My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

Ngewe narimfite ikibazo bidiye turashakako idufusha dugakora tukayishyura mumurenge wakibirizi thangs

Nsanzuwera egide yanditse ku itariki ya: 1-08-2019  →  Musubize

Mujye mumpa amakuru yose ajyezweho arebana nakzi kuburezi muri Kano karere .
murakoze

Gilbert yanditse ku itariki ya: 1-08-2019  →  Musubize

mbanje kubasuhuza ni amakuru nshaka gutanga hari igikorwa kizabera muri GASABO/ RUSORORO MUKIGO CY’URUBYIRUKO CYA YEGO CENTER KABUGA akaba ari igikorwa kizatangira taliki 26/07/2019 igkorwa ni YEGO TALENT SHOW kigamije gutuma urubyiruko rwiteza Imbere bakoreresheje impano zabo kuva saa 14h:00 kujyeza saa 19h:00murakoze kwakira amakuru tubahaye /murakoze bakunzi ba kigali today

TUYISHIMIRE JEAN D’AMOUR yanditse ku itariki ya: 22-07-2019  →  Musubize

Kumenya Amakuru. Ya gatsibo

karangwa charles yanditse ku itariki ya: 18-07-2019  →  Musubize

Mwaramutse mwese uwomuntu wishimye kyane agahitirakwo imana imuhe ikiruhuko kindashira

Tumusime tom yanditse ku itariki ya: 5-07-2019  →  Musubize

APR NIBIKI RIGUKORA

GATORANO Elia yanditse ku itariki ya: 29-06-2019  →  Musubize

IBYISHIMO BYOGUTWARA IGIKOMBE KURI LEYONSIPORO BITUMYE UMUGABO UMWE AHASIGA UBUZIMA@Hari mugitondo Ko Kukumweru le02/06/2019 abagabo baramukiye mukabari bari Kwishimira Igikombe Ka Reyonsiporo yatwaye! arinako bananywa inzoga kugeza bwije. bigeze muma saa9:00 zumugoroba umugabo uzwi NKA GASITONI Utuye mumudugudu wa KABAKUNGU AKAGARI KANYAMIRAMBO UMURENGE WA RONGI AKARERE KAMUHANGA Yatashye yanyweye inzoga nyinshi. Yaranyereye agwa munsi yumukingo birangira yitabye IMANA. NONE Alashyingurwa kuri uyuwa kabiri le04/06/2019(Imana imuhe iruhuko ridashira.)

Alias yanditse ku itariki ya: 4-06-2019  →  Musubize

kuki uwo mugabo ngo ni sankara yi gize akagabo

sadam yanditse ku itariki ya: 28-05-2019  →  Musubize

Dukomeje kubakurikirana mwiterambere turabemera cyane ku Banyakarongi Bose.

Marcel habimana yanditse ku itariki ya: 25-05-2019  →  Musubize

Rusizi is still behind in service delivery and corruption from the cell level up to the district level .there ,roads ,bridges,markets ,jobs delivery will affect mayor’s.from Jean pierre,Fabien Oscar,Freud.reka turebe Wenda uyu mujene we azazana impinduka

Alias yanditse ku itariki ya: 25-05-2019  →  Musubize

Akarere ka Rusizi kadindizwa na ruswa :mu itangwa ry,amasoko ,akazi kuko aha abakozi ba Ralga barakoreshwa muzagenzure,ikimenyane n,ibindi.

Alias yanditse ku itariki ya: 25-05-2019  →  Musubize

NDASHIMIRA UBUYOBOZI BWAKARERE BWATEKEREJE GUSHYIRAHO AMATSINDA (KANGWA) AMAKOPERATIVE AGOMBAKUBUNGABUNGA UMUHANDA UVA MUCYAKABIRI CYAJYITARAMA UGANA IMUSANZE. BYUMWIHARIKO MUGICE CYA KARERE KA MUHANGA. KUKO AMAFARANGA BABIHEMBERWA" ABAFASHA KWITEZAIMBERE, ARIKO BIRIKUVUGWA YUKO NGO UBUYOBOZI BWAKARERE KA MUHANGA BUSHAKA KUBAKURAMO BAGASHYIRAMO ABASHOMERI BARANGIJE KWIGA BABUZE AKAZI. ARIKO NANGE NDUMWE MUBAYOBOZI BINZEGO ZIBANZE ABO BATURAJYE BAWUKORAGAMO NIHO BAKURAGA UBUSHOBOZI BWO GUFASHA ABANA BABO KWIGA’ BYUMWIHARIKO ABENSHI NIHO BAKURAGA AMAFARANGA YO GUTANGA (MITUWERI) REKA NGIRE INAMA UBUYOBOZI BWA KARERE KA MUHANGA KUZABIGANIRANHO NEZA: KUGIRANGO BATAZAKEMURA IKIBAZO KANDI BATEJE IKINDI KIBAZO GIKOMEYE. (MURAKOZE BAKUNZI BA KIGALI TODAY.)

alias yanditse ku itariki ya: 23-05-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka