My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Koperative abacuruza inyongeramusaruro gakenke perezida wayo yayigize nkurugo rwe akora icyo ashatse yewe na rca yarahageze aba ariwe uyiha raporo ubundi irataha ngo iarangije odite itagaragaje umutungo wa koperative uko wakoreshejwe kdi aricyo cyari gikuru batabarwe naho ubundi bazataha batyo kdi bari bafite umutungo mwinshi

Elias yanditse ku itariki ya: 18-04-2019  →  Musubize

mutugezaho amakuru meza rwose

Aline yanditse ku itariki ya: 4-04-2019  →  Musubize

Imushubati mukagari kandi cyarusera umudugudu kigarama umuyobozi wakagari nashobora kuguha services, kubuntu mudutabare

Manzi Joseph yanditse ku itariki ya: 30-03-2019  →  Musubize

Abaturage ba matyazo bakora muri vup rwose hashakwe ukobahembwa

Olivier yanditse ku itariki ya: 26-03-2019  →  Musubize

MU KARERE KA KAMONYI,UMURENGE WA NGAMBA, AKAGALI KA KABUGA, ABATURAGE BARIMO KURIRA AYOKWARIKA KO BAGIYE KUBAHO NKABATUYE MUKARWA KUBWIGUJYE, KUBERA UMUGEZI UZWI KWIZINA RYA NYAMAGANA NUW’ICYOGO BYA NGIJE UMUHANDA IGATABA IBIRARO IGACA HEJURU YABYO MUMUHANDA UBAHUZA NUTUNDI DUCE BAHANA IMBIBIBI, KDI NTAKO BATATAKIYE LETA NGO IGIRE ICYO IBAFASHA YO IGAKOMEZA IKIREBERA BIKABA BIGEZE AHARINDIMUKA.

ALIAS yanditse ku itariki ya: 21-03-2019  →  Musubize

ndabashimiye kubwamakuru meza mutugezaho

KABERUKA Gaspard yanditse ku itariki ya: 5-03-2019  →  Musubize

MUKOMEREZAHO KUMAKURU MENSHI MEZA MUDUHA.

LAMBERT yanditse ku itariki ya: 3-03-2019  →  Musubize

NDIFUZA YUKO MWAZASURA UMUHANDA WACU UVA MUKAKABIRI KA GITARAMA UGANA I MUSANZE. KANE KANE GUHERA NYABIKENKE KUGERA KUKIRARO KA NYABARONGO KUMUVUMBA. UMUHANDA WAGIYE UTENGUKA NDETSE HARI NI MIGEZI ITURUKA MU NDIZA IGENDA IMANURA AMAZI AVANZE NISURI BIKAWANGIZA,

LAMBERT yanditse ku itariki ya: 3-03-2019  →  Musubize

Mwadutumikira rwose kuko mu karere ka Burera,umurenge wa Kivuye ugizwe nutugari 4 ntamuriro kabisa uratugeraho abayobozi barahagera bakaduha gahunda ariko amaso yaheze mukirere.ubudukeneye kubimenyesha H.E Paul kagame intore izirusha intambwe niwe utabesha.kuko birababaje ago murwanda hakiri umurenge whose udafite amashanyarazi bityo bikadukoma mu nkokora mwiterambera.mudufashe rwose.

Elias yanditse ku itariki ya: 28-02-2019  →  Musubize

nibyo akarere kamuhanga gahora kwisonga mugustinda kand nange ndagashyigikiye

iradukunda Eric yanditse ku itariki ya: 8-02-2019  →  Musubize

abakobwa batora kwataribeze koko murwanda bazagabanye ibibazo baha banyampinga batore umukobwa ufite uburanga ataribyo urwanda ruzaba urwanyuma mubakobwa beza kwisi ndetse nomuri africa?

Oreste yanditse ku itariki ya: 27-01-2019  →  Musubize

amakuruyakazi mukarere kanyagatare

habarugira valens yanditse ku itariki ya: 29-12-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka