My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1296 )

Muraho,hari inkuru nasomye kurubuga rwanyu, ivuga hejuru y’ubuhinzi nubutubuzi bw’imbuto bukorwa na FAIM Rwanda mukarere ka Rwamagana, nifuza kuhakorera urugendo shuri, nkaba mbasaba kumfasha mukampa contact zabo cg basi mukampuza nano. Mbaye mbashimiye murakoze.
Theophile

Theophile yanditse ku itariki ya: 4-06-2020  →  Musubize

Murakoze cyane ko mudahwema kutugezaho amakuru y’Akarere kacu, mutubarize aho umushinga wo kugeza amashanyarazi mu murenge wa Kibangu ugeze.

Mu by’ukuri abanyakibangu turi mu icuraburindi, ntitubasha kubona aho twacaginga telefone zacu, kwiyogoshesha, gufotora ibyangombwa,.....

Muturwaneho kuko dukeneye kwiteza imbere.

IYAKAREMYE Emmanuel yanditse ku itariki ya: 2-06-2020  →  Musubize

Mukarere ka ngoma nagobubahiriza gahunda yagapfuka munwa.

Kombozi yanditse ku itariki ya: 28-05-2020  →  Musubize

Ibyo yakoze ntibyari ngombwa byibuze iyaba aretse covid19 Ikarangira kuku ibibihe turimo birakaze.murakoze

Niyomugabo Methode yanditse ku itariki ya: 14-05-2020  →  Musubize

iyaba retse covid 19 ikabanza ikavamo.

Niyomugabo Methode yanditse ku itariki ya: 14-05-2020  →  Musubize

Mutubarize impamvu Mu karere ka burera amasoko atakigira ahantu abantu bakarabira intoki nyuma yuko imirimo isubukuwe. Murakoze!

Alias yanditse ku itariki ya: 10-05-2020  →  Musubize

Mfite ikibazo,hari umusaza witwa MIRI Jean,watsindiye ubutaka buhererye mu kagai ka Gatobotobo umudugudu w’Agasharu umurenge wa mbazi mu karere ka Huye,ariko yajyanye amarangiza rubanza ngo akorerwe ibyangombwa bye nyuma yo kwishyura amafaranga ya mutation 2018 ariko umukozi ushinzwe iby’ubutaka mu murenge wa mbazi afatanije n’ab’akarere baramusiragije kugeza ubu nta Gisubizo arabona guhera urubanza rwarangizwa 2014 .ikibabaje n’ugusiragizwa no kudakemurirwa ikibazo .kdi umuyobozi w’akarere,umurenge ndetse n’abaturage bose barabizi.ariko ushinzwe ubutaka ku murenge wa mbazi kubera amakosa yakoze kuri ubwo butaka ntashaka kugira icyo abikoraho ahubwo aba yasuzuguye abamugana.Mwadufasha rwose
Tel ya MIRI Jean ni izi:0781141736/0727458610
Mwamuvuganira agahabwa uburenganzira bwe kuko birababaje guhera muri za 2005 umuntu asiragizwa!

Elias yanditse ku itariki ya: 5-05-2020  →  Musubize

Nifuza kubaza uko Prof. Nshuti Manasseh azarahizwa. Ubundi ntibisaba ko bikorerwa imbere y’inteke ishingamategeko? Kandi nabwo mugihe kitarenze iminsi 5? Murakoze.
Muzehe

Muzehe yanditse ku itariki ya: 1-05-2020  →  Musubize

Ni nuru i Rubavu dukunda amakuru muduha

Nuru rwanda yanditse ku itariki ya: 30-04-2020  →  Musubize

Natanze igitekerezo ku ifungwa ry’amazi mu karere ka RUSIZI mu mirenge ya NKUNGU na NYAKABUYE ariko ntimwagitambukije! Biratubabaje kutwima amazi mu gihe turi guhangana na corona.

MUGISHA Thamar yanditse ku itariki ya: 28-04-2020  →  Musubize

Muraho neza murwego rwoguhangana na COVID19 hakabayeho gutangaza abantu bayisanzemo(amazina),nagace bamukuyemo,bityo bigatuma umuntu wahuye nabo nawe yishyira mukato ndetse nokwimenyekanisha.

Jmv yanditse ku itariki ya: 14-04-2020  →  Musubize

Mukarere ka
Kicukiro
Mumurenge wa kanombe
Mukagari kaka beza turashyize

Izara niyose
Inkunga baraza bakandika gusa
Bakigendera
Agiye gushira
Ukwezi batwanditse
Arko nanumunyu

Mutuvuganire

Kigalitoday.com

Niyontwari adrien yanditse ku itariki ya: 14-04-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka