My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1426 )

Dukeneyumuriromurinyagakombe

Eliad yanditse ku itariki ya: 20-02-2017  →  Musubize

ishuriririhehe
bigisha icyongereza

ndayishimiye erize yanditse ku itariki ya: 18-02-2017  →  Musubize

Mwatubarizi impamvu abantu basabye kwemererwa gukora ibizamini byabanyamabanga nshingwa bikorwa butugali ni Mirenge hama bamwe ntibasohoke? kurutonde rwabazakora ibizami ? cg nuko ntaburambe kkazi dufite arokose bibabaye aribyo wbwira ute kuntu waramba mukazi mbere yo kugakora?

simeon nzacahayo yanditse ku itariki ya: 17-02-2017  →  Musubize

KUKI BADUSHYIRIYEHO AMASHURI YOROHEREZA ABATISHOBOYE Nine yeas education arikowajyakwiyandikishya ugacibwa ibihumbi 35000bbirababaje ubutwarivuyemo mutubarize abashinzwe

Alia yanditse ku itariki ya: 17-02-2017  →  Musubize

mutubwire ibyu mwarimu ukekwaho gusambanya umwana yigishaga

hahirwabayo Jean gilbert yanditse ku itariki ya: 16-02-2017  →  Musubize

KIBUNGO NIYATERA IMBERE BATARETSE NGO INKARAKARA ZIKORESHWE BYIBUZE KURE Y,UMUHANDA KABEZA YO HEPFO GATORE

ELIAS yanditse ku itariki ya: 11-02-2017  →  Musubize

Umurenge wa Gashonga ho mu karere ka Rusizi akagari ka Karemereye mudufashe kukibazo cyu muriro twebwe kbs twararenganye mudufashije mwahagera mukadufasha. njye ndi ikigali

Alias yanditse ku itariki ya: 4-02-2017  →  Musubize

natwe i jomba nibatugezeho umuriro kko president wacu yabitwemereye

alias yanditse ku itariki ya: 2-02-2017  →  Musubize

mukarere kanyamagabe umurenge wagasaka akagari karemera umudugudu wa gitwa .duhangayikishijwe nicyibazo cyumuriro .kuko abaturajye bavuye mumanejyeka .ariko bahangayicyishijwe nicyibazo cyumuri . turasaba nyakubahwa perezida ware pupurika yurwanda . kobaduha umuriro muruwo mudugudu wa gitwa .murakoze.

ntawubiheza eric yanditse ku itariki ya: 2-02-2017  →  Musubize

Ikarongi turinubira kutagira sitade na gare murakoze

ALIAS yanditse ku itariki ya: 22-01-2017  →  Musubize

Rubavu na karere keza cyane njye mbona ariwo mushyi wi ntara yi burengera zuba

Kwitonda Kwitopacifique yanditse ku itariki ya: 20-01-2017  →  Musubize

Mumbwire amakuru ya diamond

Josue yanditse ku itariki ya: 12-01-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka