My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1295 )
Ohereza igitekerezo
|
Banyarwanda banyarwanda kazi twese turabiziko mumujyi wa’kigali ,gahunda ari guma murugo dukoreshe neza umuhanda twirinda covid-19 kandi tuve murugo tujyiye aho biri ngombwa twaherewe uruhushya murakoze.
Muraho neza gahunda ni ugukomeza kwirinda tunakangurira abandi gukomeza kwirinda twubahiriza amabwiriza yashyizweho na leta y’u Rwanda.
Mwiriweneza nitwa GATERA Jean damasceni mperereye BUGESERA NYAMATA
GATARE2 mberenambere ndashimira inzego zose zubutegetsi bwigihugu cyacu uburyo zitureberera ukuntu twakwirinda covid19 kuko niyo twabura umunya Rwanda1 tuba duhombye niyompamvu twinginga buriwese kuzirikana izingamba baduha kugirango duhashye icyicyorezo gihangayicyishije isi tunasabako abafite ububasha Kuma banks kobatuvuganira anantu batse inguzanyo bakatworohereza muburyo bwokwishyura kuko imikorere yarahindutse kubera ibibihe turimo murakoze IMANA ubahe umugisha
Kongera ibyumba byamshuri kuri G.S kabira
Nukuri pe mwatubazi impamvu baturingana turabaza bakutubwira ngo dosiye yabuze Kandi twabibahaye ahubwo bakongera bakatwohereza ngo ku Irembo Kandi barabijyanye
Twebwe twarangirijwe none imyaka aho Umuyoboro w’amashanyarazi yanyuze none banze kutwishyura ahubwo bakatwaka amafaranga ngo dushake ibyangombwa Kandi bihari nimutubaze impamvu nkubu maze gutanga ibihumbi 67000 n’ IKigoma mukagali ka shanga Ariko na nubu mutubarize pe
Kumenya amakuru agezweho
iyodukanda kumakuruyu turere kukibidakunda nurugero haraho uhitamo intara bikanga
abanyeshuri bazatangira ryari bomumwa wambaye wa primary na Gardiner
Mwiriwe neza, nabazaga nyuma yuko abacandidate twadepoje ibyangobwa ,nkaba ndikumva ko NGO hagiye gukorwa izindi short lists,ESE nibyo cg nibihuha?saw murakoze
Kumenya imyanya muburezi
Tubashimiye Amakuru mudahwema kutugezaho