My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
Kumenya imyanya muburezi
Tubashimiye Amakuru mudahwema kutugezaho
Mwiriwe neza uriya mwarimu waru komo so.p.e.m Albert imana imuhe umugisha kukwitanga yagize kubanyarwanda Bose
Kandi uriya nawe umukama winka zakubishye ninkuba akwiye gusumbushwa kandi yihangane bibaho
Murakoze
We need to know the news about teachers recruitment.
Amafotoajekeje
hano iwacu kirehe umurenge wa mushikiri
twambuwe na karere ka kirehe amafaranga
muri viyupi none ubu dutegereje kujya kurega mubadepite
Twipfuza mudushitseho amakuru ajyanye n’urukundo.MURAKOZE.KUNKUMI N’IMISORE MWIKIGIHE KIRANGIZA ISI.
Akarere kakayonza umurenge wakabarondo akagari kacyinzovu gukomeza murizarundu turasaba mutuvuganire tumenyeshwe impamvu tudahabwa umuriri wamashanyarazi nyuma yigihe kunin tubeshywa guhabwa umuriro
Murigashora ngohaje ibitaro bya barwayi ba covide19 mutubwire
Mwiriwe,mutubarize ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali,Akarere ka Kicukiro by’umwihariko igihe umuhanda uhuza Rwamagana (Inyakaliro) na Kicukiro (Imasaka)uzakorerwa.
Abaturajye dutuye Igishore Nyakaliro nitwe dukunze kwitanga amafaranga ngo dusane umuhanda nibura tubine uko tuhanyura ark intege zacu ntizibe nyinshi nkuko bikenewe.
ese uyu muhanda nibura waba uzakorwa ryari??
Kigali tudeyi
Mwaramutse nda shaka kumenya icyaraye cyanzuwe munama yo gufungura ingendo muntara