My District Today

Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda.

Kigali Today yihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bayisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye.

Mu buryo bwo kurushaho kunoza imikorere, Kigali Today ibazaniye uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k’u Rwanda. Ubwo buryo ni bwo MY DISTRICT TODAY.

Kigali Today.

Ibitekerezo   ( 1370 )

INEC N’ UMUKOBWA CYANGWA NUMUGORE

ALIAS yanditse ku itariki ya: 25-02-2021  →  Musubize

Uruhushya nshaka nukujya gukoresha imodoka

Niyonkuru Jacques yanditse ku itariki ya: 2-02-2021  →  Musubize

Urukingorw’acovid-19 ruzaboneka ryari?ko iri kubica bigacika.

Jean claude Habineza yanditse ku itariki ya: 29-01-2021  →  Musubize

Banyarwanda banyarwanda kazi twese turabiziko mumujyi wa’kigali ,gahunda ari guma murugo dukoreshe neza umuhanda twirinda covid-19 kandi tuve murugo tujyiye aho biri ngombwa twaherewe uruhushya murakoze.

IRADUKUNDA GEDEON yanditse ku itariki ya: 29-01-2021  →  Musubize

Muraho neza gahunda ni ugukomeza kwirinda tunakangurira abandi gukomeza kwirinda twubahiriza amabwiriza yashyizweho na leta y’u Rwanda.

Prosper irakoze yanditse ku itariki ya: 20-01-2021  →  Musubize

Mwiriweneza nitwa GATERA Jean damasceni mperereye BUGESERA NYAMATA
GATARE2 mberenambere ndashimira inzego zose zubutegetsi bwigihugu cyacu uburyo zitureberera ukuntu twakwirinda covid19 kuko niyo twabura umunya Rwanda1 tuba duhombye niyompamvu twinginga buriwese kuzirikana izingamba baduha kugirango duhashye icyicyorezo gihangayicyishije isi tunasabako abafite ububasha Kuma banks kobatuvuganira anantu batse inguzanyo bakatworohereza muburyo bwokwishyura kuko imikorere yarahindutse kubera ibibihe turimo murakoze IMANA ubahe umugisha

Yego yanditse ku itariki ya: 19-01-2021  →  Musubize

Kongera ibyumba byamshuri kuri G.S kabira

diane yanditse ku itariki ya: 14-01-2021  →  Musubize

Nukuri pe mwatubazi impamvu baturingana turabaza bakutubwira ngo dosiye yabuze Kandi twabibahaye ahubwo bakongera bakatwohereza ngo ku Irembo Kandi barabijyanye

Nsabima a Alexis yanditse ku itariki ya: 12-01-2021  →  Musubize

Twebwe twarangirijwe none imyaka aho Umuyoboro w’amashanyarazi yanyuze none banze kutwishyura ahubwo bakatwaka amafaranga ngo dushake ibyangombwa Kandi bihari nimutubaze impamvu nkubu maze gutanga ibihumbi 67000 n’ IKigoma mukagali ka shanga Ariko na nubu mutubarize pe

Nsabima a Alexis yanditse ku itariki ya: 12-01-2021  →  Musubize

Kumenya amakuru agezweho

Nshimyimana Paul yanditse ku itariki ya: 5-01-2021  →  Musubize

iyodukanda kumakuruyu turere kukibidakunda nurugero haraho uhitamo intara bikanga

ahishakiye yanditse ku itariki ya: 4-01-2021  →  Musubize

abanyeshuri bazatangira ryari bomumwa wambaye wa primary na Gardiner

uwishema Diogene yanditse ku itariki ya: 23-11-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka