My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

NDASHIMIRA ABAYOBOZI BACU BADAHWEMA GUTEKEREZA IBYATEZIMBERE AKARERE KACU

NDAYAMBAJE VITAL yanditse ku itariki ya: 27-05-2021  →  Musubize

Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze

Iyamuremye bosco yanditse ku itariki ya: 21-05-2021  →  Musubize

Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze

Iyamuremye bosco yanditse ku itariki ya: 21-05-2021  →  Musubize

Mwadusobanurira niba mu karere ka Kicukiro Umurenge wa Kanombe ,Akagali ka Karama Umudugudu wa Karama niba haragenewe ku bakwa amazu aciriritse ? Murakoze

Bernard yanditse ku itariki ya: 20-05-2021  →  Musubize

Mwaramutse neza! Mutwigeho nk,abantu twarangije amashuri 3 yisumbuyeu kandi njyewe kucyanjye giti nshaka gukora akazi k,umutekano kuko mbyiyumvamo cyane, midukorere ubuvugizi maze tubashe kubona ibyo twakora. Number ni: 8780700751.Mirakoze!

Alias yanditse ku itariki ya: 30-04-2021  →  Musubize

Murebere hamwe mwige kubantu nice amashuri 3 yisumbuyeu kuko abadafite amashuri 6 yisbuye ntabwo bacibwaho iteka.

Alias yanditse ku itariki ya: 30-04-2021  →  Musubize

Nkunda amakuru yo mu Rwanda cyane!!!

Kana k’imana patrick yanditse ku itariki ya: 14-04-2021  →  Musubize

mwiriwe.neza.
dabakuda.
fite.amahi.rweyogukina.
fite.inyaka21.chaka.gucyina..bizaba.icyi?
niwomwuga.chaka?
mumbarize.
dinyagatare.murakoze.

gatabazi.korode yanditse ku itariki ya: 12-03-2021  →  Musubize

Kujya kwivuza

Mpabwanimana lenille yanditse ku itariki ya: 2-03-2021  →  Musubize

SEZIBERA Damascene bamufashe arimo atumura urumogi mwisoko rya Birembo mu Murenpe wa Sovu_ Ngororero, le 26.02 .2021 16:00, Bahise bamusikiriza RIB ikorera mu Murenge wakavumu arigukurikiranwa ; intamenya y’ akamasa irigata ubugi bwintorezo.

Albert yanditse ku itariki ya: 1-03-2021  →  Musubize

INEC NUMUKOBWA Cg numugore ?

BAYINGANA CHARLES yanditse ku itariki ya: 25-02-2021  →  Musubize

INEC N’ UMUKOBWA CYANGWA NUMUGORE

ALIAS yanditse ku itariki ya: 25-02-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka