My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Mwiriwe neza.Ndashimira abayobozi bacu,barakoze rwose.Ariko bibuke ko abaturage batuye akagari ka Rwotso I Kibirizi duheze mu icuraburindi.bgerageze natwe tubone umuriro nkuko bahora babitwizeza.Murakoze.
Nibyiza ko kuruyu munsi dusigasira ibyo intwari zacu zagezeho.
Ese abikorera nkabacuruzi baratangira imirimo yabo sangahe kuruyumutsi wintwari
Uyumutsi abikorera baratangira imirimo yabo ayahe masaha
Murakoze kumakuru meza mutugezaho.
Ndifuza kuzafatira amahugurwa muri TTC SAVE mu karere ka. HUYE Kandi kuva itangazo ryasohoka narabikoraga bikanga mwamfasha murakoze
Mwandangiye akazi kokuri internet
tubakurirana twicecekeye
Gushaka ukonatsindira perime
nitwa Ukubeleyimfula Emmanuel mfite ikibazo nabuze akazi none inzara igiye kunyica-ndumufundi rk nabuze akazi ndumusore rk rwose byarancanze-umuntu wumva yamfasha ampe akazi cg akandangire-nuwumva yampa ikintungira umubiri nkabona amaramuko yab’akoze-nkodesha inzu mukarere kabugesera umurenge wanyamata akagari ka cyugaro umudugudu wa kingabo rk nayo nabuze ahonkura amafaranga yokuyishyura mbambona amaherezo nyirinzu azanyirukana/rwox ndabinginze mumfashe\mbashimiye uburyo mwakiriye ubusabe bwange uwumva wese yamfasha number igendanwa niyi 0781723395 murakoze.
Nasabye umukobwa,muri 2011.ndakwa,dusezerana mumurenge,no murusengero.tumaranye,imyaka11,tubyaranye abana4,none uwo mugore we nase,bagiye guporotika muri rib,ngo namurongoye imyaka itageze,nkibaza ngo umubyeyi yariye inkwano,umwana adakuze!Ndasaba kurenganurwa murakoze.