My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
NDASHIMIRA ABAYOBOZI BACU BADAHWEMA GUTEKEREZA IBYATEZIMBERE AKARERE KACU
Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze
Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze
Mwadusobanurira niba mu karere ka Kicukiro Umurenge wa Kanombe ,Akagali ka Karama Umudugudu wa Karama niba haragenewe ku bakwa amazu aciriritse ? Murakoze
Mwaramutse neza! Mutwigeho nk,abantu twarangije amashuri 3 yisumbuyeu kandi njyewe kucyanjye giti nshaka gukora akazi k,umutekano kuko mbyiyumvamo cyane, midukorere ubuvugizi maze tubashe kubona ibyo twakora. Number ni: 8780700751.Mirakoze!
Murebere hamwe mwige kubantu nice amashuri 3 yisumbuyeu kuko abadafite amashuri 6 yisbuye ntabwo bacibwaho iteka.
Nkunda amakuru yo mu Rwanda cyane!!!
mwiriwe.neza.
dabakuda.
fite.amahi.rweyogukina.
fite.inyaka21.chaka.gucyina..bizaba.icyi?
niwomwuga.chaka?
mumbarize.
dinyagatare.murakoze.
Kujya kwivuza
SEZIBERA Damascene bamufashe arimo atumura urumogi mwisoko rya Birembo mu Murenpe wa Sovu_ Ngororero, le 26.02 .2021 16:00, Bahise bamusikiriza RIB ikorera mu Murenge wakavumu arigukurikiranwa ; intamenya y’ akamasa irigata ubugi bwintorezo.
INEC NUMUKOBWA Cg numugore ?
INEC N’ UMUKOBWA CYANGWA NUMUGORE