My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
Kuzagya menya amakuru ya turere du tandukanye
Murwanda
mutubarize meya wa gisagara aho gahunda yo kubaka umuhanda save-gisagara aho bigeze cg niba ubushobozi ntabwo kuko bimaze igihe kinini cyane murakoze
murakoze cyane
Gushaka akazi
Mutubarize Meya wa Rusizi
Impamvu utundi turere badufungurira injyendo Rusizi bigakomeza kuba icyibazo kuko sinako karere
Ko nyine gakora kumi paka kuburyo ariko gahaha indwara nyinshi kdi arahemukira abaturajye bahahiraga hanze ya karere
Mwaramutse?mubyukuri nagahinda ni shavu kuka Rere ka Rusizi kumva katava mukato abaturage bitugiraho ingaruka;Zikomeye cyane none rero reta nikiteho. Byumwihariko gafashwe gufata ingamba zitanga igisubizo kubaturage murakoze.
Mutubarize meya wa kayonza impamvu aba maso bubatse amashuri yo murisite yakageyo rwisirabo na ndago muka wa2015 2017 zirimumurenge wa mwili impamvu batishyurwa
Mutubarize uwitwa Claudine Uri Ku acting kumwanya w’ushinzwe abakozi mu karere ka Karongi hamwe na executif w’akarere ukuntu abantu bakoze examen z’akazi murwego rw’ubuzima results zikaba zarasohotse kuwa 06/03/2020 abatsinze bagasabwa gutanga dossiers none bakaba bagejeje iki gihe nta mabaruwa barahabwa ahubwo barangiza bagasohora itangazo mukwezi kwa gatandatu bavuga ngo habaye ikibazo mumashusho .kuki badafata umwanzuro ngo birangire?numero za Claudine ni 0788512257.murakoze
Nkeneye kubona shortliste yi myanya kukazi kubwarimu muri primary murakoze 🙏🙏
Gukubita no gukomeretsa Ni icyaha si igihano,ntabwo witwaza ububasha nyafite ngo bahohotere Abo bashinzwe,nibahamwa nicyaha bazabihanirwe rwose,n’abandi bibabere isomo.Murakoze!
NDIFUZA KUMENYA MUNARA YIBURASIRAZUBA MUKARERE KANGOMA
Ndashimira mayor wa Karere kacu ka Bugesera na Gitif w’umurenge wa Nyamata kuruhare rukomeye n’imbaraga bakoresha mugukumira covid 19 .