My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1377 )

Nibyizape kukonigenzi

Habimanawilison yanditse ku itariki ya: 26-09-2022  →  Musubize

Mutubarize igihe amanota yabanyeshuri azasohokera

Nsengimana Theoneste yanditse ku itariki ya: 24-09-2022  →  Musubize

MWATUBWIYE IGIHE AMANOTA AZASOHOKERA

ALIAS yanditse ku itariki ya: 12-09-2022  →  Musubize

ikibazo dufite: lege yamaninse insinga,itwimpa umuriro none tumaze umwaka tudacana,akarere ngororero, sector muhanda, cell: rutagara,, baduhaye umuhanda nyuma yimwaka 2 warangiritse ntamodoka iwugendamo, ese akarere ntangengo yimari kagira yogusana imihanda, muzatubarize, Meya wa ngororero
Umuhanda uhuza umurenge wa sovu na Muhanda,

Nzayisenga Patrick yanditse ku itariki ya: 19-08-2022  →  Musubize

Intara : yiburengerazuba Akarere :kanyabihu

Manirumva orivie yanditse ku itariki ya: 9-08-2022  →  Musubize

KIREHE NI IYAKANGAHE MUMIJYI YUNGANIRA KIGALI? murakoze.

RUKUNDO DAVID yanditse ku itariki ya: 8-08-2022  →  Musubize

IGITONDI GIKEYENEZA

EMMANUEL yanditse ku itariki ya: 29-07-2022  →  Musubize

nitwa tuyisenge Innocent ntamuriro dufite mugace kumudugudu wa rwakabanda hepfo yo mugasantere ko mukigobe twasigaye hagatiyabandi dusigara hagati tudacana mudufashe

tuyisenge innocent yanditse ku itariki ya: 15-07-2022  →  Musubize

nitwa tuyisenge hamwe nabaturage bagenzibanjye mumudugudu wa rwakabanda haragace gato katabonekamo network ntaterefone zihakorera ntaminara ya phone mudufashe

tuyisenge innocent yanditse ku itariki ya: 15-07-2022  →  Musubize

Mujyemutwereka amakuru yakarere kakayonza

Shumbusho martin yanditse ku itariki ya: 11-07-2022  →  Musubize

Nunda amakuru mukomeza kutugezaho. Mukomerezaho rwese murakoze

Manirafasha obed yanditse ku itariki ya: 8-07-2022  →  Musubize

Nkunda abaturarwanda bose.

Manirafasha obed yanditse ku itariki ya: 8-07-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka