My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
MUTUBARIZE IGITUMA ABAYOBOZI BAKARERE BIHEMBA;ARIKO GUHEMBA ABARIMU BIKABA BYARABANANIYE!NONE NGO IREME RY’UBUREZI!NARUMIWE
Natwe imvura imezenabikbs!gusatwishimiye ukomutujyezaho amakuru yihuta hirya nohino mugihugucyacu
amanota ya s3 bayareba gute?
Kuleba amata y cya Leta 2019
Ndashaka kureba amanota nagize
ikibazo cy’ibyo kurya kumasoko birahenze.urugero nk’ibishyimbo ni 800 kukiro leta nidufashe inzara itazatwica
mwandebeye amanota yicyareta 2019
Mukomereze aho,
Mukomereze aho,
Ndi nyamagabe mumure watare mudukurikiranire ikikibazo uruganda rwicyayi rwa kitabi rwadutwariye imirima none amaso yaheze mukire mudukorere ubuvugizi hashize umwaka nigice ubwo buka buri mutugari twa nyamigina na gatovu
Mukarekacuka rubavu,umurenge wa bugeshi.
byumwihariko akagalikacu ka butaka dufite ikibazo cumuriro tutarabona kdi duturi ishamba,mbesi turimusi yakarisimbi na mikeno.
murakoze
Muraho neza umuntu abafite ibitekerezo byinshyi byafasha iterambere kwihuta ariko kubera kubura aho wahera Ibibazo birakomeza bikaba kandi byagombye gukemuka Mfite igitekerezo cyibyakorwa hakagabanuka ibyuka bihumanya ikirere bityo rero ababifite munshingano mwamfasha tukarinda ikirere cyacu murakoze 0787796128 ndumunyeshuri S6 in Rusumo high school nibintu twaganiriyeho cyane murakoze.