My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1426 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Dukeneyumuriromurinyagakombe
ishuriririhehe
bigisha icyongereza
Mwatubarizi impamvu abantu basabye kwemererwa gukora ibizamini byabanyamabanga nshingwa bikorwa butugali ni Mirenge hama bamwe ntibasohoke? kurutonde rwabazakora ibizami ? cg nuko ntaburambe kkazi dufite arokose bibabaye aribyo wbwira ute kuntu waramba mukazi mbere yo kugakora?
KUKI BADUSHYIRIYEHO AMASHURI YOROHEREZA ABATISHOBOYE Nine yeas education arikowajyakwiyandikishya ugacibwa ibihumbi 35000bbirababaje ubutwarivuyemo mutubarize abashinzwe
mutubwire ibyu mwarimu ukekwaho gusambanya umwana yigishaga
KIBUNGO NIYATERA IMBERE BATARETSE NGO INKARAKARA ZIKORESHWE BYIBUZE KURE Y,UMUHANDA KABEZA YO HEPFO GATORE
Umurenge wa Gashonga ho mu karere ka Rusizi akagari ka Karemereye mudufashe kukibazo cyu muriro twebwe kbs twararenganye mudufashije mwahagera mukadufasha. njye ndi ikigali
natwe i jomba nibatugezeho umuriro kko president wacu yabitwemereye
mukarere kanyamagabe umurenge wagasaka akagari karemera umudugudu wa gitwa .duhangayikishijwe nicyibazo cyumuriro .kuko abaturajye bavuye mumanejyeka .ariko bahangayicyishijwe nicyibazo cyumuri . turasaba nyakubahwa perezida ware pupurika yurwanda . kobaduha umuriro muruwo mudugudu wa gitwa .murakoze.
Ikarongi turinubira kutagira sitade na gare murakoze
Rubavu na karere keza cyane njye mbona ariwo mushyi wi ntara yi burengera zuba
Mumbwire amakuru ya diamond