My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

Kumenya imyanya muburezi

4cs yanditse ku itariki ya: 12-11-2020  →  Musubize

Tubashimiye Amakuru mudahwema kutugezaho

Hakizimana jean bosco yanditse ku itariki ya: 11-11-2020  →  Musubize

Mwiriwe neza uriya mwarimu waru komo so.p.e.m Albert imana imuhe umugisha kukwitanga yagize kubanyarwanda Bose

Kandi uriya nawe umukama winka zakubishye ninkuba akwiye gusumbushwa kandi yihangane bibaho

Murakoze

William Kamana yanditse ku itariki ya: 28-10-2020  →  Musubize

We need to know the news about teachers recruitment.

Habimana jean damascene yanditse ku itariki ya: 26-10-2020  →  Musubize

Amafotoajekeje

Habumugishaprotegane yanditse ku itariki ya: 5-10-2020  →  Musubize

hano iwacu kirehe umurenge wa mushikiri
twambuwe na karere ka kirehe amafaranga
muri viyupi none ubu dutegereje kujya kurega mubadepite

gongenike yanditse ku itariki ya: 24-09-2020  →  Musubize

Twipfuza mudushitseho amakuru ajyanye n’urukundo.MURAKOZE.KUNKUMI N’IMISORE MWIKIGIHE KIRANGIZA ISI.

DavidAliasBenny-parfait Ndayisaba yanditse ku itariki ya: 23-09-2020  →  Musubize

Akarere kakayonza umurenge wakabarondo akagari kacyinzovu gukomeza murizarundu turasaba mutuvuganire tumenyeshwe impamvu tudahabwa umuriri wamashanyarazi nyuma yigihe kunin tubeshywa guhabwa umuriro

Alias yanditse ku itariki ya: 12-09-2020  →  Musubize

Murigashora ngohaje ibitaro bya barwayi ba covide19 mutubwire

Alias yanditse ku itariki ya: 1-09-2020  →  Musubize

Mwiriwe,mutubarize ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali,Akarere ka Kicukiro by’umwihariko igihe umuhanda uhuza Rwamagana (Inyakaliro) na Kicukiro (Imasaka)uzakorerwa.

Abaturajye dutuye Igishore Nyakaliro nitwe dukunze kwitanga amafaranga ngo dusane umuhanda nibura tubine uko tuhanyura ark intege zacu ntizibe nyinshi nkuko bikenewe.

ese uyu muhanda nibura waba uzakorwa ryari??

MUGABO Aime yanditse ku itariki ya: 25-08-2020  →  Musubize

Kigali tudeyi

Zirimwabagabo Simeon form rusizi rwanda logo bishop yanditse ku itariki ya: 15-08-2020  →  Musubize

Mwaramutse nda shaka kumenya icyaraye cyanzuwe munama yo gufungura ingendo muntara

Zirimwabagabo Simeon form rusizi rwanda logo bishop yanditse ku itariki ya: 15-08-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka