My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

MUTUBARIZE IGITUMA ABAYOBOZI BAKARERE BIHEMBA;ARIKO GUHEMBA ABARIMU BIKABA BYARABANANIYE!NONE NGO IREME RY’UBUREZI!NARUMIWE

ALIAS yanditse ku itariki ya: 7-02-2020  →  Musubize

Natwe imvura imezenabikbs!gusatwishimiye ukomutujyezaho amakuru yihuta hirya nohino mugihugucyacu

Elise yanditse ku itariki ya: 30-01-2020  →  Musubize

amanota ya s3 bayareba gute?

Nzamukosha yanditse ku itariki ya: 30-12-2019  →  Musubize

Kuleba amata y cya Leta 2019

Iradukunda Gatera Kevin yanditse ku itariki ya: 28-12-2019  →  Musubize

Ndashaka kureba amanota nagize

Umuberarugo Salama yanditse ku itariki ya: 28-12-2019  →  Musubize

ikibazo cy’ibyo kurya kumasoko birahenze.urugero nk’ibishyimbo ni 800 kukiro leta nidufashe inzara itazatwica

Manizabayo patrick yanditse ku itariki ya: 28-12-2019  →  Musubize

mwandebeye amanota yicyareta 2019

ishimwe swabiru yanditse ku itariki ya: 26-12-2019  →  Musubize

Mukomereze aho,

Aime yanditse ku itariki ya: 26-12-2019  →  Musubize

Mukomereze aho,

Aime yanditse ku itariki ya: 26-12-2019  →  Musubize

Ndi nyamagabe mumure watare mudukurikiranire ikikibazo uruganda rwicyayi rwa kitabi rwadutwariye imirima none amaso yaheze mukire mudukorere ubuvugizi hashize umwaka nigice ubwo buka buri mutugari twa nyamigina na gatovu

# yanditse ku itariki ya: 23-12-2019  →  Musubize

Mukarekacuka rubavu,umurenge wa bugeshi.
byumwihariko akagalikacu ka butaka dufite ikibazo cumuriro tutarabona kdi duturi ishamba,mbesi turimusi yakarisimbi na mikeno.
murakoze

Turinayo alphonse’ yanditse ku itariki ya: 22-12-2019  →  Musubize

Muraho neza umuntu abafite ibitekerezo byinshyi byafasha iterambere kwihuta ariko kubera kubura aho wahera Ibibazo birakomeza bikaba kandi byagombye gukemuka Mfite igitekerezo cyibyakorwa hakagabanuka ibyuka bihumanya ikirere bityo rero ababifite munshingano mwamfasha tukarinda ikirere cyacu murakoze 0787796128 ndumunyeshuri S6 in Rusumo high school nibintu twaganiriyeho cyane murakoze.

Niyonsenga Mathias yanditse ku itariki ya: 7-12-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka