My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1426 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Jye ntuye mu Murenge wa Mugesera ahita I Nyange; ese umukozi w’i Kigo nderabuzima warashwe na bagize ba nabi bya hereye he?
Turihanganisha umuryango wa nshimiyimana warumusitari mu centre ya butete murenge wa cyanika burera yitabyimana azira amarozi Imana imwakire mubayo twamukundaga none aragiye ubitse ni ntakirutimana kinoni mwiko nyanga
Ibure duke neye ikipe nkabandi kbs mutuvuganire
RAYON SPORT TUYIRINYUMA
Umurejye Wa Kijyembe Uyoborwa Nade?
imbaraga z’urubyiruko ningombwa ko zikoreshwa muguteza imbere imibereho ya baturage,
nkumuturuge utuye mukarere ka kayonza, ubuyobozi nibwite kumbaraga zurubyiruko nkimbaraga ,
zirambye.
MURAKOZE KUMAKURUMEZAMUTUGE ZAHO
RUSIZI,imirenge ya BUGARAMA,MUGANZA,NYAKABUYE,GIKUNDAMVUR n’indi mirenge iri mu nkengero zayo,bitewe nubwigunge sosiyete ya STARTIMES yadushyizemo itaduteguje,itanatubwiye impamvu,turabona byanze bikunze idusubije muri ANALOGUE kubera ko abenshi batangiye kwirebera TV y’u BURUNDI,nkaho twakarebye RTV,bityo turasaba inzego zose bireba kwihutira kutubariza impamvu yo gusubiza abantu muri NYAKATSI kandi twari Twiguriye AMABATI(Decodeurs).Akibabaje abantu bafite izitari iza STARTIMES bo barareba le murumva tutararenganye kweri?muturwaneho.
Mu karere ka RUSIZI,imirenge ya BUGARAMA,MUGANZA,NYAKABUYE,GIKUNDAMVURA,sosiyete ya STARTIMES ikomeje gushyira abafatabuguzi nayo mu bwigunge,kuko yabasubije muri ANALOGUE aho ubo decodeurs,zayo zose yazikuye Ku murongo.bityo abantu basigaye birebera TV y’u BURUNDI kubera kubura uko bagira.yewe na Tunga TV twahawe na nyakubahwa PEREZIDA wacu w’u Rwanda bazikuye Ku murongo mutubarize icyatumye baduaiga muri ubwo bwigunge bugeze aho?
kaminuza yurwanda yavanyeho ingendo shuri zakorwaga nabanyeshuri kugirango barebe ibyo biga koko nibaho .ugasanga wiga Geography nyamara nturakandagira kujiyaga nakimwe cyomurwanda.
ikindi bavsnyeho amafaranga yahabwaga abanyeshuri bimenyereza umwuga.kdi ariyo yabafashaga mubushakashatsi.
yewe mudufashe ubukene burayishe.!!!!
muturwaneho baduhe amszi
ikibazo gikomereye cyo kubura amazi mu gihe abanyeshuri bari kumasomo.ubuyobozi bw’umurenge bufatanije n’Akarere ntacyo bwigeze bugikoraho kugeza Ubu icyo kigo cya ES RUNABA kikaba gihangayikijijwe nibura ry’amazi mutabare rero abana b’Igihugu.Turibaza niba amazi yo mumudugudu wa Nyabizi bavuga ko ariyo azasaranganya umurenge wa Butaro,mugihe hari amazi bagakwiye kuba bakorera Maintenance hatabaye gutegereza ayo yandi ashobora kumara imyaka.mutabare 2017 tuzawinjire ESRUNABA yabonye amazi ahoraho.