My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1370 )
Ohereza igitekerezo
|
NDASHIMIRA UBUYOBOZI BWAKARERE BWATEKEREJE GUSHYIRAHO AMATSINDA (KANGWA) AMAKOPERATIVE AGOMBAKUBUNGABUNGA UMUHANDA UVA MUCYAKABIRI CYAJYITARAMA UGANA IMUSANZE. BYUMWIHARIKO MUGICE CYA KARERE KA MUHANGA. KUKO AMAFARANGA BABIHEMBERWA" ABAFASHA KWITEZAIMBERE, ARIKO BIRIKUVUGWA YUKO NGO UBUYOBOZI BWAKARERE KA MUHANGA BUSHAKA KUBAKURAMO BAGASHYIRAMO ABASHOMERI BARANGIJE KWIGA BABUZE AKAZI. ARIKO NANGE NDUMWE MUBAYOBOZI BINZEGO ZIBANZE ABO BATURAJYE BAWUKORAGAMO NIHO BAKURAGA UBUSHOBOZI BWO GUFASHA ABANA BABO KWIGA’ BYUMWIHARIKO ABENSHI NIHO BAKURAGA AMAFARANGA YO GUTANGA (MITUWERI) REKA NGIRE INAMA UBUYOBOZI BWA KARERE KA MUHANGA KUZABIGANIRANHO NEZA: KUGIRANGO BATAZAKEMURA IKIBAZO KANDI BATEJE IKINDI KIBAZO GIKOMEYE. (MURAKOZE BAKUNZI BA KIGALI TODAY.)
i rusizi ralga ikoreshwa nabamwe mu bayobozi mu karere cyangwa abandi bafite ibirango mudutabare ruswa.
Koperative abacuruza inyongeramusaruro gakenke perezida wayo yayigize nkurugo rwe akora icyo ashatse yewe na rca yarahageze aba ariwe uyiha raporo ubundi irataha ngo iarangije odite itagaragaje umutungo wa koperative uko wakoreshejwe kdi aricyo cyari gikuru batabarwe naho ubundi bazataha batyo kdi bari bafite umutungo mwinshi
Koperative abacuruza inyongeramusaruro gakenke perezida wayo yayigize nkurugo rwe akora icyo ashatse yewe na rca yarahageze aba ariwe uyiha raporo ubundi irataha ngo iarangije odite itagaragaje umutungo wa koperative uko wakoreshejwe kdi aricyo cyari gikuru batabarwe naho ubundi bazataha batyo kdi bari bafite umutungo mwinshi
Mu gakenke abacuruza inyongeramusaruro koperative yabo ntibazi imikorere yayo baheruka bashyiramo amafaranga ntibamenya irengero ryayo batumijeho na RCA NTIYAGIRA ICYO IBAMARIRA KUKO RAPORO BAHAWE NA PEREZIDA NIYO BAJYANYE NGOO ODITE IRARANGIYE
Koperative abacuruza inyongeramusaruro gakenke perezida wayo yayigize nkurugo rwe akora icyo ashatse yewe na rca yarahageze aba ariwe uyiha raporo ubundi irataha ngo iarangije odite itagaragaje umutungo wa koperative uko wakoreshejwe kdi aricyo cyari gikuru batabarwe naho ubundi bazataha batyo kdi bari bafite umutungo mwinshi
mutugezaho amakuru meza rwose
Imushubati mukagari kandi cyarusera umudugudu kigarama umuyobozi wakagari nashobora kuguha services, kubuntu mudutabare
Abaturage ba matyazo bakora muri vup rwose hashakwe ukobahembwa
MU KARERE KA KAMONYI,UMURENGE WA NGAMBA, AKAGALI KA KABUGA, ABATURAGE BARIMO KURIRA AYOKWARIKA KO BAGIYE KUBAHO NKABATUYE MUKARWA KUBWIGUJYE, KUBERA UMUGEZI UZWI KWIZINA RYA NYAMAGANA NUW’ICYOGO BYA NGIJE UMUHANDA IGATABA IBIRARO IGACA HEJURU YABYO MUMUHANDA UBAHUZA NUTUNDI DUCE BAHANA IMBIBIBI, KDI NTAKO BATATAKIYE LETA NGO IGIRE ICYO IBAFASHA YO IGAKOMEZA IKIREBERA BIKABA BIGEZE AHARINDIMUKA.
ndabashimiye kubwamakuru meza mutugezaho
MUKOMEREZAHO KUMAKURU MENSHI MEZA MUDUHA.