My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1426 )

Jye ntuye mu Murenge wa Mugesera ahita I Nyange; ese umukozi w’i Kigo nderabuzima warashwe na bagize ba nabi bya hereye he?

Mapyaka yanditse ku itariki ya: 5-12-2016  →  Musubize

Turihanganisha umuryango wa nshimiyimana warumusitari mu centre ya butete murenge wa cyanika burera yitabyimana azira amarozi Imana imwakire mubayo twamukundaga none aragiye ubitse ni ntakirutimana kinoni mwiko nyanga

Ntakirutimana bingo Gs butete yanditse ku itariki ya: 3-12-2016  →  Musubize

Ibure duke neye ikipe nkabandi kbs mutuvuganire

Ntakirutimana mwiko yanditse ku itariki ya: 3-12-2016  →  Musubize

RAYON SPORT TUYIRINYUMA

MANZI ERIC yanditse ku itariki ya: 2-12-2016  →  Musubize

Umurejye Wa Kijyembe Uyoborwa Nade?

Ntezimana Joseph yanditse ku itariki ya: 1-12-2016  →  Musubize

imbaraga z’urubyiruko ningombwa ko zikoreshwa muguteza imbere imibereho ya baturage,
nkumuturuge utuye mukarere ka kayonza, ubuyobozi nibwite kumbaraga zurubyiruko nkimbaraga ,
zirambye.

mudaheraranwa anaclet yanditse ku itariki ya: 29-11-2016  →  Musubize

MURAKOZE KUMAKURUMEZAMUTUGE ZAHO

THOMAS yanditse ku itariki ya: 27-11-2016  →  Musubize

RUSIZI,imirenge ya BUGARAMA,MUGANZA,NYAKABUYE,GIKUNDAMVUR n’indi mirenge iri mu nkengero zayo,bitewe nubwigunge sosiyete ya STARTIMES yadushyizemo itaduteguje,itanatubwiye impamvu,turabona byanze bikunze idusubije muri ANALOGUE kubera ko abenshi batangiye kwirebera TV y’u BURUNDI,nkaho twakarebye RTV,bityo turasaba inzego zose bireba kwihutira kutubariza impamvu yo gusubiza abantu muri NYAKATSI kandi twari Twiguriye AMABATI(Decodeurs).Akibabaje abantu bafite izitari iza STARTIMES bo barareba le murumva tutararenganye kweri?muturwaneho.

Alias yanditse ku itariki ya: 27-11-2016  →  Musubize

Mu karere ka RUSIZI,imirenge ya BUGARAMA,MUGANZA,NYAKABUYE,GIKUNDAMVURA,sosiyete ya STARTIMES ikomeje gushyira abafatabuguzi nayo mu bwigunge,kuko yabasubije muri ANALOGUE aho ubo decodeurs,zayo zose yazikuye Ku murongo.bityo abantu basigaye birebera TV y’u BURUNDI kubera kubura uko bagira.yewe na Tunga TV twahawe na nyakubahwa PEREZIDA wacu w’u Rwanda bazikuye Ku murongo mutubarize icyatumye baduaiga muri ubwo bwigunge bugeze aho?

Alias yanditse ku itariki ya: 27-11-2016  →  Musubize

kaminuza yurwanda yavanyeho ingendo shuri zakorwaga nabanyeshuri kugirango barebe ibyo biga koko nibaho .ugasanga wiga Geography nyamara nturakandagira kujiyaga nakimwe cyomurwanda.
ikindi bavsnyeho amafaranga yahabwaga abanyeshuri bimenyereza umwuga.kdi ariyo yabafashaga mubushakashatsi.
yewe mudufashe ubukene burayishe.!!!!

BAGABO Emmanuel yanditse ku itariki ya: 27-11-2016  →  Musubize

muturwaneho baduhe amszi

alias yanditse ku itariki ya: 25-11-2016  →  Musubize

ikibazo gikomereye cyo kubura amazi mu gihe abanyeshuri bari kumasomo.ubuyobozi bw’umurenge bufatanije n’Akarere ntacyo bwigeze bugikoraho kugeza Ubu icyo kigo cya ES RUNABA kikaba gihangayikijijwe nibura ry’amazi mutabare rero abana b’Igihugu.Turibaza niba amazi yo mumudugudu wa Nyabizi bavuga ko ariyo azasaranganya umurenge wa Butaro,mugihe hari amazi bagakwiye kuba bakorera Maintenance hatabaye gutegereza ayo yandi ashobora kumara imyaka.mutabare 2017 tuzawinjire ESRUNABA yabonye amazi ahoraho.

alias yanditse ku itariki ya: 25-11-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka