My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023  →  Musubize

Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.

Nzayino innocent yanditse ku itariki ya: 9-02-2023  →  Musubize

Nibyiza ko kuruyu munsi dusigasira ibyo intwari zacu zagezeho.

Vevogastar yanditse ku itariki ya: 1-02-2023  →  Musubize

Ese abikorera nkabacuruzi baratangira imirimo yabo sangahe kuruyumutsi wintwari

Mugire philibert yanditse ku itariki ya: 1-02-2023  →  Musubize

Uyumutsi abikorera baratangira imirimo yabo ayahe masaha

Mugire philibert yanditse ku itariki ya: 1-02-2023  →  Musubize

Murakoze kumakuru meza mutugezaho.

albert ishimwe yanditse ku itariki ya: 28-01-2023  →  Musubize

Ndifuza kuzafatira amahugurwa muri TTC SAVE mu karere ka. HUYE Kandi kuva itangazo ryasohoka narabikoraga bikanga mwamfasha murakoze

ICYIMPAYE Claire yanditse ku itariki ya: 11-01-2023  →  Musubize

Mwandangiye akazi kokuri internet

Arcene yanditse ku itariki ya: 3-12-2022  →  Musubize

tubakurirana twicecekeye

ntakirutimana yanditse ku itariki ya: 1-12-2022  →  Musubize

Gushaka ukonatsindira perime

Dusabimana jean rierre yanditse ku itariki ya: 17-11-2022  →  Musubize

nitwa Ukubeleyimfula Emmanuel mfite ikibazo nabuze akazi none inzara igiye kunyica-ndumufundi rk nabuze akazi ndumusore rk rwose byarancanze-umuntu wumva yamfasha ampe akazi cg akandangire-nuwumva yampa ikintungira umubiri nkabona amaramuko yab’akoze-nkodesha inzu mukarere kabugesera umurenge wanyamata akagari ka cyugaro umudugudu wa kingabo rk nayo nabuze ahonkura amafaranga yokuyishyura mbambona amaherezo nyirinzu azanyirukana/rwox ndabinginze mumfashe\mbashimiye uburyo mwakiriye ubusabe bwange uwumva wese yamfasha number igendanwa niyi 0781723395 murakoze.

Ukubeleyimfula Emmanuel yanditse ku itariki ya: 31-10-2022  →  Musubize

Nasabye umukobwa,muri 2011.ndakwa,dusezerana mumurenge,no murusengero.tumaranye,imyaka11,tubyaranye abana4,none uwo mugore we nase,bagiye guporotika muri rib,ngo namurongoye imyaka itageze,nkibaza ngo umubyeyi yariye inkwano,umwana adakuze!Ndasaba kurenganurwa murakoze.

Nitwa baziruwiha jean paul yanditse ku itariki ya: 25-10-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka