My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1377 )
Ohereza igitekerezo
|
Gushaka icyareta cya 2020 2021
mwiriwe gahunda nukwirinda ikyorezo ariko harabantu batabyitaho hari abatambara ubupfuka munwa ubukabari barabukinze ariko abantu birwa barimo kunywa arikingenzi tugomba kwirinda ikyorezo tugakurikiza namategeko yareta
murakoze
Utubari ntitwafunze! Inzoga ziranyobwa, ba gitifu b’utugali bahabwa ruswa bakabareka! None murabona icyorezo kizahagarara gite?
MUMEAMAKURUYOMUBIRUNGA
Mwiriwe neza bavandimwe njyewe nize Agronome hari igitekerezo Mfite cyavamo project ariko nifuza KO mwandangira ahantu nabinyuza ngo ngirwe yuko nabishyira mubikorwa. Murakoze cyane
Ni HITIMANA Daniel umunyeshuri muri G S St FA DE KANSI Abanyeshuri Tugomba kugira uruhare muiterambere ryigihugu
mudukorere ubuvugizi tubone amashanyarazi muri nyamugali umurenge wa mwili muri kayonza
rwose natwe mudukorere ubuvugizi tubone amashanyarazi muri nyamugali umurenge wa mwili muri kayonza
NDASHIMIRA ABAYOBOZI BACU BADAHWEMA GUTEKEREZA IBYATEZIMBERE AKARERE KACU
Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze
Mutubwira ikorwa ryumuhanda wa cyakabiri nyabikenke_ndusu aho bijyeze
Mwadusobanurira niba mu karere ka Kicukiro Umurenge wa Kanombe ,Akagali ka Karama Umudugudu wa Karama niba haragenewe ku bakwa amazu aciriritse ? Murakoze