My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1423 )

abarimu inyagatare basubijwe akarere kandi bamwe muriba bagasaziyemo ngo nta masomo bafite kubigo bahawemo akazi nyamara mwe nk’ijwi ry’umuturage mwahagera mukiyumvira ako karengane

uc yanditse ku itariki ya: 18-10-2023  →  Musubize

abarimu inyagatare basubijwe akarere kandi bamwe muriba bagasaziyemo ngo nta masomo bafite kubigo bahawemo akazi nyamara mwe nk’ijwi ry’umuturage mwahagera mukiyumvira ako karengane

uc yanditse ku itariki ya: 18-10-2023  →  Musubize

banyamakuru mumanuke mwumve ibiri kubera i nyagatare muburezi abarimu basubijwe akarere

uc yanditse ku itariki ya: 18-10-2023  →  Musubize

Mugihe urugerero rw’abanyeshuri ruri mu bikorwa byo kubakira abatishoboye abaturage barishimira ubufasha bwabo. Abanyeshuri sibyo bakora gusa kuko banakangurira abaturage kwitabira ejo heza.

Hazakorimana yanditse ku itariki ya: 12-10-2023  →  Musubize

Mugihe urugerero rw’abanyeshuri ruri mu bikorwa byo kubakira abatishoboye abaturage barishimira ubufasha bwabo. Abanyeshuri sibyo bakora gusa kuko banakangurira abaturage kwitabira ejo heza.

Hazakorimana yanditse ku itariki ya: 12-10-2023  →  Musubize

Amakuru kuyabonera kugihe nibyiza cyane

Bizimana jean claude yanditse ku itariki ya: 16-09-2023  →  Musubize

Amakuru neza cyane

Kadafi yanditse ku itariki ya: 15-09-2023  →  Musubize

Kureabastinze bacahe.

niyibizi yanditse ku itariki ya: 14-09-2023  →  Musubize

Gusabakureba amanotanagize

Niyigena leonille yanditse ku itariki ya: 12-09-2023  →  Musubize

ikibazo fite cy ndagamunu indahuye na diplome fite nabuze uko najya kwiga kad amasom abiri nyafitemo B,D ark indangamunu nayirutseho ibyaka 10 yose byaranze ndasaba ubufasha,nkava mubushumeri mazemo ibyaka10 yose :indagamunu hariho ntigirinzingo sibomana jean damascene naho diplome hariho sibomana jean damascen nkeneye umunu wese wafasha murikibazo jye narananiwe,pe.!mufashe nadekaraye ishoro2 isohoka ntacyo yahidutseho nubu yasubiyeyo imaz ibyaka 3 ntayibona,..narashumereye kubera indagamun mufashe number 0791403834

sibomana jean damascne yanditse ku itariki ya: 4-09-2023  →  Musubize

kutwohereza amakuru arikumwe navideo

NAHIMANA yanditse ku itariki ya: 2-09-2023  →  Musubize

Mwiriweho,mutubarize Barwiyemezamirimo basarura ibiti bikuza byareta byo kumihanda Huye-Nyanza, cyangwa nahandi mugihugu iyo batemye ibiti bikangiza imyaka y, abaturage niba ntangurane ihari? Abaturage barikuharenganira murakoze.

Alias yanditse ku itariki ya: 20-08-2023  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka