My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Mwaramutse mwese uwomuntu wishimye kyane agahitirakwo imana imuhe ikiruhuko kindashira
APR NIBIKI RIGUKORA
IBYISHIMO BYOGUTWARA IGIKOMBE KURI LEYONSIPORO BITUMYE UMUGABO UMWE AHASIGA UBUZIMA@Hari mugitondo Ko Kukumweru le02/06/2019 abagabo baramukiye mukabari bari Kwishimira Igikombe Ka Reyonsiporo yatwaye! arinako bananywa inzoga kugeza bwije. bigeze muma saa9:00 zumugoroba umugabo uzwi NKA GASITONI Utuye mumudugudu wa KABAKUNGU AKAGARI KANYAMIRAMBO UMURENGE WA RONGI AKARERE KAMUHANGA Yatashye yanyweye inzoga nyinshi. Yaranyereye agwa munsi yumukingo birangira yitabye IMANA. NONE Alashyingurwa kuri uyuwa kabiri le04/06/2019(Imana imuhe iruhuko ridashira.)
kuki uwo mugabo ngo ni sankara yi gize akagabo
Dukomeje kubakurikirana mwiterambere turabemera cyane ku Banyakarongi Bose.
Rusizi is still behind in service delivery and corruption from the cell level up to the district level .there ,roads ,bridges,markets ,jobs delivery will affect mayor’s.from Jean pierre,Fabien Oscar,Freud.reka turebe Wenda uyu mujene we azazana impinduka
Akarere ka Rusizi kadindizwa na ruswa :mu itangwa ry,amasoko ,akazi kuko aha abakozi ba Ralga barakoreshwa muzagenzure,ikimenyane n,ibindi.
NDASHIMIRA UBUYOBOZI BWAKARERE BWATEKEREJE GUSHYIRAHO AMATSINDA (KANGWA) AMAKOPERATIVE AGOMBAKUBUNGABUNGA UMUHANDA UVA MUCYAKABIRI CYAJYITARAMA UGANA IMUSANZE. BYUMWIHARIKO MUGICE CYA KARERE KA MUHANGA. KUKO AMAFARANGA BABIHEMBERWA" ABAFASHA KWITEZAIMBERE, ARIKO BIRIKUVUGWA YUKO NGO UBUYOBOZI BWAKARERE KA MUHANGA BUSHAKA KUBAKURAMO BAGASHYIRAMO ABASHOMERI BARANGIJE KWIGA BABUZE AKAZI. ARIKO NANGE NDUMWE MUBAYOBOZI BINZEGO ZIBANZE ABO BATURAJYE BAWUKORAGAMO NIHO BAKURAGA UBUSHOBOZI BWO GUFASHA ABANA BABO KWIGA’ BYUMWIHARIKO ABENSHI NIHO BAKURAGA AMAFARANGA YO GUTANGA (MITUWERI) REKA NGIRE INAMA UBUYOBOZI BWA KARERE KA MUHANGA KUZABIGANIRANHO NEZA: KUGIRANGO BATAZAKEMURA IKIBAZO KANDI BATEJE IKINDI KIBAZO GIKOMEYE. (MURAKOZE BAKUNZI BA KIGALI TODAY.)
i rusizi ralga ikoreshwa nabamwe mu bayobozi mu karere cyangwa abandi bafite ibirango mudutabare ruswa.
Koperative abacuruza inyongeramusaruro gakenke perezida wayo yayigize nkurugo rwe akora icyo ashatse yewe na rca yarahageze aba ariwe uyiha raporo ubundi irataha ngo iarangije odite itagaragaje umutungo wa koperative uko wakoreshejwe kdi aricyo cyari gikuru batabarwe naho ubundi bazataha batyo kdi bari bafite umutungo mwinshi
Koperative abacuruza inyongeramusaruro gakenke perezida wayo yayigize nkurugo rwe akora icyo ashatse yewe na rca yarahageze aba ariwe uyiha raporo ubundi irataha ngo iarangije odite itagaragaje umutungo wa koperative uko wakoreshejwe kdi aricyo cyari gikuru batabarwe naho ubundi bazataha batyo kdi bari bafite umutungo mwinshi
Mu gakenke abacuruza inyongeramusaruro koperative yabo ntibazi imikorere yayo baheruka bashyiramo amafaranga ntibamenya irengero ryayo batumijeho na RCA NTIYAGIRA ICYO IBAMARIRA KUKO RAPORO BAHAWE NA PEREZIDA NIYO BAJYANYE NGOO ODITE IRARANGIYE