My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1297 )

Ndashimira umuntu wese wagize uruhare rwo gushyiraho ubu buryo bwo kubonera amakuru y’Akarere kugihe. ni muduhe amakuru agezweho ubu mu karere kacu ka Ngoma.

Nyamwigendaho Methode yanditse ku itariki ya: 13-11-2019  →  Musubize

NDABAKURIKIYE MWESE MUKOMEZE MUMPE INKURU

Alexander niyonsenga yanditse ku itariki ya: 12-11-2019  →  Musubize

mumurenge wa kabarore mukagari ka kabeza ejo umugabo yafatiwe mukabari asambana numugore utaruwe .yafashwe numugorewe arahondagura karahava uwo mugabo nuwo mugare utaruwe baratoka.

Alexander niyonsenga yanditse ku itariki ya: 12-11-2019  →  Musubize

Kumenyera amakuru kugihe

Manzi Bosco yanditse ku itariki ya: 9-11-2019  →  Musubize

nitwa INGABO ROGER nashakaga ngo mubwire uburyo nasaba stage

roger yanditse ku itariki ya: 1-11-2019  →  Musubize

MWATUBWIRA UBURYO UMUNTU YA TANGA UMUSANZU W’UMURYANGO BINYUZE KURI( MOM,TIGO CASH),KUGIRANGO TUBONE UKO DUTANGA INKUNGA MUMURYANGO WACU RPF /MY PHONE IS 0788832568 ,MURAKOZE CYANE TURABASHIMIYE.

BAVUGWAMENSHI J M V yanditse ku itariki ya: 24-10-2019  →  Musubize

Amakuru muri gicumbi bimeze bite

Uwinema jmv yanditse ku itariki ya: 18-10-2019  →  Musubize

muri uyumugoroba irondo rya kagarika nyakabanda rifashe umusorewibye uruzitirorwi ibyuma

clement yanditse ku itariki ya: 17-10-2019  →  Musubize

akarere kacu turagashimira ibyiza kadahwema kutugezaho uriya muhanda uzadushimisha.

ishimwe herve yanditse ku itariki ya: 9-10-2019  →  Musubize

dukunda igihugu cyacu cy’urwanda
NAMWE NDABASHISHIKARIZA KUCYITANGIRA NOKU KIRINDA UMWANZI AHO YAVA HOSEEEEEEEEEEEEEEEEEEE

ITANGISHAKA IRENE yanditse ku itariki ya: 18-09-2019  →  Musubize

AMAKURU MU KAREREKA NYAMAGABE

ALIAS yanditse ku itariki ya: 17-09-2019  →  Musubize

Mwiriwe neza.
Ikibazo cyanjye ku buyobozi bwakarere ka Rutsiro kirebana ibikorwa remezo, Hari ahantu intindo yahuzaga Karongi umurenge wa Rubengera nAkagari ka Kabuga ho muri Rutsiro imaze imyaka 2 yarangijwe nibiza none kugeza ubu nta kirakorwa. abantu baheze mu bwigunge kuko na moto kugera ahitwa i Gihara bigoye. Mutubarize ubuyobozi bAkarere.

Desire yanditse ku itariki ya: 14-08-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka