavugako ari hanze y’uRwanda
Nigutebareba amanota yibizamini byaleta
KUBERIKI? IKIGONDERABUZIMA CYA RUGABANO TUTISHYURIRWA RAMA BURI KWEZI MUTUBARIZE AKARERE KARONGI.
KUBERIKI IYO BATEYE PENALITE IKIGO KUBURANGARE BWA COMPTABLE KUBERIKI IKIGO ARICYO CYISHYURA PENALITE MBERE HOSE ABAKORIKI?
muhanga mumurenge was mushishiro dufite ikibazo cy’isoko ribi, ritoya kandi riri kure( ahitwa kabadaha no kuruhande cyane) rikwiye kubakwa hafi y’ahitwa kwibereshi byibura. kagame turamwemera cyane.