My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
nitwa INGABO ROGER nashakaga ngo mubwire uburyo nasaba stage
MWATUBWIRA UBURYO UMUNTU YA TANGA UMUSANZU W’UMURYANGO BINYUZE KURI( MOM,TIGO CASH),KUGIRANGO TUBONE UKO DUTANGA INKUNGA MUMURYANGO WACU RPF /MY PHONE IS 0788832568 ,MURAKOZE CYANE TURABASHIMIYE.
Amakuru muri gicumbi bimeze bite
muri uyumugoroba irondo rya kagarika nyakabanda rifashe umusorewibye uruzitirorwi ibyuma
akarere kacu turagashimira ibyiza kadahwema kutugezaho uriya muhanda uzadushimisha.
dukunda igihugu cyacu cy’urwanda
NAMWE NDABASHISHIKARIZA KUCYITANGIRA NOKU KIRINDA UMWANZI AHO YAVA HOSEEEEEEEEEEEEEEEEEEE
AMAKURU MU KAREREKA NYAMAGABE
Mwiriwe neza.
Ikibazo cyanjye ku buyobozi bw
akarere ka Rutsiro kirebana ibikorwa remezo, Hari ahantu intindo yahuzaga Karongi umurenge wa Rubengera n
Akagari ka Kabuga ho muri Rutsiro imaze imyaka 2 yarangijwe nibiza none kugeza ubu nta kirakorwa. abantu baheze mu bwigunge kuko na moto kugera ahitwa i Gihara bigoye. Mutubarize ubuyobozi b
Akarere.Ngewe narimfite ikibazo bidiye turashakako idufusha dugakora tukayishyura mumurenge wakibirizi thangs
Mujye mumpa amakuru yose ajyezweho arebana nakzi kuburezi muri Kano karere .
murakoze
mbanje kubasuhuza ni amakuru nshaka gutanga hari igikorwa kizabera muri GASABO/ RUSORORO MUKIGO CY’URUBYIRUKO CYA YEGO CENTER KABUGA akaba ari igikorwa kizatangira taliki 26/07/2019 igkorwa ni YEGO TALENT SHOW kigamije gutuma urubyiruko rwiteza Imbere bakoreresheje impano zabo kuva saa 14h:00 kujyeza saa 19h:00murakoze kwakira amakuru tubahaye /murakoze bakunzi ba kigali today
Kumenya Amakuru. Ya gatsibo