My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Nibyizape kukonigenzi
Mutubarize igihe amanota yabanyeshuri azasohokera
MWATUBWIYE IGIHE AMANOTA AZASOHOKERA
ikibazo dufite: lege yamaninse insinga,itwimpa umuriro none tumaze umwaka tudacana,akarere ngororero, sector muhanda, cell: rutagara,, baduhaye umuhanda nyuma yimwaka 2 warangiritse ntamodoka iwugendamo, ese akarere ntangengo yimari kagira yogusana imihanda, muzatubarize, Meya wa ngororero
Umuhanda uhuza umurenge wa sovu na Muhanda,
Intara : yiburengerazuba Akarere :kanyabihu
KIREHE NI IYAKANGAHE MUMIJYI YUNGANIRA KIGALI? murakoze.
IGITONDI GIKEYENEZA
nitwa tuyisenge Innocent ntamuriro dufite mugace kumudugudu wa rwakabanda hepfo yo mugasantere ko mukigobe twasigaye hagatiyabandi dusigara hagati tudacana mudufashe
nitwa tuyisenge hamwe nabaturage bagenzibanjye mumudugudu wa rwakabanda haragace gato katabonekamo network ntaterefone zihakorera ntaminara ya phone mudufashe
Mujyemutwereka amakuru yakarere kakayonza
Nunda amakuru mukomeza kutugezaho. Mukomerezaho rwese murakoze
Nkunda abaturarwanda bose.