My District Today
Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.
Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.
Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.
Kigali Today.
Ibitekerezo ( 1297 )
Ohereza igitekerezo
|
Ndashimira umuntu wese wagize uruhare rwo gushyiraho ubu buryo bwo kubonera amakuru y’Akarere kugihe. ni muduhe amakuru agezweho ubu mu karere kacu ka Ngoma.
NDABAKURIKIYE MWESE MUKOMEZE MUMPE INKURU
mumurenge wa kabarore mukagari ka kabeza ejo umugabo yafatiwe mukabari asambana numugore utaruwe .yafashwe numugorewe arahondagura karahava uwo mugabo nuwo mugare utaruwe baratoka.
Kumenyera amakuru kugihe
nitwa INGABO ROGER nashakaga ngo mubwire uburyo nasaba stage
MWATUBWIRA UBURYO UMUNTU YA TANGA UMUSANZU W’UMURYANGO BINYUZE KURI( MOM,TIGO CASH),KUGIRANGO TUBONE UKO DUTANGA INKUNGA MUMURYANGO WACU RPF /MY PHONE IS 0788832568 ,MURAKOZE CYANE TURABASHIMIYE.
Amakuru muri gicumbi bimeze bite
muri uyumugoroba irondo rya kagarika nyakabanda rifashe umusorewibye uruzitirorwi ibyuma
akarere kacu turagashimira ibyiza kadahwema kutugezaho uriya muhanda uzadushimisha.
dukunda igihugu cyacu cy’urwanda
NAMWE NDABASHISHIKARIZA KUCYITANGIRA NOKU KIRINDA UMWANZI AHO YAVA HOSEEEEEEEEEEEEEEEEEEE
AMAKURU MU KAREREKA NYAMAGABE
Mwiriwe neza.
Ikibazo cyanjye ku buyobozi bw
akarere ka Rutsiro kirebana ibikorwa remezo, Hari ahantu intindo yahuzaga Karongi umurenge wa Rubengera n
Akagari ka Kabuga ho muri Rutsiro imaze imyaka 2 yarangijwe nibiza none kugeza ubu nta kirakorwa. abantu baheze mu bwigunge kuko na moto kugera ahitwa i Gihara bigoye. Mutubarize ubuyobozi b
Akarere.