My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Amakuru Yabayobozi Butugali Bahagaritwse Mukarere Ka kicukiro
Turashimira Mayor wa nyagatare kuko arashoboye yanga akarengane, ruswa,n’ibindi byose bitajyanye n’icyerekezo igihugu cyacu gifite tuzakomeza gushyigikira H.E Paul Kagame.
AMAKURU Y’AKAZI N’ABAYOBOZI B’UTUGALI BIMEZE BITE?
muri kongo, mumaja ruguru ya kivu ,intaqa ya masisi, mu karere ja RUBAYA, ubujura burarenze, aho bakingura n’inzu nyirayo ariyo
Munyemerere banyamakuru mutugezaho amakuru buri munsi mwongeremo imbaraga mujye mushyiraho inkuru zijyanye n’ igihe Ku turere( districts) kuko usangaho inkuru zimaze iminsi. mbashimiye imbaraga n’ impinduka mugiye gushyiramo.
TURABASHIMRA
few ward the student too gs nyanza dig dog nyamasheke arashoboye muguhimbaza ibigwi tmukuru wacu yatugejejeho too!!!
Umukobwa yiyahuye nyuma yo kumenya ko atwite mu murenge wa BUTARO akagari ka MUBUGA akarere ka BURERA
Nyakwigende Nyandwi Yari Umubyiyi Imana Imwakire Mubayo Turababaye Nkabana Bato Twari Tutaramumenya Kandi Aruwi Iwacu Ikaduha
NTIBYO NGO SE MUDUHA AMAKURU DUSHAKA MURAKOZE?
mu karere ka Nyaruguru
umurenge wa kibeho
akagari ka Nyange
umudugudu w’agateko,abaturage duheze mugihirahiro kubera kubura ,umuriro w’ amashanyarazi kandamapoto ,amazimyaka 2 ashinze mubutaka. none subwumuntu yaterimbere ate?.
turasaba ko nubwo umutekano usesuye mu gihugu cyacu biturutse kubuyobozi bwiza lmana yatwihereye bu hagarariwe na H-E turasaba inzego zumutekano kurwanya abajura buri muntu akarya iyo yirobeye hagira nabafatwa bagahanwa byintangarugero ngaho nawukitaba phone munzira ngo batayimushikuza.ntawuraza itungo murugo. nawuhinga ngo asarure imyaka ye yeze ahubwo ayitanguranwa nabajura .umuntu aracyahura nabagizi banabi bitwaje intwaro gakondo.imfi zohirya no hino zidasobanutse nibindi byinshi ibyobyose rero hakabura ababikora nababonetse ntibahanwe byintangarugero ngaho arafashwe bugacya bamurekuye ibyo bintu rwose ntabwo byoroshye kuko umutekano w igihugu utangirira murugo.murakoze kandi ibitekerezo byacu mujye mubi tugereza ku babishinzwe ibyo byose muze ihuye birahari.