My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1296 )
Ohereza igitekerezo
|
Muraho,hari inkuru nasomye kurubuga rwanyu, ivuga hejuru y’ubuhinzi nubutubuzi bw’imbuto bukorwa na FAIM Rwanda mukarere ka Rwamagana, nifuza kuhakorera urugendo shuri, nkaba mbasaba kumfasha mukampa contact zabo cg basi mukampuza nano. Mbaye mbashimiye murakoze.
Theophile
Murakoze cyane ko mudahwema kutugezaho amakuru y’Akarere kacu, mutubarize aho umushinga wo kugeza amashanyarazi mu murenge wa Kibangu ugeze.
Mu by’ukuri abanyakibangu turi mu icuraburindi, ntitubasha kubona aho twacaginga telefone zacu, kwiyogoshesha, gufotora ibyangombwa,.....
Muturwaneho kuko dukeneye kwiteza imbere.
Mukarere ka ngoma nagobubahiriza gahunda yagapfuka munwa.
Ibyo yakoze ntibyari ngombwa byibuze iyaba aretse covid19 Ikarangira kuku ibibihe turimo birakaze.murakoze
iyaba retse covid 19 ikabanza ikavamo.
Mutubarize impamvu Mu karere ka burera amasoko atakigira ahantu abantu bakarabira intoki nyuma yuko imirimo isubukuwe. Murakoze!
Mfite ikibazo,hari umusaza witwa MIRI Jean,watsindiye ubutaka buhererye mu kagai ka Gatobotobo umudugudu w’Agasharu umurenge wa mbazi mu karere ka Huye,ariko yajyanye amarangiza rubanza ngo akorerwe ibyangombwa bye nyuma yo kwishyura amafaranga ya mutation 2018 ariko umukozi ushinzwe iby’ubutaka mu murenge wa mbazi afatanije n’ab’akarere baramusiragije kugeza ubu nta Gisubizo arabona guhera urubanza rwarangizwa 2014 .ikibabaje n’ugusiragizwa no kudakemurirwa ikibazo .kdi umuyobozi w’akarere,umurenge ndetse n’abaturage bose barabizi.ariko ushinzwe ubutaka ku murenge wa mbazi kubera amakosa yakoze kuri ubwo butaka ntashaka kugira icyo abikoraho ahubwo aba yasuzuguye abamugana.Mwadufasha rwose
Tel ya MIRI Jean ni izi:0781141736/0727458610
Mwamuvuganira agahabwa uburenganzira bwe kuko birababaje guhera muri za 2005 umuntu asiragizwa!
Nifuza kubaza uko Prof. Nshuti Manasseh azarahizwa. Ubundi ntibisaba ko bikorerwa imbere y’inteke ishingamategeko? Kandi nabwo mugihe kitarenze iminsi 5? Murakoze.
Muzehe
Ni nuru i Rubavu dukunda amakuru muduha
Natanze igitekerezo ku ifungwa ry’amazi mu karere ka RUSIZI mu mirenge ya NKUNGU na NYAKABUYE ariko ntimwagitambukije! Biratubabaje kutwima amazi mu gihe turi guhangana na corona.
Muraho neza murwego rwoguhangana na COVID19 hakabayeho gutangaza abantu bayisanzemo(amazina),nagace bamukuyemo,bityo bigatuma umuntu wahuye nabo nawe yishyira mukato ndetse nokwimenyekanisha.
Mukarere ka
Kicukiro
Mumurenge wa kanombe
Mukagari kaka beza turashyize
Izara niyose
Inkunga baraza bakandika gusa
Bakigendera
Agiye gushira
Ukwezi batwanditse
Arko nanumunyu
Mutuvuganire
Kigalitoday.com